Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na bagenzi be batandatukanye [sobanukirwa byinshi ku Inama y’Ubushinwa na Afurika 2024]
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Kagame uri i Beijing mu Nama ku Bushinwa na Afurika , yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Seychelles, Wavel Ramkalawan ndetse na William Ruto wa Kenya. Dore ibyo ukeneye kumenya byose ku biteganijwe mu nama ya 2024, uzaba ahari, n’Ubushinwa bumaze gushora imari muri Afurika: Muri iki cyumweru abayobozi ba…