TODAY IN HISTORY: taliki ya 14/Kamena,Abatutsi barenga 2000 barokorewe muri Saint Paul n’ingabo z’Inkotanyi, Tupac Amaru Shakur na John Churchill

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka; uyu munsi ku cyumweru ,Tariki 16/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 168 mu igize umwaka, hasigaye 198 ukagera ku musozo. 1567 Mariya, Umwamikazi wa Scotland, yafungiwe mu kigo cya Lochleven, muri ecosse. 1624 Virginia ihinduka ubukoloni bwikamba ryicyongereza nyuma yo guhomba kwa Sosiyete ya London. 1746 Intambara yabereye…

Read More

EURO 2024: Germany Vs Scotland ,amateka hagati y’ibihugu,amakuru avugwamo ,11 bashobora kubanzamo n’imvamutima z’abatoza n’abakinnyi

Ikipe y’igihugu y’ubudage[ Die Nationalmannschaf] kuri uyu wa kane igiye kwakira ikipe y’igihugu ya Ecosse cyangwa Scotland kuri sitade mberabyombi ya Fußball Arena München iherereye mu mujyi wa Munich ku isaha y’i saa tatu z’ijoro z’i kigali mu Rwanda no mu Bujumbura mu Burundi ,uyu uraza kuza kuba ari umukino ifungura irushanwa ku mugaragaro rya…

Read More

Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza ikomeje kuza mu majwi ya abatari bake mu zihabwa amahirwe yo kwegukana EURO 2024

Ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza iri muzihabwa amahirwe yo kwegukana irushanwa rya Euro 2024 rizabera mu gihugu cy\’ubudage kuri uyu wa kane taliki 14/Kamena /2024 bashingiye kubudasa n\’ubuhanga bwa abakinnyi bayo n\’uko yagiye yitwara mu marushanwa yashize. Nyuma yaho iterwa rya penaliti ribujije ikipe y\’igihugu y\’ubwongereza gutwara igikombe cy\’uburayi cyo muri 2021 nyuma gutsindwa n\’abataliyani kuri penaliti,…

Read More

Thomas Tuchel vuba aha ashobora kuza kwisanga ari umutoza wa manchester united

Umuherwe wa Manchester united sir Jim Ractife yamaza gutangaza ko mu mpera z\’iki cyumeru bashora kuza kwerekana umutoza mushya ugomba gusimbura Eric Tenhag wari usanzwe utoza iyi ikipe. Nk’uko ikinyamakuru sky sports kibitangaza ngo uwitwa Sir Jim Ratcliffe yagiranye ibiganiro imbonankubone na Thomas Tuchel, bishobora kuza gutuma Manchester United yizeye ko izabona umusimbura ku mwanya…

Read More

World cup 2026 Qualifiers;Cameroun ibifashijwemo bikomeye na Onana yatsinze Cape verde

Ikipe y\’igihugu ya Cameroun ibifashijwemo n\’Andre anana baraye banyagiye ekipe y\’igihugu ya Cape Verde ibitego 4-1 mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy\’isi cya 2026 amakipe y\’ibihugu y\’Africa akomeje guhatana ashakisha itike iyajyana mu mikino y\’igikombe cy\’isi 2026 kizabera muri America y\’epfo mu bihugu bya; Canada, Mexico na Leta zunze ubumwe za…

Read More

Ingengabihe ,amakipe y\’ibihugu ,amatsinda agabanijwemo,aho aza kinira ?… subizwa byose wibaza kuri EURO 2024 [FULL COVERAGE]

Ubwongereza bwatomboye Seribiya, Sloveniya na Danemark mu itsinda C; Scotland yatomboye mu itsinda rimwe n\’Ubudage, Ubusuwisi na Hongiriya; Euro 2024 iratangirira i Munich ku ya 14 Kamena; umukino wa nyuma uzabera i Berlin ku ya 14 Nyakanga. Ni hehe, kandi ni ryari Euro 2024 izabera ? Euro 2024 izaba kuva kuwa gatanu 14 kamena kugeza…

Read More

Uganda Cranes mu rugendo rwo gushakisha itike y\’igikombe cy\’ isi 2026.

Ikipe y\’igihugu ya Uganda \”Uganda Cranes\” itozwa n\’ umubiligi Paul Josep Put, mu myiteguro yo gushakisha itike y\’igikombe cy\’isi kizabera mu bihugu bitatu byo muri America y\’ epfo aribyo; canada, Mexico na USA. harabura iminsi ibiri iyi misambi ya Uganda igacakirana na ekipe y\’igihugu ya Botswana batazira Dipitse \”The Zebra\” itozwa n\’umutoza w\’umuFaransa Didier Gomez…

Read More

Transfert ziravuza ubuhuha mu Rwanda;Rayon sports Ku isoko ry\’igura n\’igurisha

ikipe ya Rayon sports binyuze ku ushinzwe kubashakira abakinnyi wabo witwa Emmy fire ,iyi ikipe bakunze gutazira Murera yamaze kugaragaza ko yifuza abakinnyi benshi bagiye batandukanye guhera ku umuzamu ,ba myugariro ,abakina hagati ndetse naba rutahizamu . Nyuma yuko Ishyirahamwe ry\’umupira w\’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ifatanije n\’ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bushyizeho ingengabihe ya shampiyona…

Read More

Transfert;Bruno fernandez na Zinchenko bari muri benshi bifuzwa na Bayern Munich ya vincent Kompany

 Nkuko ushinzwe ku mushakira amakipe ( Agent) bita Miguel Pinho yatangarije ikinyamakuru “ O Jogo” cy\’iwabo muri Portugal ko ibiganiro byatangiye n’ikipe ya Bayern Munich ku kuba yasinyisha uyu mukinnyi kugeza ubu ukinira Manchester united. Nyuma yuko Vincent company agizwe umutoza mushya wa Bayern munich dore zimwe mu ntwaro yiteze gusinyisha. Bruno Fernandez yongereye amasezerano…

Read More