UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 10/Nyakanga, Inteko Ishinga Amategeko ya Pakistan, yafashe umwanzuro wo kwemera ubwigenge bwa Bangladesh naho Lt. Emmanuel Butera abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Uyu munsi kuwa gatatu,Taliki ya cumi/Nyakanga ni umunsi w’i 191 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 175 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . 138: Umwami w’Abami wa Roma, Hadrian, yahitanywe n’indwara y’umutima. 511: Hasojwe inama ya Concile d’Orléans yagennye imikorere ya kiliziya mu bwami…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mohamadou Lamine Ba mababa mushya wa APR FC,Mucyo Junior Didier yatandukanye na Rayon Sports kandi  n’aho yakoze igeragezwa byaranze!

Abafana b’ikipe ya  Dynamos FC yo mu gihugu cya Zimbabwe  bahanganye n’abayobozi b’iyi ikipe mu rwego rwo gushyigikira abakinnyi b’iyi kipe bamaze igihe batazi ikitwa umuashahara ndetse abakaba baberewemo amafanga menshi y’uduhimbazamusyi batahawe mu bihe bitandukanye  n’abo bakaba bafashe umwanzuro wo kudakora imyitozo bitagura umwaka w’Imikino.(#MickyJr) Ayamakipe  n’iyo atazakina imikino y’Ibanze(preliminary round)  ya CAF Champions 2024/25…

Read More

Paper Talk[Europe]: Bayern Munich igiye gutandukana n’abakinnyi batandatu, naho ikipe ya Manchester United n’iyo kipe  irikuvugwa cyane ku isoko!

Chelsea  yatangiye ibiganiro  n’Ikipe ya Borussia Dortmund  yo mu gihugu cy’ubudage kubagurisha umusore wabo  Karim Adeyemi  w’Imyaka 22 akabakina nka rutahizamu. (Bild – in German) West Ham United  irifuza gutwa umusore w’ikipe ya   Aston Villa w’Imyaka   20- Colombia  Jhon Duran wanatekerejweho n’Ikipe ya Chelsea . (Sky Sports) Manchester United  yamaze kumvikana muburyo bw’amagambo  n’Ikipe  ya  Bayern…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Taliki 9/Nyakanga,Wayne Rooney Marc yatangaje ko azava muri Manchester United nyuma yimyaka 13 naho Ashley Young abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo. 1877 Shampiyona ya mbere ya tennis ya Wimbledon yakinwe ku nshuro yayo ya mbere ,iri rushanwa bwa mbere ryabanje gukinwa n’abagabo gusa . 1991 Afurika y’Epfo yongeye kwinjira mu mikino Olempike 2000 Polisi yarashe abafana ibyuka biryana mu maso ndetse n’amasasu mu mukino w’umupira wamaguru wo gushaka itike…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 9/Nyakanga,Argentine yatangaje ubwigenge yibohoye ingoyi ya Espagne naho umwami Hassan II wa Morocco abona izuba

Uyu munsi kuwa kabiri,Taliki ya cyenda /Nyakanga ni umunsi w’i 190 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 176 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Kuri iyi taliki inama y’ abaminisitiri yateranye muri 2008 yishimiye ikurwaho ry’ ibirego bya Jean Louis BRUGUIERE byasabaga ifatwa n’ itabwa muri yombi rya bamwe mu…

Read More

Paper Talk[Europe]:Inama rukokoma muri Manchester United , Barcelona kuri Joao Cancelo bikomeje kugorana!

Juventus irashaka kugurisha Umutaliyani  akaba na rutahizamu Federico Chiesa, 26, kugirango yongere amafaranga yokwigurira  umusore w’ikipe ya  Manchester United  Jadon Sancho, nyuma yogutizwa mu ikipe ya Borussia Dortmund ariko bikaba bisankaho bashobora kutamutwara mu buryo bwa burundu. (Calciomercato – in Italian) Manchester United ndetse n’ikipe ya   Arsenal  zose z’iratekereza gutwara umusore w’Ikipe ya Ajax yomu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 8/Nyakanga,Brazil yandagajwe bikomeye n’ikipe y’igihugu y’ubudage naho Virgil van Dijk na Son Heung-min babona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi twibukiranya kuri iyi taliki mu mateka mu isi ya siporo: 1990 igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru cyabereye kuri Stadio Olimpico iherereye i Rome muri Italy penaliti yo kumunota wa 85 w’umukino ya Andreas Brehme yahesheje ubudage bw’iburengerazuba igikombe imbere ya Argentine 2004 Mark Viduka rutahizamu kabuhariwe wakiniraga Leeds united akanayitsindira ibitego 14 muri…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ikipe ya Mangwende igiye kubona umutoza mushya, APR FC na CECAFA KAGAME CUP 2024  byashyushye!

Umunya-Tanzania Yusuph Kagoma w’Imyaka  28  yamavuko yamaze gusinyira ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania nubundi yo mu gihugu yari avuyemo dore ko yatozaga ikipe ya Singida , uyu musore ukina mu kibuga hagati yugarira  ,Simba ikomeje gukora ibishoboka byose ngo izahangane na Young Africans mu mwaka utaha w’Imikino nyuma yuko Young Africans yegukanye ibikombe bitatu…

Read More

Paper Talk: Manchester United  yamaze kumvikana  na rutahizamu kandi udahenze , birasa nkaho Chelsea yagarutse muri gahunda yo gutwara  Victor Osimhen!

Arsenal  ntago irabasha gutanga amafaranga y’ifuzwa  n’Ikipe ya  Bologna  angana miliyoni £42.3  kuri myugariro Riccardo Calafiori, w’imyaka 22 gusa kugeza ubu ibiganiro birakomeje hagati y’amakipe yombi  . (Football Italia) Umudage ukina hagati mu kibuga  Pascal Gross  yamaze kumvikana ibimureba byose na ekipe ya  Borussia Dortmund yo mu gihugu cy’Ubudage   kugirango uyu musore asohoke mu ikipe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 07 Nyakanga, Golden State Wariors yasinyishije Kevin Durant naho Alfredo Di Stéfano yitaba imana

Uyu munsi Taliki ya karindwi/Nyakanga ni umunsi w’i 189 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 177 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka : 1924:igihugu cy’ubufaransa cyakiriye ku mugaragaro imikino ya Olempike mu mpeshyi yo muri uyu mwaka. 1974 Umukino wanyuma wigikombe…

Read More