Guverinoma y’u Burundi irasaba abaturage bayo bahungiye muri Tanzania gutahuka

Guverinoma y’u Burundi ikomeje guhamagarira impunzi zose zahungiye mu gihugu cya Tanzaniya gutahuka ndetse inabizeza umutekano wabo n’ibyabo. Ibyo bikubiye mu ijambo rya na Nibona Valentino Celestin umuyobozi wungirije muri minisiteri ishinzwe intwaro z’imbere mu gihugu cy’u Burundi yavugiye mu nama yahuje Leta ya Tanzaniya, u Burundi n’abahagarariye umuryango w’abibumbye wita ku mpunzi [ UNHCR…

Read More

Danmark : uwakubise Minisitiri w’intebe wa Danemark yakatiwe igifungo cy’amezi ane

Umugabo wo muri Polonye yahamijwe icyaha cyo gukubita Minisitiri w’intebe wa Danemark witwa Mette Frederiksen. Ku wa kabiri, uyu mugabo w’imyaka 39 utaravuzwe izina, yabwiye urukiko ko yari yasinze cyane ku buryo atibuka uko byagenze, gusa Urukiko rwo mu murwa mukuru wa Copenhagen rwamukatiye igifungo cy’amezi ane, koherezwa mu mahanga ndetse no kubuzwa kwinjira muri…

Read More

Amerika yageneye Repubulika ya Demokarasi ya Kongo inkunga yo gufasha abari mu Kaga

Leta zunze ubumwe z’Amerika igiye guha Repubulika ya Demokarasi ya Kongo imfashanyo ingana n’amadolari miliyoni 414 yo kugoboka abaturage bari mu kaga. igice kinini cy’iyi ngengo y’imari kizanyura mu miryango ya ONU n’iyigenga itera inkunga zihutirwa cyane mu biribwa n’imirire, amazi meza no kuyasukura, ubuvuzi n’isuku, n’ubwugamiro. Ikindi gice kizagurira abahinzi-borozi bo muri Leta zunze…

Read More

Nyuma ya Mali ; Igihugu cya Niger nacyo cyimaze gucana umubano n’igihugu cya Ukraine

Igihugu cya Niger cyahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga n’igihugu cya Ukraine nyuma yo kugaragarwaho nyuma yo gushyigikira ibitero by’inyeshyamba ku gisirikare cya Mali cyaguyemo ingabo za Mali mu minsi ishize . iki kikaba ari ikimenyetso cyerekana ko amakimbirane akomeje kwiyongera hagati y’ibihugu bimwe na bimwe byo muri Afurika y’iburengerazuba na leta ya Kyiv.Guverinoma ya gisirikare cya…

Read More

RGB yahagaritse ibikorwa byose by’inzego zose z’Itorero Ebenezer Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere rwatangaje ko rwahagaritse inzego zose z’Itorero Ebenezer Rwanda nyuma y’uyu mwuka mubi n’amakimbirane amaze iminsi abarizwa muri iri torero . Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) ruvuga zimwe mu ngingo rwashingiyeho mu ifungwa ry’uru rusengero harimo ubutekamutwe ndetse n’uburiganya bwagiye bugaragara mumukorere y’iri torero no kuba rutujuje bimwe mu bisabwa na uru rwego kugirango…

Read More

DRC: Akanama gashinzwe umutekano kemereye MONUSCO gutanga inkunga y’ibikoresho mu butumwa bw’amahoro mu karere

Akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano karahamagarira ibihugu bitanga ingabo muri SAMIDRC n’umuyobozi w’ingabo z’ubu ubutumwa gufata ingamba zifatika zo kugabanya ingaruka mbi zigera ku basivili mu bice byose by’intambara mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo . Mu nyandiko y’iki cyemezo, Akanama gashinzwe umutekano kagaragaza impungenge z’uko ihohoterwa ryiyongera mu burasirazuba bw’igihugu DRC itangaza…

Read More

D.R. congo : Perezida Felix Tshisekedi arashinja Joseph Kabila gufasha umutwe wa M23

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubilika ya Demokarasi ya Congo yashinje uwamubanjirije ku butegetsi Joseph Kabila kuba ari we wihishe inyuma yo kwihuza kw’ihuriro ry’inyeshyamba rya AFC – M23 rirwanya ubutegetsi bwe mu burasirazuba bw’igihugu. Ni kunshuro ya mbere uyu mukuru w’igihugu cya DR Congo ashinje uwo wahoze ari Perezida kugirana imikoranire n’inyeshyamba za AFC –…

Read More

Abigaragambyaga bo muri Nijeriya batawe muri yombi bazira kuzunguza ibendera ry’Uburusiya

Abantu bagera kuri 40 batawe muri yombi mu majyaruguru ya Nijeriya bazira kuzunguza ibendera ry’igihugu cy’Uburusiya mu myigaragambyo yo kwamagana ubuzima bw’imibereho kandi icyo bumva ko ari “imiyoborere mibi”. Muri iki gikorwa cyo guhashya ubuyobozi buriho, umuyobozi w’ingabo Christopher Musa yihanangirije ko ari icyaha cy’ubuhemu ku gihugu kuzamura amabendera y’ibihugu by’amahanga muri iki gihugu. Igihugu…

Read More

Uganda : Abarwanashyaka 14 b’Ishyaka FDC batawe muri yombi na polisi

Polisi ya Uganda ejo yataye muri yombi abantu 14 batavuga rumwe n’ubutegetsi ubwo bari mu myigaragambyo berekeza kuri Ambasade ya Kenya. Bari bajyanywe no kwamagana icyemezo cy’icyo gihugu cyo gufata bagenzi babo ikabasubiza ubutegetsi bwa Uganda. Abo bari bagiye muri Kenya mu mahugurwa nkuko byemezwa n’abababuranira. Batawe muri yombi bashyikirizwa ubutegetsi bwa Uganda bashinjwa ibyaha…

Read More