Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Ukraine yamaze kwigarurira kilometero kare igihumbi z’ubutaka bw’Uburusiya

ubuyobozi bw’ ingabo za Ukraine bwatangaje ko abasirikare b’iki gihugu barimo kugenzura ubuso bwa kilometero kare 1,000 z’ubutaka bw’Uburusiya, mu gihe barimo gutsinsura mu gitero cya mbere kinini cyambukiranya umupaka bagabye kuva Uburusiya bwashoza intambara isesuye kuri Ukraine imaze imyaka ibiri n’igice. Komanda wo ku rwego rwo hejuru w’ingabo za Ukraine witwa Oleksandr Syrskyi yatangaje…

Read More

DRC : Abashinzwe dipolomasi barashima intambwe imaze guterwa ku gahenge kumvikanyweho n’u Rwanda

abashinzwe ububanyi n’amahanga bw’ibihugu by’u Rwanda na DRC batangaje ko ibiganiro birimo kugenda neza mu gahenge kumvikanyweho n’u Rwanda na DR Congo ,Nyuma y’ikiganiro cyihariye hagati ya Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo na João Lourenço wa Angola ku wa mbere nimugoroba . Nyuma yo guhura kwa Lourenço na Tshisekedi, minisitiri w’ububanyi n’amahanga Téte António…

Read More

Inzira ya Luanda no guhagarika imirwano hagati ya DRC n’u Rwanda nk’intandaro y’uruzinduko rwa Perezida wa Angola i Kinshasa

Perezida wa Angola, João Lourenço, usanzwe ari umuhuza w’umuryango Afurika yunze ubumwe mu kugarura amahoro mu burasirazuba bwa DRC, yageze kuri uyu wa mbere, tariki ya 12 Kanama i Kinshasa mu ruzinduko rw’akazi na Perezida Félix-Antoine Tshisekedi. Abakuru b’ibihugu byombi bari bagiranye ibiganiro by’imbonankubone [tête-à-tête] bakurikirwa n’inama y’akazi yagiranye n’abo bakorana cyane. Ibiganiro byibanze, nk’uko…

Read More

Ubuhinde : abaganga bari mu myigaragambyo bamagana ihohoterwa rishingiye ku gitsina bahurira naryo mu mirimo yabo

Abaganga bo mu bitaro byinshi bya leta byo mu bihugu cy’u Buhinde bigaragambije mu bamagana igikorwa cyo gufata ku ngufu no kwica umuganga utabigize umwuga [umujyanama w’ubuzima] mu gace ka Kolkata ku wa gatanu. Imyigaragambyo y’abaganga isaba ubutabera n’umutekano mwiza ku kazi byatangiriye i Kolkata, muri Burengerazuba bw’agace ka Bangal, ubu bimaze gukwirakwira mu tundi…

Read More

Nord-Kivu : umutwe wa Wazalendo urashinjwa na sosiyete sivile ibikorwa byo kwinjiza abana bato mu bikorwa bya gisirikare

Sosiyete sivile yo mu gace ka Oicha yaburiye leta ko umutwe witwara gisirikare wa wazalendo uri kwinjiza ku gahato abana mu bikorwa bya gisirikare by’uyu mutwe muri teretwari za Beni na Butembo . Nk’uko uyu muryango ubitangaza, iki kibazo cyo kwinjiza abana mu gisirikare cy’imitwe yitwaje intwaro kugira ngo barwanye M23 cyatangiye ubwo izo nyeshyamba…

Read More

Tanzania : polisi yataye muri yombi abayobozi b’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho

Abapolisi bo muri Tanzaniya bafunze abayobozi batavuga rumwe n’ubutegetsi kandi bakusanya abayoboke babo babarirwa mu magana ubwo baburizagamo imyigaragambyo yari iteganijwe. Ku wa mbere, abayobozi b’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya Chadema, barimo Tundu Lissu wahoze ari umukandida ku mwanya wa perezida, batawe muri yombi mu mujyi wa Mbeya uherereye mu majyepfo y’iburengerazuba bw’iki gihugu ,…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : ingabo za Ukraine zimaze kugera mu bilometero 30 ku butaka bw’uburusiya

Ingabo za Ukraine zamaze kugera muri kilometero 30 imbere mu gihugu cy’u Burusiya, mu gitero cya mbere cyijyeza kure cyane mu Burusiya kandi gikomeye cyane kibayeho kuva Uburusiya bwatangira igitero gisesuye kuri Ukraine muri Gashyantare mu 2022. Umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru wo muri Ukraine yabwiye ibiro ntaramakuru AFP ko abasirikare babarirwa mu bihumbi…

Read More

Amerika yahaye amato y’intambara Israel mu rwego rwo kwirinda ibitero bya Iran

Amerika yohereje ubwato bw’intambara buherekejwe na za misile mu burasirazuba bwo hagati, kubera ko amakimbirane akomeje kwiyongera muri aka karere. Iki cyemezo cyije mu rwego rwo gusubiza ubwoba bw’amakimbirane n’umwuka mubi w’intambara ukomeje gututumba mu karere, nyuma y’iyicwa ry’abayobozi bakuru ba Hezbollah na Hamas. Minisitiri w’ingabo, Lloyd Austin, yavuze kandi ko indege z’intambara kabuhariwe nazo…

Read More

Béni : Abasivili 12 bapfiriye mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba za ADF

ku cyumweru tariki ya 11 Kanama, abasivili cumi na babiri, barimo abagore babiri n’umwana , basanzwe bapfuye bikewa ko bashobora kuba bazize ibitero by’inyeshyamba za ADF muri teritwari ya Béni iherereye muri Kivu y’Amajyaruguru . ku cyumweru tariki ya 11 Kanama, imirambo y’abasivili cumi na babiri, barimo iy’abagore babiri n’umwana, yajyanwe mu bitaro bikuru bya…

Read More

Igihugu cya Zambia cyafunze imipaka yose yo ku ubutaka yagihuzaga na DRC

Leta ya Zambiya yatangaje ko Imipaka yose ihuza igihugu cya Zambiya na DRC ifunze ndetse nta n’ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga n’ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga byongera kwambukirizwaho . Kuva ku ya 11 Kanama, imipaka myinshi yambukiranya imipaka hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) Intara ya Haut-Katanga n’intara ya Zambiya mu majyaruguru y’uburengerazuba na Copperbelt…

Read More