Paper Talk: Kylian Mbappé yageze muri Real Madrid, Alisson Becker muri Saudi Pro-League! Jadon Sancho ntasha Manchester United

Kylian Mbappé, 25 yamaze gutangazwa nkumukinnyi mushya w’ikipe ya Real Madrid ndetse ngo yahawe imasezerano y’imyaka itanu afite agaciro ka €15m (£12.8m) kumwaka ukuyemo imisoro ndetse azahabwa akayabo karenga  £85m za bonasi zo gusinyira Real Madrid.(#SKYSports) Umusore w’Ikipe ya Liverpool  ukomoka mu gihugu cya Brazil  Alisson Becker, 31, arifuzwa n’isinzi ry’amakipe  yo muri Saudi Pro…

Read More

Paper Talk: Rutayizamu wari kuza muri APR FC byanze, ibihugu 12 bizatanga amakipe 4 mumikino nya Africa, amakipe 4 azahagararira Africa muri club world cup 2025

Kaizer Chiefs yo muri Africa yepfo  ifite ikizere  cyo kuzabona umutoza wa  AS FAR Nasreddine Nabi  ukomoka  mu gihugu cya Tunisia, gusa izategereza ko shampiyona ya Morocco irangira nyuma yaho  Kaizer Chiefs  ubu nta mutoza ifite kuko iri gutozwa n\’Umutoza w\’Agateganyo Cavin Dennis Johnson umunya South Africa.(#SABC SPORTS) Sadio Mané  ntazagaragara mumikino ibiri yo muri…

Read More

Liverpool fc uyu munsi nibwo yashinzwe,neymar asinyira Barcelone,Mohammad ali yitaba imana …taliki ya 3/kamena mu mateka mu isi ya siporo

ibihe by \’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka: uyu munsi kuwa mbere ,Tariki 3 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 155 mu igize umwaka, hasigaye 211 ukagera ku musozo. 1802 ikipe ya Liverpool yo mu bwongereza yarashinzwe . 1971 Ikipe ya Leeds yo mu bwongereza yatwaye igikombe cy\’iburayi itsinze Juventus ibitego 3 kuri 1. 1972…

Read More

Paper Talk: Percy Tau akomeje kuba igihangange muri Africa! Tunisia kuri sitade habaye akavuyo, Ani Elijah muri Rayon Sports

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya south Africa Percy Muzi Tau, 30 ya hawe igihembo cy’Umukinnyi mwiza w’Umwaka wa COSAFA, ishyirahamwe ry’Ibihugu byo mu majyepho ya Africa, uyu musore asanzwe abarizwa muri shampiyona ya Misiri.( COSAFA) Ikipe ya Al-Gharaf  ibarizwa mu gihugu cya Qatar irifuza umusore ukomoka mu gihugu cya Angola Agostinho Cristóvão Paciência “Mabululu”  gusa…

Read More

Papa John XXIII ni bwo yitabye Imana,umunyamerika wa mbere yagiye mu isanzure…,uyu munsi taliki ya 3/Kamena mu mateka

uyu munsi kuwa mbere ,Tariki 3 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 155 mu igize umwaka, hasigaye 211 ukagera ku musozo. Ku isi yose hari ibintu bitandukanye byabaye ku munsi nk’uyu haba ku bantu babaye ibyamamare no ku bihugu. Hari kuwa 03 Kamena 1940 u Budage bwateye igisasu mu bufaransa mu mujyi wa Paris gihitana…

Read More

Paper Talk: Erling Haaland Kuba muri city! ibyo Hansi Flick atekereza kuri Joao Felix,Paris St-Germain kuri NapoliKhvicha Kvaratskhelia

Manchester City ntakindi kintu irigutekereza usibye kongerera amasezerano umunya  Norway Erling Haaland, 23, nyuma y’uko Real Madrid ya muvugwagaho ya maze kugura  Kylian Mbappé byo ngerera amahirwe  Manchester city ko ya mugumisha  Etihad. (#Mirror) Arsenal  ya tangiye gukusanya amakuru ku musore wa FC Barcelona w’Imyaka,19, Mikayil Faye myugariro ukomoka mu gihugu cya  Senegal, Mikel Arteta ari gutekereza…

Read More

Jose Mourinho yageze bwa mbere muri premier legue,Frank Lampard nawe arasezera muri chelsea,Liverpool…iyi taliki ya 2/kamena mu mateka mu isi ya siporo

Iby\’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 1869 ikipe ya Cleveland Forest City yakinnye umukino wabo wa 1 wa baseball, aho bahuraga na Cincinnati Red Stockings. 1996: Tennis ,Annika Sorenstam yatsindiye ku nshuro ye ya kabiri yikurikiranya US open . 2004 ,jose Mourinho yasinyiye ekipe ya Chelsea nk\’umutoza mukuru wayo. 2007: Daniel…

Read More

Elizabeth II yarimitswe,Repubulika y\’ubutaliyani yarashinzwe,Pope John Paul II …. byinshi byaranze iyi taliki ya 2/Kamena mu mateka

Tariki 2 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 154 mu igize umwaka, hasigaye 212 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi: 1946: Havutse Repubulika y’u Butaliyani, muri kamarampaka yabaye abaturage b’iki gihugu bahisemo ko igihugu cyabo kiva mu Ngoma ya Cyami kigahinduka repubulika, nyuma y’itorwa ry’iyi mpinduka Umwami Umberto II di Savoia wayoboraga iki…

Read More

Paper Talk:Karim Benzema yaje gusura ku ivuko,BAL 2024 yashyizweho akadomo! abatoza muri Africa bakomeje kwirukanwa

Petro de Luanda yo muri Angola yegukanye BAL 2024 itsinze Al Ahly Benghazi amanota 107-94, mu mukino warebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, mu gihe Rivers Hoopers ya twaye umwanya wa gatatu muri BAL 2024.(#BAL 2024) Karim Mostafa Benzema,36 ya geze iya Béjaïa muri Algeria aho aba byeyi be bakomoka  kuri uyu wa…

Read More

Paper Talk:Chelsea yabererekeye Arsenal, Ederson Moraes arasohoka muri city? Akazoza ka Mason Greenwood

Borussia Dortmund  biragoye ko ya twara mu buryo bw’a burundu intizanyo ya  Manchester united  Jadon Sancho, 24 kubera ibibazo by’Ubushobozi buke bw’Amafaranga,  uyu musore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (#Sky Sports) Umusore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Kobbie Mainoo, 19, biteganyijwe ko ashobora gusinya amasezerano mashya muri Manchester United nyuma y’Igikombe ki Burayi kiza tangira muri uku kwezi…

Read More