Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na bagenzi be batandatukanye [sobanukirwa byinshi ku Inama y’Ubushinwa na Afurika 2024]

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Kagame uri i Beijing mu Nama ku Bushinwa na Afurika , yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Seychelles, Wavel Ramkalawan ndetse na William Ruto wa Kenya. Dore ibyo ukeneye kumenya byose ku biteganijwe mu nama ya 2024, uzaba ahari, n’Ubushinwa bumaze gushora imari muri Afurika: Muri iki cyumweru abayobozi ba…

Read More

DRC: Urubanza rw’abashinjwa kugerageza guhirika ubutegetsi rwimuriwe igihe rwagombaga kuberaho

Tariki ya 13 Nzeri,biteganijwe ko aribwo urubanza rw’abakekwaho kuba baragize uruhare mu gushaka guhirika ubutegetsi ku ya 19 Gicurasi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo rugomba kuburanishwa. Ku wa kabiri, tariki ya 3 Nzeri muri gereza ya gisirikare ya Ndolo, urukiko rwa gisirikare rwafashe urwo rubanza rubigishije inama kandi rusoza iburanisha ryahaberaga maze rutangaza ko…

Read More

umujyi wa kigali watanze umurongo uhamye kubyinye na Green City Kigali, umushinga uzahindura imiturire i Kinyinya

Mu murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo hagiye gutangizwa umushinga wo kubaka Umujyi utangiza Ibidukikije uzwi nka Green City Kigali . Iki kiganiro cyagarutse ku buzima rusange bw’Umujyi wa Kigali n’imishinga y’iterambere iteganyijwe mu bihe biri imbere, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 3 Nzeri 2024 bwatangaje ko Mu…

Read More

Ni ibiki twamenya ku iraswa rwa Bobi Wine ryabaye ku mugoroba ?

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, Nibwo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, akaba na Perezida w’Ishyaka rya National Unity Platform (NUP), Hon.Kyagulanyi Robert wamamaye nka Bobi Wine, yarasiwe ahitwa Bulindo mu karere kwa Wakiso. Umufasha wihariye mu kazi w’umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda Bobi Wine yatangaje ko uwo…

Read More

Riad Salameh wahoze ayobora banki nkuru ya Libani yatawe muri yombi

Nk’uko ibitangazamakuru byo muri Libani bibitangaza ngo Riad Salameh wahoze ari guverineri wa banki nkuru ya Libani, yatawe muri yombi nyuma yo kuburanishwa mu ngoro y’ubucamanza yo muri iki gihugu agahamwa n’icyaha cyo kunyereza amafaranga ya Leta. Ikigo cya Leta gishinzwe amakuru (NNA) cyatangaje ko umucamanza Jamal al-Hajjar uri mu mwanya w’ubushinjacyaha, yafunze Salameh w’imyaka…

Read More

DRC: umuryango w’abibumbye uratangaza ko ikigero cy’ihohoterwa gikomeje gufata indi ntera

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu (UNJHRO) ryatunze agatoki ihohoterwa rikabije ndetse ritanga ibirego bigera kuri 400 bifite aho bihuririye n’ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu byanasize inzirakarengane zigera ku 1,487 muri kamwe mu duce twa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, hamwe n’abantu . Iyi ni imwe muri raporo nyamukuru zashyizwe ahagaragara na UNJHRO ukwezi…

Read More

Aimable Karasira yasabye urukiko ko umutungo we wafatiriwe warekurwa akishakira umwunganizi

Karasira Aimable uyu munsi yabwiye urukiko ko agomba kuburana yunganiwe kandi adashaka umwunganira ahawe n’urugaga rw’abunganira abandi mu mategeko batangwa ku muntu utifashije, avuga ko we afite imitungo ihagije yamufasha kubona abamwunganira mu rubanza gusa yafatiriwe, asaba ko irekurwa. Karasira umuhanzi akaba n’uwahoze ari umwalimu wa Kaminuza y’u Rwanda yamenyekanye cyane mu biganiro yanyuzaga kuri…

Read More

Israel ; Netanyahu yasabye imbabazi igihugu cyose kubw’impfu z’abashimutiwe muri Gaza

Benjamin Netanyahu yasabye imbabazi Abanya-Israel kubera kunanirwa kugarura abashimuswe batandatu basanzwe muri Gaza ku wa gatandatu bapfuye, mu gihe Hamas yaburiye ko abandi bashobora gusubizwa imiryango yabo bari mu bitambaro [by’abapfuye] niba agahenge katagezweho. Abanya-Israel babarirwa mu bihumbi biraye mu mihanda ku wa mbere mu myigaragambyo mishya yahamagajwe n’imiryango ifite abayo bashimuswe, kugira ngo bagaragaze…

Read More

Nigeria : Abantu 10 bashinjwe icyaha cyo kugambanira igihugu

Nijeriya kuri uyu wa mbere, yashinje abantu 10 icyaha cyo kugambanira igihugu no gucura umugambi wo gushishikariza igisirikare kwigomeka ku butegetsi. Iki cyemezo kije gikurikira imyigaragambyo yo mu kwezi gushize yabaye mu gihugu hose, aho abantu ibihumbi amagana bihereje imihanda, bamagana ubuzima buhenze. Abari muri iyo myigaragambyo bahuye n’ingufu z’abashinzwe umutakano babirayemo ndetse bamwe bahasiga…

Read More