Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yatangije ku mugaragaro Inama y’Ihuriro Nyafurika ryita ku Biribwa

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yafunguye ku mugaragaro Inama Nyafurika yiga ku Biribwa (Africa Food Systems Forum) .Iyi nama iri kubera i Kigali hagati ya tariki 2-6 Nzeri 2024, yitabiriwe n’abayobozi mu nzego zitandukanye ndetse n’abikorera bo mu buhinzi n’ubworozi baturutse mu bihugu bitandukanye by’afurika . iyi nama Nyafurika yiga ku Biribwa (Africa Food System…

Read More

Kinshasa: abagera ku 129 bapfuye nyuma yo gushaka gutoroka gereza ya Makala

Nyuma y’uko ku wa mbere leta yari yavuze ko abantu babiri bapfuye mu gikorwa cyo kugerageza gucika gereza ya Makala y’i Kinshasa muri DR Congo, Amashusho ateye ubwoba agaragaza imirambo myinshi irimo n’iyambaye ubusa, yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga Amashusho yakwiriye ku mbuga yerekana imfungwa zigendagenda hejuru y’imirambo myinshi zivuga amagambo y’akababaro, zinenga inzego z’umutekano kwica…

Read More

Lubero : abanyeshuri bari gusangira ibyumba by’amashuri n’abantu bimuwe n’umutekano muke

Muri DRC ,gutangira umwaka w’amashuri wari uteganijwe ku wa mbere, 2 Nzeri byahagaritswe. Abanyeshuri bahatiwe gusubira mu rugo kubera ko ibyumba by’ishuri bigikorerwamo n’abimuwe bahunze kwigarurira uduce tumwe na tumwe two mu gace ka Lubero n’inyeshyamba za M23. Ibigo byinshi byibasiwe niki kibazo, cyane cyane amashuri abanza ya Muchungaji, Kilalo, Migheri, Kahisi, ndetse n’ikigo cya…

Read More

Lubero : inyeshyamba za ADF na M23 zibangamiye itangira ry’amashuri ku munsi w’ejo

Sosiyete sivile irashidikanya ku kuba amasomo azakomeza kuri uyu wa mbere, tariki ya 2 Nzeri nkuko byitezwe kubera umutekano muke ukomeje kurangwa muri Teretwari ya Batikimu murenge wa Bapere mu karere ka Lubero (Amajyaruguru ya Kivu) . Iri tangira ry’amashuri rije nyuma y’uko imidugudu yose yasizwe nabari bayituye kubera umutekano muke dore ko bamwe bagiye…

Read More

Intambara ya Israel na Hamas : Israel ivuga ko yabonye imirambo itandatu muri Gaza y’abari barashimuswe

Israel ivuga ko abasirikare bayo batoye imirambo itandatu y’abashimuswe bari bafunzwe na Hamas muri Gaza,mu itangazo, ingabo za Israel (IDF) zavuze ko iyo mirambo yatahuwe ku wa gatandatu mu muyoboro wo munsi y’ubutaka wo mu gace ka Rafah. Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko Israel itazaruhuka kugeza ababishe bagejejwe mu butabera.Mu itangazo, yanavuze…

Read More

Esipanye na senegal basinyinye amasezerano aha amahirwe y’Akazi k’abanyasenegal byoroshye

Minisitiri w’intebe wa Esipanye, Pedro Sánchez, yabonanye na perezida wa Senegali, Bassirou Diomaye Diakhar Faye, mu rugendo ruzamugeza mu bihugu bitatu byo muri Afurika y’iburengerazuba, hagamijwe gushakira umuti ikibazo cy’abimukira barenga ku mategeko, bajya mu birwa bya Canaries bya Esipanye. Abo bayobozi bombi bashyize umukono ku masezerano yo guteza imbere amahirwe y’akazi k’igihe gito muri…

Read More

Intambara ya Ukraine n’uburusiya : Uburusiya buri gusatira kwigarurira umujyi ukomeye wa Ukraine

Ingabo z’Uburusiya zateye intambwe ikomeye mu minsi ya vuba aha ishize, iteje inkeke yo kuruta ibyo Ukraine yagezeho mu gitero cyayo cyambuka umupaka cyo mu karere ka Kursk ko mu Burusiya.Abasirikare b’Uburusiya ubu bari muri kilometero nkeya uvuye mu mujyi wa Pokrovsk, umujyi unyuzwamo ibikoresho byinshi ukoreshwa n’igisirikare cya Ukraine. Umujyi wa Pokrovsk umaze igihe…

Read More

DRC : Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi ashinja ubutegetsi bwa Tshisekedi kumbekereza M23 n’u Rwanda

kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 31 / Kanama mu nama yabereye i Kinshasa, Martin Fayulu, umwe mu bayobozi b’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kongo, yatangaje ko ibibazo bikomeye DRC ihura nabyo ahanini biterwa na n’ubuyobozi buriho. Martin Fayulu mu ijambo yatangaje muri iyi nama yagize ati : ” hamwe n’ubutegetsi budahamye buriho ,magingo aya uduce…

Read More

Banki nkuru y’u Rwanda yatangaje inoti nshya ya 2000 n’iya 5000 ziriho ibirango bitandukanye n’ibiri ku zisanzwe.

Banki Nkuru y’u Rwanda BNR umaze gutangaza ku mugaragaro ko hashyizweho inoti nshya ya 2000 ndetse n’iya 5000,zigiye gukoreshwa mu bucuruzi mu Rwanda ,zikazakonarana n’izari zisanzweho za 500,1000,2000 n’iya 5000. Iteka rya perezida wa Repubulika No 073/01/ ryo ku wa 29/08/2024 rishyiraho izo noti ryasohotse ejo kuwa 29 kanama 2024,riha uburenganzira banki Nkuru y’U Rwanda…

Read More