Amakuru mashya : Anita Pendo wakoreraga RBA yamaze gusezera mu mwuga w’itangazamakuru

Anita Pendo wari umaze imyaka 10 mu kigo cy’Igihugu cy’itangazamakuru, RBA, yamaze gusezera, ashima ibihe byiza yahagiriye. Isezera rya Pendo rije nyuma yuko ku wa 30 Werurwe 2024  igihembo cya ‘African Female Entertainment Show Host of the Year’ mu bihembo bya ‘Ladies in Media Awards 2023’ (LIMA) bitangirwa muri Ghana. Anita Pendo yegukanye iki gihembo…

Read More

NIgeria yamaze kwakira inkunga y’urukingo rw’ubushita bw’inkende yahawe na USAID

Nijeriya yakiriye doze 10,000 z’urukingo rw’ubushita bw’inkende yahawe n’ikigo cy’Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga, USAID. Iki ni icyiciro cya mbere cy’inkingo zageze mu gihugu, kuva Nijeriya yemeje ko abantu 40 banduye iyi ndwara kandi kugeza ubu, ntawe yishe. Nijeriya yafashe icyemezo cyo gushyira umwihariko kuri Leta eshanu mu gutanga izo nkingo. Izo Leta zirimo iya Bayelsa,…

Read More

Tanzania : abarimo umupfumu batawe muri yombi bashinjwa kugira aho bahuriye n’impfu z’abatari bake

Igipolisi cyo muri Tanzania cyataye muri yombi abantu bane, barimo ucyekwa ko ari umupfumu, bashinjwa kugira aho bahuriye n’impfu z’abantu 10 mu turere twa Dodoma na Singida, rwagati muri icyo gihugu. Polisi yavuze ko uwo ucyekwa ko ari umupfumu n’abandi bacyekwa bishe banahamba abandi bantu batandatu, ndetse bajugunya umurambo umwe mu ishyamba rikomwe rya Swangaswanga,…

Read More

GISHARI: Hakomeje amahugurwa y’abapolisi yitezweho guhangana n’ibiteza Afurika Umutekano muke

Abapolisi 36 bo mu bihugu bitandukanye by’Afurika, kuri uyu wa gatatu tariki ya 27 Kanama, bakomeje amahugurwa y’ibyumweru bibiri yatangiye ku wa Mbere tariki ya 26 Kanama,aho ari kubera mu Ishuri rya Polisi ry’amahugurwa (PTS) riherereye i Gishari mu Karere ka Rwamagana.  Ni amahugurwa yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Umutwe w’ingabo z’Afurika y’Iburasirazuba…

Read More

Hatangajwe icyo abakobwa baherutse kugaragara babyina bambaye ubusa mu kabari bashinjwa !

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] ruherutse gufunga abarimo nyiri akabari kagaragayemo abakobwa babyinaga bambaye ubusa, rutangaza ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko abaregwa bakoreshaga abakobwa mu bikorwa by’ubusambanyi. Aba bantu batawe muri yombi mu ijoro rishyira ku wa 18 Kanama 2024, ubwo inzego z’umutekano zasangaga abantu 22 muri aka kabari kitwa Viga Edelweiss.Abantu bagera kuri 22 bafashwe…

Read More

Igiraneza Lucky Fabrice na Terimbere Ineza Alia Ange Stevine nibo bagize amanota meza y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ndetse n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye

Minisiteri y’Uburezi imaze gutangaza ku mugaragaro amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ndetse n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri wa 2023/2024. Ni igikorwa cyabereye ku cyicaro gikuru cy’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA. Mu banyeshuri bahize abandi muri ibi bizamini harimo:Igiraneza Lucky Fabrice wigaga mu Ishuri rya The Pioneer School riherereye mu Karere…

Read More

Sudan : abarenga 60 bapfiriye mu mwuzure watewe n’iturika ry’urugomero rw’amashanyarazi

Abantu benshi bishwe nyuma y’urugomero rwasenyutse mu majyaruguru y’amajyaruguru ya Sudani, byatewe nuko muri iki gihe iki gihugu gihanganye n’imvura nyinshi itera umwuzure uteye ubwoba. Minisiteri y’ubuzima yabanje kuvuga mu itangazo ryagiye ahagaragara ritinze ku cyumweru ko urugomero rwa Arbaat ruherereye mu majyaruguru ya Port Sudani rwasenyutse, rugahitana abantu bane mu mazi y’umwuzure ndetse ko…

Read More

Mr. Eazy yateye inkunga gikorwa cyo gutera inkunga gahunda ya Leta yo kugaburira abana ku ishuri

Umuhanzi Mr. Eazi wo muri Nigeria yinjiye mu gikorwa cyo gutera inkunga gahunda ya Leta yo kugaburira abana ku ishuri cyiswe “Dusangire Lunch”, aho yiyemeje kugaburira abana 10,000 mu gihe cy’umwaka. Umunya – Nigeria Oluwatosin Oluwole Ajibade uzwi nka Mr. Eazi wamamaye cyane mu ndirimbo nk’iyitwa Property n’izindi nyinshi yagiye akora mu myaka ishize nawe…

Read More