Paper Talk[Rwanda&Africa]: Ibya Kategaya Elie ushobora gusohoka mu ikipe ya APR FC, amakipe yo muri Tanzania akomeje kuregwa muri FIFA ku  bwinshi !

Umunya-Tanzania Israel Patrick Mwenda akaba umukinnyi  wa  Simba SC  w’Imyaka  24  yamaze kurega  ikipe  Singida Black Stars yiwabo muri Tanzania  mu mpuzamashyirahamwe  y’Aruhago  ku isi  “FIFA”  nyuma yo kutamwishyura ibyo yamugombaga.(#MickyJr) Umunya-Morocco  Brahim Diaz  w’Ikipe  ya  Real Madrid  yamaze  kugera mu mwiherero  w’Ikipe y’Igihugu  aho  aje kuyifasha mu mikino  yo  gushaka tike y’Imikino  y’Anyuma  y’Igikombe…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ikipe ya Musanze FC yitabaje FERWAFA ngo ibarenganure, ikipe izahagararira Africa muri club world Cup igiye kugura igikurankota!

Ikipe  ya  Al Ahly  yo mu gihugu cya  Misiri   ndetse  na   Gor Mahia  yo muri Kenya  ziri  mu  biganiro kugirango umukino ubanza  nuwo kwishyura  byose bizabere  I  Cairo mu gihugu cya Misiri  dore  ko muri Kenya hatari sitade zemewe  n’impuzamashyirahamwe  y’Aruhago muri Africa  “CAF” .(#MickyJr) Ikipe  yo muri Africa y’Epho  yatanze asaga $700  000 kugirango…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Chairman wa APR FC, Col. Richard Karasira yavuze ku kwirukana  umutoza wa APR FC Darko Nović, Simba ikomeje kwitwara neza!

Umunya-Africa  y’Epfo  Fadlu Davids  akaba  umutoza  wa  Simba SC  yo muri  Tanzania akomeje kwitwara neza  nyuma  yo kuzuza amanota atandatu  kuri  atandatu muri shampiyona  ya  Tanzania akaba amaze kwinjiza ibitego birindwi, gusa akaba afite  umukoro ukomeye wo guhangana na Young Africans imaze gutwara ibikombe bitatu byikurikiranya bya Shampiyona.(#MickyJr) Kuri iki Cyumweru, ikipe ya Police FC…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: FERWAFA igiye guca ibyo guha  abakinnyi amafaranga ku kibuga, Samuel Eto’o yongeye kutumvikana nabo bakorana!

Impuzamashyirahamwe  y’Aruhago ku isi  “FIFA”  yamaze gusohora uko amakipe agabanyije mu dukangara tuzifashishwa muri tombora  y’Imikino  yanyuma y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2025 kizabera muri Leta zunze Ubumwe z’Abanyamerika.(#MickyJr) Umutoza ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi Marc Brys akaba atoza ikipe y’Igihugu ya Cameroon we  n’abagenzi be barifuza ko  imikino yo gushaka itike y’imikino y’Anyuma y’igikombe  cya Africa…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa] Nyuma y’uko perezida anenze umugi wa Kigali ubu uri kwemeza ko byakemutse! Wydad AC  yongereye amafaranga kuri Clement Mzize

Abicishije ku rukuta rwa X yahoze yitwa twitter perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame  yakebuye umugi wa kigari awibutsa ko  ikibazo cya moteri icana amatara kuri sitade cyakabaye cyarakemutse mbere y’uko umwaka w’imikino utangira.(#DailyBox) Umujyi wa Kigali wemeje ko washatse moteri izifashishwa kuri Kigali Pelé Stadium mu gihe iyo watumije itaragera mu Rwanda. Imikino…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: APR FC irimo kwitegura bidasanzwe ikipe ya Azam,  Al Hilal na Al Merriekh zo muri Sudan z’igiye gukina muri shampiyona ya Mauritania !

Byamaze kwemezwa ko amakipe abiri yo muri Sudan Al Hilal ndetse  na  Al Merriekh  zose umwaka w’imikino tugiye kwinjiramo  wa   2024/25  z’izakina  muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri   Mauritania  “Mauritania Ligue 1” .(#MickyJr) Kizigenza w’ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania Joshua Mutale,  Umunya-Zambia w’imyaka 22 yamaze kugira ibibazo by’imvune bizatuma uyu mababa uca kuruhande…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Bamwe mu bafana ba Rayon bararebana ayingwe na Robertinho,umukinnyi wanyuze muri Murera yaguzwe $100k!

Rutahiza  w’umunya-South Africa Cassius Tumelo Mailula, 23,    yamaze  gusohoka mu ikipe  ya  Toronto FC  ibarizwa muri shampiyona  ya  Leta  zunze Ubumwe Z’Abanyamerika  Major League Soccer  aho agiye gusinyira ikipe  ya  Wydad AC yo muri Morocco, ibi bijenyuma y’uko umutoza w’iyi kipe  Umunya-Africa y’Epfo  Rulani Mokwena afashe rutema ikirere agiye gushaka abakinnyi .(#MickyJr) Umunya-Cameroon  Onana Essomba…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Police FC yatsinzwe n’Ikipe idafite umutoza, CAF yandikiye amashyirahamwe arigize ubutumwa bukakaye!

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru k’umugabane w’Africa  “CAF” yandikiye  amashyirahamwe yose ubutumwa  bukakaye bayibutsa ibihano bikakaye ku bantu bazagaragarwaho ni ibyaha byo kwijandika mu byaha byo gutega mu mikino y’amahirwe, ivuga ko ibihano bizagera ku myaka itatu ku bakinnyi , abatoza ndetse  n’abasifuzi bazabifatirwamo batagaragara mu bikorwa ibyari byo byose by’umupira w’amaguru.(#MickyJr) Umunya -Cote d’Ivoire  Michael Kouablan…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Robertinho yavuze kurwego rwa rutahizamu mushya wa Rayon , dore abanyacyubahiro baza kwitabira umuhango wo gushyingura Issa Hayatou

Umunya-Cameroon Issa Hayatou wayoboye impuzamashyirahamwe y’aruhago muri Africa “CAF”   Issa Hayatou uherutse kwitaba Imana arashyingurwa none, akaba ari umuhango uzakwitabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye mu mupira w’isi harimo umuyobozi wa CAF Dr Patrice Motsepe , Ahmad Ahmad wayoboye nawe CAFA  ndetse n’umuyobozi w’impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi Giovanni Vincenzo Infantino.(#CAF) Umunya-Cameroon Leonel Ateba  w’imyaka 25 yamaza gusinyira…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Chairman wa APR FC yiseguye ku bafana, yakiriwe nk’umwami nyuma yo kwitwara neza muri Olempike!

Umusore ukomoka mu gihugu cya Tanzania  Israel Mwenda  uherutse gutandukana na  Simba SC yaho mri Tanzania yamaze gusinyira ikipe ya Singida Black Stars ku masezerano y’imyaka itatu, uyu musore ukina ku ruhande rw’iburyo yugarira w’imyaka 24. (#MickyJr) Mugihugu cya  Botswana   bakiri ye mu buryo budasanzwe  Letsile Tebogo  aho abarenga 30,000  aribo baje kumwakira nyuma yo…

Read More