Igikoni cy’imwe cyo muri restaurant ikorera mu nyubako ya 2000 Hotel cyafashwe n’inkongi y’umuriro

mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ,Igikoni cy’imwe muri restaurant ikorera mu nyubako ya 2000 Hotel cyafashwe n’inkongi y’umuriro . Ni inkongi bivugwa ko yaturutse ku mavuta yo gutekesha muri iyo nyubako iherereye mu igorofa rya Gatanu. Abakozi bo muri iyo restaurant bahise bakora ibishoboka bazimya umuriro utarangiza byinshi. iyi nkongi ije nyuma y’iyo…

Read More

Ubudage : abantu babiri bitabye imana abandi bakomerekera mu isenyuka ry’inyubako ya Hotel

Abantu babiri biciwe i Kröv mu Budage, nyuma y’igice kimwe cy’inyubako ya hoteri cyaguye mu ijoro ryo ku wa kabiri, mu gihe abandi benshi bakometse. Ku wa kabiri, igisenge cy’iyo hoteri giherereye hafi y’inkombe z’Uruzi Moselle, cyasenyutse ahagana mu ma saa 23h00 ku isaha yaho (21h00 GMT), kimenagura amadirishya ubwo igorofa yo hejuru y’inyubako yagwaga…

Read More

Amakuru mashya : Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagiye ahagaragara

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe na zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda ,aho igiciro gishya cya litiro ya lisansi ntikigomba kurenga amafaranga y’u Rwanda ni 1629 naho mazutu itagomba kurenga amafaranga 1,652 kuri litiro. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi mukuru w’uru rwego Rugigana Everste, Urwego…

Read More

RGB yahagaritse ibikorwa byose by’inzego zose z’Itorero Ebenezer Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje ko rwahagaritse inzego zose z’Itorero Ebenezer Rwanda nyuma y’uyu mwuka mubi n’amakimbirane amaze iminsi abarizwa muri iri torero . Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ruvuga zimwe mu ngingo rwashingiyeho mu ifungwa ry’uru rusengero harimo ubutekamutwe ndetse n’uburiganya bwagiye bugaragara mumukorere y’iri torero no kuba rutujuje bimwe mu bisabwa na uru rwego kugirango…

Read More

D.R . congo : Ububiko bw’imiti bwatatswe n’inkongi y’umuriro ikomeye

Ububiko bunini bw’ikigo gishinzwe gukwirakwiza imiti cya Kisangani kizwi nka (CAMEKIS) bwangijwe cyane n’inkongi y’umuriro, yabaye mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 4 Kanama kugeza mu rukerera rwo ku wa mbere 5 Kanama. Nk’uko byatangajwe na Dr. Aimé Eyane, umuyobozi wa CAMEKIS, imiti ifite agaciro ka miliyoni irenga y’amadolari y’Amerika yamaze guhinduka umuyonga kubera…

Read More

Dufite insengero ziruta amashuri ari muri iki gihugu : Dr. Kaitesi Usta

Umuyobozi Mukuru wa RGB, Dr. Kaitesi Usta, asanga mu kubaka insengero hakwiye no kubaho kugabanya ubucucike ahubwo ubwo butaka bugakoreshwa ibindi. Yatanze urugero kuri ADEPR, avuga ko muri Kigali ihafite insengero zingana n’utugari tuyibarizwamo. Iri torero rifite insengero zisaga 3000 mu Gihugu hose. Dr. Kaitesi Usta aho yagize ati : “Dufite insengero ziruta amashuri ari…

Read More

Paris Olempics : ese  Clementine Mukandanga niwe u Rwanda rwategaho amakiriro yo kubona nibura umudali ?

 imikino olempike yinjiye mu cyumweru cyayo cya nyuma, u Rwanda rusigaje umukinnyi umwe uzaseruka ku munsi wa nyuma w’iyi mikino,bakinnyi batandatu baserukiye u Rwanda, batanu bamaze gusezererwa nta mudali begukanye mu marushanwa yo koga, kwiruka, gusiganwa ku igare n’inkota. Ku wa gatandatu kandi Eric Manizabayo yasiganwe mu bagabo 273km ariko ageze kuri 245 akurwa mu isiganwa na…

Read More

Dore bimwe mu byatumye itorero ‘Umuriro wa Pentekote’ ryari ryiyomoye kuri ADEPR rihagarikwa

 ibikorwa by’Itorero Umuriro wa Pentekote mu Rwanda byahagaritswe n’urwego  rw’igihugu rw’Imiyoborere nyuma y’ibibazo by’imikorere bitandukanye birimo Gucamo ibice no kubiba amacakubiri n’amakimbirane by’urudaca mu bakristo. Ifungwa ry’iri Torero, rigaragara mu ibaruwa y’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, yashyizweho umukono n’Umuyobozi Mukuru warwo, Dr Usta Kaitesi  yandikiye Pasiteri Ntawukuriryayo Corneille wariyoboraga .  icyemezo uru rwego ruvuga ko rwafashe…

Read More

Police Handball Club yafatiwe ibihano nyuma yo kurangwa n’imyitwarire itari myiza

ikipe ya Police Handball club yahawe ibihano n’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Handball mu Rwanda   nyuma y’uko iherutse kwikura mu mukino utarangiye kubera kutishimira uburyo bw’imisifurire. Iri Shyirahamwe kandi rivuga ko ubugenzuzi bwakozwe hagendewe ku mategeko agenga shampiyona mu Rwanda n’agenga umukino wa Handball ku Isi ku gice kijyanye n’ibihano . Ibi ninabyo byashingiweho mu guhagarika CIP…

Read More