Russia Vs Ukraine : uburusiya burajwe ishinga no guha isomo ingabo za Ukraine nyuma yo babugabyeho igitero

Uburusiya bwatangaje ko buri gukusanya imbaraga zo gusubiza inyuma igitero cya Ukraine yagabye mu ntara ya Kursk mu burengerazuba bw’Uburusiya . ubuyobozi bw’igisirikare cy’Uburusiya buratangaza ko burajwe ishinga no kwivuna abanzi ndetse kuri ubu buravuga ko Ukraine imaze gutakaza abasirikare 280 mu masaha 24 ashize gusa nubundi ingabo za Ukraine ziracyakambitse mu gihugu cy ‘uBurusiya…

Read More

Kenya : polisi yifashishije ibyuka byirana mu maso mu gutatanya abigaragambya

Abapolisi ba Kenya kuri uyu wa kane barashe imyuka iryana mu maso mu matsinda mato mato y’abigaragambyaga bari bateraniye murwa mukuru Nairobi, mu gifatwa nk’umunsi mushya w’igikorwa cyo kurwanya perezida William Ruto. Iki gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba, kimwe mu bihagaze neza mu bukungu mu karere gusa mu byumweru bishize cyahungabanijwe n’ibikorwa by’imyigaragambyo rimwe na…

Read More

abashinzwe iperereza hagati y’u Rwanda na DRC baganiriye kubijyanye no gusenya burundu umutwe wa FDLR

abahagarariye inzego z’iperereza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagiranye ibiganiro byamaze iminsi ku ngingo zidatandukanye nko gusenya burundu umutwe wa FDLR . Ibi biganiro ahanini byigaga ku kibazo cy’umutekano kiri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ndetse byatangije n’imbamutima za Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Ambasaderi Téte António.Iyi nama…

Read More

DR congo : abarimo Gen Sultani Makenga na Corneille Nangaa bakatiwe urwo gucibwa umutwe

Corneille Nangaa ukuriye ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo umutwe wa M23, n’abandi bantu 25 bareganwa na we biganjemo abakuriye M23, bakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’i Kinshasa, rubahamije ibyaha birimo ubugambanyi no kurema umutwe urwanya ubutegetsi. Mu bahamijwe ibyaha badahari, basomwe mu gusoma urubanza harimo; Gusa igitangaje cyari mu rukiko muri abo 26…

Read More

Nord-Kivu : sosiyete sivile irasaba ingabo z’igihugu kongera kugaba ibitero simusiga kuri M23

Imiryango itegamiye kuri leta yo mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo iratangaza ko hakenewe kugabwa ibitero bikomeye ku nyeshyamba z’umutwe wa M23 mu rwego rwo kuzibuza gukomeza kwigarurira ibindi bice by’iki gihugu . Sosiyete sivile yo muri Congo ivuga ko hakwiye ibikorwa byo guhuriza hamwe ingabo za Congo n’aza SADC mu rwego rwo…

Read More

Perezida Biden yatangaje ko hashobora kwaduka imvururu mu gihugu mu gihe Donald Trump yaba atsinzwe amatora

Perezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko atizeye ko hazabaho guhererekanya ubutegetsi mu mahoro mugihe Donald Trump yaramuka atsinzwe amatora ya perezida ateganijwe mu Gushyingo uyu mwaka. Nubwo Trump yakomeje gusubiramo ko habaye uburiganya mu matora yo mu mwaka wa 2020, nyuma yuko atsinzwe na Biden muri ayo matora,Mu kiganiro cye cya mbere n’itangazamakuru nyuma yuko…

Read More

Perezida wa Seychelles nawe amaze gutangaza ko azifatanya n’abanyarwanda mu irahira ry’umukuru w’igihugu

Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan, azitabira Ibirori by’Irahira rya Perezida Paul Kagame ritegerejwe ku itariki ya 11 Kanama 2024 kuri Stade Amahoro. Aya makuru aje ahurirana nay’uko Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwatumiye abawutuye bose mu birori byo kurahira kwa Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora Abanyarwanda ku majwi 99,18%. Umujyi wa Kigali wagize uti : “Banyakigali,…

Read More

intambara y’uburusiya na Ukraine : Uburusiya bwatangaje ibihe bisanzwe nyuma y’igitero Ukraine iherutse kugaba kuri iki gihugu

Amabwiriza y’ibihe bidasanzwe yatangajwe mu ntara ya Kursk mu Burusiya, kubera igitero Ukraine iherutse kugaba kuri iki gihugu cyatangiye ejo ku wa gatatu. Mu gitondo cyo ku wa kabiri, abasirikare bagera ku 1000, baherekejwe n’ibimodoka 11 by’intambara bitamenwa n’amasasu asanzwe n’izindi modoka za gisirikare zirenga 20, bagabye igitero mu Burusiya, hafi y’umujyi wa Sudzha, nk’uko…

Read More

DRC : Inama y’igihugu y’Abepiskopi gatulika ya kongo irasaba u Rwanda na DRC gushyira intwaro hasi

Inama y’Abepiskopi y’igihugu cya Kongo (CENCO) irasaba Guverinoma y’u Rwanda na DRC kubahiriza amasezerano yo guhagarika imirwano yashyizweho umukono i Luanda, muri Angola mu minsi yashize. Iyi nama kandi irasaba kandi ubufatanye bw’abafatanyabikorwa mpuzamahanga kugira ngo bashyigikire icyi cyifuzo cyabo ,Ibi binagaragarira mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na prelates Gatolika ya Kongo, ryasohotse ku wa gatatu…

Read More