Perezida Kagame yashimiwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu k’ubwo gutsinda amatora

Perezida Paul Kagame yahamagawe na Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan usanzwe ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu amushimira ku ntsinzi yo kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere aherutse kubona. Perezida Kagame yashimiye Perezida w’Ibihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu, Mohammed bin Zayed Al Nahyan, inshuti ye akaba n’umuvandimwe, wamuhamagaye amwifuriza ishya n’ihirwe…

Read More

Israel vs Hezbollah : abana 12 bapfiriye mu bitero bya Israel yagabye ku umutwe wa hezbollah

Kuri iki cyumweru ingabo z’igisirikare cya Israel zagabye ibitero bikomeye byo mu kirere ku birindiro by’umutwe wa Hezibollah maze abarenga 12 biganjemo abana bahatakariza ubuzima. Ingabo za Israel zirwanira mu kirere zatanagaje cyo zashenye ibirindiro by’umutwe wa Hezbollah byari biherereye muri Libani ndetse abana bagera kuri 12 bahitanwe n’ibi bitero ubwo barimo bakinira mu karere…

Read More

Amakuru mashya : abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende bamaze kugaragara ku ubutaka bw’ u Rwanda

Mu Rwanda hamaze kugaragara abantu babiri barwaye indwara y’ubushita bw’inkende (Monkeypox) imaze iminsi ivugwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Byatangajwe na Dr.Rwagasore ushinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, yabwiye RBA ko nubwo atari indwara ifite ubukana bukabije ariko abantu bagomba kuyirinda bakaraba intoki kenshi no kutajya ahari abayanduye cyangwa kubonana na bo….

Read More

Intambara ya Ukraine n’Uburusiya : Ukraine igiye kwakira impano y’indege z’intambara za F -16 yahawe na OTAN

Igihugu cya UKraine cyigiye kwakira impano y’indege z’intambara kabuhariwe cyahawe na bimwe mu bihugu bigize umuryango wo gutabarana wa OTAN mu rwego gukomeza kwihagararaho mu ntambara iki gihugu kiri kurwanamo n’uburusiya. Nyuma y’amezi atari make Ukraine irimo yigisha abapilote b’indege z’intambara kabuhariwe ; Indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 zatanzwe n’ibihugu binyamuryango bya OTAN…

Read More

Mauritania : Ibikorwa byo gushakisha abimukira 150 barohamiye mu nyanja ya Atlantike birakomeje

Umuryango mpuzamahanga wita ku mpunzi uratangaza ko abimukira batari bake bamaze kwitaba imana , abandi bagera ku 150 bakaba bataziwe irengero, nyuma y’uko ubwato bwari bubatwaye burohamye mu mazi y’injyanja ya Atlantike hafi yo ku nkombe z’igihugu cya Moritaniya. Ibi byatumye ibikorwa bigamije gutabara no kurohora aba baba bagitera akuka k’abazima bikomeza ,aho kugeza ubu…

Read More

DRC : Corneille Nangaa yavuze ko ibihano bikakaye bafatiwe na Leta zunze ubumwe z’amerika bitazababuza gukomeza urugamba

umuyobozi w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23 , Corneille Nangaa yatangaje ko ibihano bya Amerika bitazabavana ku rugamba rwabo rwo gushyira igihugu ku murongo. ibi yabitangaje nyuma y”uko ku munsi wejo hashize ibiro bishinzwe kugenzura imitungo yo hanze muri minisiteri y’imari ya Amerika byatangaje ko leta ya Amerika ifatiye ibihano abayobozi batatu…

Read More

Perezida kagame yijeje ubufatanye abanyacyubahiro barimo perezida wa FIFA

Perezida Kagame yijeje ubufatanye ndeste anashimira abakuru b’Ibihugu birimo u Buhinde, Hungary, Mauritania, Nicaragua, u Burusiya, Singapore ndetse na Perezida wa FIFA, bamwifurije ishya n’ihirwe mu nshingano zo gukomeza kuyobora u Rwanda aherutse gutorerwa . Magingo aya Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze mu Bufaransa aho bitabiriye ibirori byo gutangiza Imikino Olempike bizabera i…

Read More

DRC :abarimo Sutani Makenga ,Corneille Nangaa na Willy Ngoma batangiye kuburanishwa ku byaha byo kugambanira igihugu

Abarimo Corneille Nangaa wahoze ari umuyobozi w’ishyaka rya Alliance du Fleuve Congo ,Sutani Makenga , Willy Ngoma na Lawrence Kanyuka batangiye kuburanishwa kubirego bitandukanye byo guteza umutekano muke muri iki gihugu. Abategetsi ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ejo ku wa gatatu batangiye kuburanisha Nangaa wahoze uyoboye ishyaka ryatsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu ashize. Nangaa ariko…

Read More

🛑LIVE UPDATES : RIB imaze kuvuga ko Jeanne d’Arc Mujawamariya ari gukorwaho iperereza adafunze

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko Jeanne d’Arc Mujawamariya ari gukorwaho iperereza adafunze. Amakuru Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B Thierry yerekeranye ibyo Hon Mujawamariya Jeanne d’Arc akurikiranweho,Dr. Thierry yavuze ko ari kubazwa ibyaha akekwaho kuba yakoreye muri Minisiteri y’Ibidukikije, ariko ko ntacyo yatangaza kirenzeho ngo bitabangamira iperereza rigikomeje. Yagize ati:”Nibyo koko…

Read More

Amakuru mashya : Arthémon Simbananiye wari inaribonye muri politike y’u Burundi yitabye imana

Arthémon Simbananiye yitabye imana ,uyu wagize uruhare runini cyane mu buyobozi bw’igihugu cy’u Burundi nyuma yo kubona ubwigenge . Amakuru y’urupfu rwa Arthémon Simbananiye yamenyakanye uyu munsi ubwo umwe mu bagize umuryango we yabitangarizaga ikinyamakuru BBC gahuzamiryango . Yatanaje ko uyu mukambwe w’imyaka mirongo inani n’icyenda ko ku munsi wo ku cyumweru cyo muri kiriya…

Read More