Ikigero cy’ubushomeri gikomeje kwiyongera muri Leta zunze ubumwe z’Amerika

Muri leta zunze ubumwe z’Amerika ubushomeri bwiyongereyeho kane n’ibice bitatu ku ijana mu myaka itatu ishize mu gihe itangwa ry’akazi ryagabanutse kubera impungenge ko isoko ry’umurimo rishobora kumera nabi ndetse n’ubukungu bukaba bwasubira inyuma. Raporo ku itangwa ry’akazi kandi yerekana ko inyongera ya buri mwaka ku mishahara y’abakozi yabaye mu kwezi gushize, ari yo yari…

Read More

South Africa: Hagaragaye abanyeshuri b’abirabura bagurishwa mu cyamunara birakaza benshi!

Byibuze abana b’abanyeshuri bane bari gukorwaho iperereza kubyaha byivanguraruhu bakoreye bagenzi babo b’abirabura igihe bakoraga igisa nko kubagurisha muri cyamunara. Aba banyeshuri biga mu kigo cya Pineland High School I Cape Town muri Africa y’epfo bamenyekanye binyuze muri videwo yasakaye kumbuga nkoranyambaga ubwo abana b’abibirabura basaga nkabashyizwe muri cyamura ndetse barikugenda bagerekwa amafaranga bagurwa nk’uko…

Read More

Nigeria : abaturage babyukiye mu mihanda bigaragambiriza izamuka ry’ikiguzi cy’ubuzima n’ubuyobozi bubi

Kuri uyu wa gatanu, Abanyanijeriya bagiye mu mihanda bamagana izamuka ry’imibereho muri iki gihugu ,aho Ibihumbi n’ibihumbi by’abatuye mu murwa mukuru , Lagos, no mu yindi mijyi minini bakoze urugendo bafite ibyapa byanditseho inzara, imiyoborere mibi n’ibindi. Abigaragambyaga banyuze mu duce dutuwemo n’abantu benshi bazamura ibyapa byamagana igiciro kinini cy’ibiribwa ndetse n’izamuka ry’imibereho, mu gihe…

Read More

Togo : Perezida Faure Gnassingbe yagaruye mu nshingano minisitiri w’intebe wari wareguye

Perezida wa Togo, Faure Gnassingbe yagumishije Victoire Sidemeho Tomegah-Dogbe, ku mwanya wa minisitiri w’intebe nubwo guverinema izashyirwaho mu minsi iri imbere bijyanye n’itegeko nshinga rishya. Iki gikorwa cyo ku mugarura ku nshingano cyibaye nyuma y’amezi make Tomegah-Dogbe yeguye kuri uyu mwanya hamwe na guverinoma ye yose muri Werurwe N’ubwo yeguye, Gnassingbe yari yarahaye Tomegah-Dogbe gukomeza…

Read More

Israel &Hamasi:Ninde wihishe inyuma y’urupfu rw’umuyobozi mukuru wa Hamasi?

Umuyobozi mukuru w’umutwe wa Hamas bwana Ismail Haniyeh, yiciwe mu gitero yagabwemo muri Iran ubwo yari yagiye mu muhango w’irahira rya Perezida mushya w’iki gihugu, Masoud Pezeshkian. Hamasi yasohoye itangazo itangaza ko Haniyeh yagabweho igitero n’ingabo za Israel aho yari acumbitse mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, kuri uyu wa 31 Nyakanga 2024.wagize uti “Hamas…

Read More

Musanze:Insengero zisaga 185 zimaze gufungwa na karere ka Musanze gafatanyije na RGB!

Mu karere ka Musanze insengero zisaga 185 zafunzwe nyuma yo gusanga zitujuje ibisabwa bizemerera gukora hano mu Rwanda mu igenzura ryakozwe n’inzego zibishinzwe. Mu igenzura rikakaye ryakozwe kubufatanye bwa karere ka Musanze ndetse n’urwego rw’imiyoborere rw’u Rwanda RGB( Rwanda Governance Board) bafashe ikemezo cyo gufunga itsengero zisaga 185 kubera kunyuranya n’amabwiriza azigenga harimo izidafite imirindankuba,…

Read More

perezida Kagame avuga ko nta mwanya ukwiye guhabwa abatifuriza u Rwanda ineza

Perezida Kagame Paul avuga ko abakomeje gusebya no kutifuriza ineza igihugu cy’u Rwanda bagomba kwirindwa ndetse ko batagombwa no guhabwa umwanya kubw’ibikorwa byabo bigayitse . umukuru w’igihugu cy’ u Rwanda yatangaje ibi nyuma y’uko Umuvigizi wa Guverinoma y’u Rwanda Madame Yolande Makoro atangaje ko shampiyona y’umukino wa Basketball yo muri Amerika [ NBA ] ari…

Read More

Tito Barahira wari warakatiwe igifungo cya burundu kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yitabye Imana.

Tito Barahira Umunyarwanda wari warakatiwe igifungo cya burundu n’ urukiko rwa rubanda ruri i Paris mu Bufaransa mu mwaka wa 2017 rumuhamije ibyaha bya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994 yapfuye aguye aho yari afungiye mu Bufaransa. Ni amakuru yamenyekanye ku munsi w’ejo kuwa mbere tariki 29 Nyakanga 2024 atangajwe na Me. Richard Gisagara…

Read More