Munyangaju Aurore Mimosa amaze gukora ihererekanyabubasha n’uwamusimbuye Nyirishema Richard

Kuri uyu wa Kabiri ku Cyicaro cya Minisiteri ya Siporo habaye ihererekanyabubasha hagati ya Minisitiri ucyuye igihe Munyangaju Aurore Mimosa ndetse n’uwamusimbuye Nyirishema Richard. Richard NYIRISHEMA akaba yahawe dossier zose na Aurore Mimosa asimbuye, kugirango akomereza aho yari ageze .Nyirishema Richard wari usanzwe ari Visi Perezida wa FERWABA ushinzwe amarushanwa yagizwe Minisitiri mushya wa Siporo…

Read More

Umutoza  w’ikipe ya  Azam yavuze ko bizaba byoroshye kwinjiza ibitego byinshi APR FC I Kigali!

Umutoza w’ikipe ya Azam Umunya-Senegal Youssoupha Dabo yavuze ko APR FC mu mukino wo kwishyura bazayinjiza ibitego byinshi  kubera ko byanga bikunda ngo izafungura umukino. Kuri iki cyumweru taliki ya 18 kanama 2024 nibwo ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC yari iri muri Tanzania mu mukino w’ishiraniro wa CAF Chempions League 2024-2025  aho batakaje imbere yikipe ya…

Read More

abahinzi b’umuceri bo mu kibaya cya Bugarama kera kabaye babonye isoko ry’umuceri wabo

Abahinzi b’Umuceri bo mu Kibaya cya Bugarama ubu bari mu byishimo kuko watangiye kugurwa ndetse barashimira Perezida wa Repubulika Paul Kagame wabafashije umuceri wabo ukabona abaguzi nyuma y’amezi abiri bari mu gihirahiro. Abahinzi b’Umuceri bo mu Kibaya cya Bugarama mu Karere ka Rusizi, bari bamaze iminsi barira ayo kwarika kubera umusaruro wabo wari umaze  igihe ku mbuga…

Read More

Tariki 19 / Kanama mu mateka : Hasojwe igikorwa cya gisirikare cyiswe Operation Iraqi Freedom

Bimwe mu byaranze uyu munsi : 1768: Hashinzwe Cathedral izwi cyane mu gihugu cy’u Burusiya yitiriwe Mutagatifu Isaac ikaba yubatse mu Mujyi wa Saint Petersburg. 1919: Igihugu cya Afganistan cyabonye ubwigenge mu buryo budasubirwaho, cyibohora ingoyi y’Ubukoloni bw’Abongereza. 1944: Mu ntambara ya Kabiri y’isi yose, iyi tariki yibukwa cyane mu Mujyi wa Paris mu gihugu cy’u Bufaransa kuko…

Read More

Dore iby’ingenzi wamenya mbere y’umukino wa Chelsea na Manchester City muri Premier League

Ikipe ya Manchester City iza kuba idafite Rodri iratangira urugendo rwayo rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere ihura na ekipe ya chelsea kuri iki cyumweru kuri sitade ya Stamford bridge. Uyu musore ufite imyaka 28 y’amavuko yagarutse mu myitozo nyuma yo kuvunika mu gice cya kabiri ubwo Espagne yatsindaga Ubwongereza ibitego 2-1 ku mukino wanyuma wa…

Read More

Premier League : Liverpool itangiye yiyunyuguza amakipe ; ihereweho n’iyitwa Ipswich Town!

Ikipe ya liverpool imaze kubona amanota atatu yayo ya mbere muri shampiyona y’ubwongereza [english Premier League ] nyuma yo gutsinda ikipe ya Ipswich Town ibitego bibiri kubusa byatsinzwe na Mohammed Salah na Diego Jota. abakinnyi babiri bakina imbere muri Liverpool Diogo Jota na Mohamad Salah bangije kugaruka kwa Ipswich muri Premier League maze baha umutoza…

Read More