Manchester United yiteguye gushyira Rashford ku isoko

Ikipe ya Manchester United yiteguye kugurisha Rashford Nyuma y’umusaruro mubi n’imyitwarire ye. Nkuko ikinyamakuru “the sun” kibitangaza, Marcus Rashford yaba agiye kugurishwa na Manchester United bitewe n’umusaruro mubi byiyongera kumyitwarire mibi yuyu Musore bituma atumvikana n’umutoza Ten Hag. Rashford ukina asatira kuruhande rw’ibumoso, unambara nimero 10 mumugongo mu mashitani atukura, ntiyitwaye neza sezo yashize nkuko…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: willian yamaze gutera umugongo ibyo kungera amezerano muri Fulham

Umunyaburezile willian borges da silva yamaze guhakanira ikipe ya Fulham yari asanzwe akinira yamaze ibyo kongera amasezerano muri iyi ikipe bivugwa ko ashobora kuza kwerekeza muri shampiyona ya Arabia Saudite cyangwa mu gihugu cya Turukiya. Willian yanze amasezerano yatanzwe na Fulham mu gihe ashishikajwe cyane no kwerekeza muri shampiyona ya Arabiya Sawudite.Uyu mukinyi wimyaka 35…

Read More

PREMIER LEAGUE : Tottenham Hotspurs imaze kwibikaho Archie Gray wakiniraga leeds united

Ikipe ya Leeds united imaze kwemeza ko imaze kugurisha umukinnyi Archie Gray mu ikipe ya Tottenham Hotspurs kuri miliyoni 30 z’amyero,uyu musore w’imyaka 18 bitezweko azafasha iyi ikipe yo mu murwa mukuru i Londres kwitwara neza mu mwaka w’imikino utaha. Leeds United yashyize ahagaragara itangazo ridasanzwe nyuma yo kugurisha Archie Gray muri Tottenham kuri £30m,ndetse…

Read More

EURO 2024 : Jude Bellingham ashobora kutazongera gukina EURO ukundi

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’i Burayi [UEFA] iri gukora iperereza ricukumbuye ku myitwarire y’umwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego cyo kwishyura mu mukino wabahuzaga n’ikipe y’igihugu ya Slovakia muri EURO iri kubera mu gihugu cy’ubudage. Uefa iri gukora iperereza ku kimenyetso cyakozwe n’umukinnyi wo hagati w’Ubwongereza Jude Bellingham nyuma yo gutsinda igitego ikipe…

Read More

EURO 2024 : Anthony Gordon yagarukanye ibikomere mu myitozo

Kuri uyu wa kane, Anthony Gordon yagaragaye mu myitozo ya ekipe y’igihugu y’ubwongereza abifite igikomere ku kanananwa no kubiganza nyuma y’uko uyu mukinnyi wa Newcastle yaguye ari ku igare rye ku wa gatatu mu kigo ikipe y’Ubwongereza icumbitsemo . Uko Bigaragara Anthony Gordon w’imyaka 23 ukinira Newcastle yarakomeretse bikomeye cyane nyuma yuko we n’abandi bakinnyi…

Read More

Transfers : Apr fc imaze kugura abakinnyi bane bashya babanyamahanga barimo Richmond Lamptey [Menya byinshi kuribo]

Ikipe ya APR fc imaze kumvakana n’abakinnyi bagera kuri bane bafite ubwenegihugu bwo muri afurika y’iburengerazuba bagomba kuza gufasha iyi kipe mu marushanwa nyafurika ya Caf Chanpions League iyi kipe igomba kwitabira mu mwaka utaha wa 2024-2025. Muri izi ntwaro iyi kipe y’ingabo z’igihugu igiye kumanura i Nyarugenge harimo uwitwa Richmond Lamptey usanzwe ukina hagati…

Read More

Copa América 2024: Argentine ibifashijwemo na  Lautaro Martínez yageze muri kimwe cya kane nubwo canada na chile bizikikomeranye

Ikipe y’Igihugu ya Argentine yatanze izindi gukandagiza ikirenge muri kimwe cya kane cya Copa America nyuma gutsinda chile igitego 1 -0 ikuzuza amanota atandatu mu tsinda rya mbere iherereyemo. Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ,mu mikino y’irushanwa rya Copa America rihuza amakipe aherere hariya kumugabane w’amerika y’amajyepfo nibwo ikipe y’igihugu ya Arigentine…

Read More

EUROPEAN TRANSFERS: Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united agiye kugaruka kuyitoza

Umuholandi Ruud van Nistelrooy wahoze ukinira Manchester united biravugwa ko ashobora kugaruka muri iyi ikipe nk’umwe mu bazaba bagize itsinda rigari ryungirije umutoza mukuru Eric Tenhag. Nubwo ubuyobozi bwite bwa Manchester united bwirinze kugira ibyo butangaza kuri aya amakuru,gusa bimwe mu binyamakuru bigiye bikomakomeye byo mu buholandi byatanganje ko uyu munyabigwi w’iyi ikipe yaba yaregerewe…

Read More

EURO 2024: Cristiano Ronaldo na bagenzi be bafashije Portigal kugera muri kimwe cy’umunani naho ahazaza ha Turkey muri Euro hakomeza kuba agatereranzamba

Mu kanya gashize kuri sitade Signal Iduna Park, ikipe y’igihugu ya Portigal imaze kubona itike ya kimwe cy’umunani cy’irangiza nyuma yo kunyagira ibitego bitatu ku busa ikipe y’igihugu ya Turkey mu mukino wayo wa kabiri mu gikombe cy’uburayi kiri kubera mu gihugu cy’ubudage. Ni umukino wayoboyowe n’umusifuzi ukomoka mu gihugu cy’ubudage witwa Felix Zwayer ,ukaba…

Read More