Uburusiya bwemeje ko ibisasu by’Amerika aribyo biri guterwa n’ingabo za Ukraine muri iki gihugu
Uburusiya bwashinje Ukraine gukoresha roketi zishobora kuba zarakozwe muri Amerika -kugira ngo zibasire ikiraro gikomeye ku ruzi rwa Seym mu karere ka Kursk, gihitana abakorerabushake bagerageza kwimura abaturage. Ku wa gatanu, ingabo za Ukraine zagabye ikiraro mu karere ka Glushkovsky mu karere ka Kursk ubwo zateraga imbere zinjira mu ifasi mu burengerazuba bw’Uburusiya. Ku wa…