Ukraine imaze kwakira indege za mbere za F-16 : Perezida Zelensky

Perezida Volodymyr Zelensky yavuze ko Ukraine yakiriye indege zayo za mbere zakozwe na Amerika zo mu bwoko bwa F-16. Umukuru w’igihugu wa Ukraine yashimiye ibihugu bishuti byatanze ibyo bahoze batinya gutanga anatangaza ko kuza kw’indege byerekana intambwe ikomeye mu kuzamura ubushobozi bw’ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine, ahanini zari zigikoresha indege za kera z’Abasoviyeti. Izindi…

Read More

Rutahizamu Danny Usengimana avuga ko atabonye umwanya uhagije wo gutanga ibyo yari afite byose mu ikipe y’igihugu ‘Amavubi’

Rutahizamu wa ekipe y’igihugu y’u Rwanda ‘amavubi’ ,Danny usengimana avuga ko atigeze abona amahirwe ndetse n’umwanya uhagije wo gukinira ikipe y’igihugu cye kugirango atange ibyo yari afite byose. Rutahizamu Danny usengimana uri kubarizwa mu gihugu cya Canada muri ekipe ya AS Laval yaraye atangaje ko atigeze abona umwanya uhagije wo gukina muri ekipe y’igihugu amavubi…

Read More

Nigeria : perezida Bola Tinubu ubwe yisabiye abigaragambya guhagarika ibi bikorwa

Umukuru w’igihugu cya Nigeria Bola Tinubu yasabye abigaragambya guhagarika ibi bikorwa , nyuma y’urugomo rwagiye rugaraga muri iyo myigaragambyo mu bice bitandukanye by’igihugu. Perezida Tinubu yabwiye abashinzwe umutekano gukomeza kugenzura iyubahirizwa ry’amategeko n’ituze bijyana no kwirinda ibikorwa bibangamira iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu. Mu ijambo rye yacishije kuri televiziyo y’igihugu yagejeje kuri rubanda mu gitondo cyo…

Read More

Ubwongereza : Imyigaragambyo ikomeye irakomeje nyuma y’Ubwicanyi bw’abana 3 bikekwa ko bwakozwe n’Umunya-Rwanda

Mu gihugu cy’ubwongereza akajagari ni kose k’abigarambya barwanya iyicwa ry’abana batatu ritagize icyo rikorwaho n’inzego z’umutekano zo muri iki gihugu bivigwa ko bwakozwe n’Ukomoka mu Rwanda . Polisi yavuze ko ukekwaho icyaha yitwa Axel Rudakubana ufite imyaka 17, yavukiye mu Bwongereza ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda dore ko akomoka ku babyeyi b’Abanyarwanda.Kugeza ubu Imyigaragambyo imaze imisi…

Read More

Ibihugu birimo Amerika birasaba abaturage babyo kuva muri Libani mu gihe bafite ubwoba bw’intambara yagutse mu burasirazuba bwo hagati

Ambasade y’Amerika iherereye mu murwa Beirut wa Liban yaburiye Abanyamerika kuva muri Liban mu maguru mashya, mu gihe ubushyamirane burimo kwiyongera cyane mu karere k’uburasirazuba bwo hagati. ubwoba bwo bukomeje kwiyongera nyuma y’uko umutwe wa Hezbollah wo muri Liban, ufashwa na Iran, ushobora kugira uruhare rukomeye mu bikorwa byo kwihorera k’urupfu rw’umukuru wa Hamas Ismail…

Read More

DR .congo : hatangiye urugendo rwo gushakira ubutabera mpuzamahanga ku bazize ubwicanyi buri kubera muri iki gihugu

Ihuriro ry’Abanyekongo baharanira uburenganzira bwa muntu bateguye ibikorwa byo kwibuka abantu baburiye ubuzima mu bikorwa by’itsembabwoko biri kubera mu burasirazuba bwa Republika iharanira Demokarasi ya congo . ku wa gatanu w’iki cyumweru turi gusoza ,Ihuriro ry’Abanyekongo baharanira uburenganzira bwa muntu ryateguye ibi bikorwa muri komini ya Lemba aho bari bafite insanganyamatsiko igira iti: « Kubw’abarenga…

Read More

abantu bagera kuri 22 bakurikiranyweho na polisi kubera gukura utugabanyamuvuduko mu modoka

Abashoferi 22 bafatiwe mu bikorwa bya Polisi y’u Rwanda mu mihanda itandukanye yo mu Mujyi wa Kigali byo kurwanya abahungabanya umutekano wo mu mu muhanda, by’umwihariko abadakoresha utugabanyamuvuduko (Speed Governors). Iteka rya Perezida  no 25/01 ryo ku wa 25 Gashyantare 2015, riteganya ko imodoka yose itwara abagenzi ku buryo bwa rusange cyangwa itwara imizigo, igomba…

Read More