Rayon Sports imaze kwemeza Robertinho nk’umutoza mushya wayo

Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi ku kazina ka  Robertinho amaze gutangazwa  nk’umutoza mushya wa Rayon sports.  mu kiganiro n’itangazamakuru cyabereye ku cyicaro cy’umuterankunga mukuru wa Rayon sports, aho yarimo isobanura byinshi kuri gahunda yiswe icyumweru cya Rayon sports gikomba gusozwa n’umunsi w’igikundiro nibwo yemeje ko uyu munyeburezile wigeze kuyitoza akanayigeza mu mikino ya kimwe…

Read More

Bisa nk’ibyarangiye! Kevin De Brune agiye gusanga Ngoro Kante na Karim Benzema muri arabia saudite

Kevin De Brune yamaze kwemeranya byose na ekipe ya Al-Ittihad ikina muri shampiyona yo muri arabiya Sawudite kuba yayisinyira nk’umukinnyi wayo mushya. Nyuma yo kumara imyaka igera ku icumi muri ekipe y’umujyi wa Manchester united ,uyu mubiligi usanzwe ukina hagati mu kibuga amasezerano ye afite muri Manchester city azarangira mu mwaka w’imikino wa 2024-25. Amakuru…

Read More

Tuyisenge Arsene wavuye muri Rayon sports afashije Red Arrows kwegukana Cecafa Kagame Cup

Red Arrows imaze kwegukana igikombe cya Cecafa Kagame cup itsinze ekipe ya Apr fc kuri penaliti nyuma yo kugwa miswi mu mu minota yagenwe 90 ndetse na mirongo itatu y’inyongera. Uyu ni umukino wabereye kuri sitade ya Uwanja wa KMC,iki kibuga cyatoranyijwe kwakira umukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup akaba ari nacyo cyakiriye imikino…

Read More

Nyuma y’Imyaka 10  APR FC yongeye kugera kumukino wanyuma wa CECAFA Kagame Cup itanga ubutumwa kuri  Azam bafitanye urubanza!

Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC imaze kugera kumukino wanyuma wa CECAFA nyuma yogutsinda kuri za penaliti  Al- Hilal Omdurman 5-4  umukino wabereye kuri KMC Stadium. Kuri uyu wa gatanu n’ibwo ikipe y’ingabo z’igihugu  APR FC  yagombaga kwisobanura n’ikipe ya Al- Hilal Omdurman yo muri Sudani  y’umutoza  Florent Ibengé akaba ari n’umukino wagombaga gutanga itike y’umukino w’anyuma…

Read More

Enzo Fernandez ari gukorwaho iperereza ku birego bijyanye n’irondaruhu

Chelsea iri gukora iperereza kuri videwo yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga n’umukinnyi wayo wo hagati Enzo Fernandez ,aho Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bufaransa rivuga ko iyi videwo rikubiyemo indirimbo zimakaza ivanguramoko n’ivangura. Ku wa kabiri, federasiyo y’umupira w’amaguru yo mu bufaransa [FFF] yavuze ko izatanga ikirego ku rwego nyobozi rw’isi rwa Fifa kuri videwo irimo indirimbo…

Read More

abafana n’ubu baracyakomeje kwibaza ugurira ikipe yabo! Rayon sports yaguze Haruna Niyonzima

Ikipe ya Rayon sports imaze gusinyisha Haruna Niyonzima wahoze ari kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yavuye muri Al Ta’awon SC, yemezwa nk’umukinnyi mushya wa Rayon Sports yahozemo mu myaka 17 ishize. Aya makuru yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2024 aho uyu Haruna Niyonzima aje muri Rayon Sports avuye mu ikipe…

Read More

Dore abakinnyi icumi bari guhabwa amahirwe yo kwegukana Ball d’or

Nyuma y’isozwa ry’amarushanwa akomeye y’iburayi yaba igikombe cy’uburayi n’amashampiyona atandukanye ,ubu hari kwibazwa ugomba kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi cyizwi nka Ballon d’or. Euro 2024 na Copa America zombi byaje kurangira ku cyumweru nijoro nyuma yukwezi kose kwimikino, ibihangange bitandukanye ku mugabane w’iburayi biri gutekereza uko byakitegura umwaka utaha w’imikino mushya. Ku cyumweru, Espagne…

Read More