Paper Talk[Europe]: Manchester City ifite ubwoba bwo kubura  Julian Alvarez, Liverpool igiye kuzana  myugariro witwaye neza mu igikombe  cy’uburayi!

Marc Guehi  nyuma yo gusoza igikombe cy’Uburayi  ari kwifuzwa n’ikipe ya  Liverpool  ndetse biravugwa ko ibiganiro byamaze kuba bitangira  kugirango uyu musore w’Imyaka  24 wa  Crystal Palace  ndetse n’ikipe y’Igihugu ya Bongereza yerekeze muri Liverpool. (Fabrizio Romano via GiveMeSport) Umwongereza  ukina hagati mu kibuga   Adam Wharton w’imyaka 20,  biteganyijwe ko azanga amahirwe yo kwerekeza  muri imwe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: umutoza w’ubufaransa Didier Deschamps yaciye agahigo naho Alberto Michelotti abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1928 22 Tour de France: umunya- Luxembourg Nicolas Frantz wakiniraga ekipe ya Alcyon  yambaye umwenda w’umuhondo kuva ku gace ka mbere kugeza iri rushanwa risoje . 1970 Danemark yatsinze Ubutaliyani ibitego 2-0 muri shampiyona y’isi yumupira wamaguru wabagore. 1991 Sandhi Ortiz-DelValle numugore wa mbere…

Read More

Tariki ya 15 Nyakanga mu mateka:Inkongi y’umuriro yibasiye urubuga rwa basilica yitiriwe Mutagatifu Paul, i Roma naho perezida wa Haiti Jean-Bertrand Aristide abona izuba

Uyu munsi kuwa mbere,Taliki ya cumi n’eshatu /Nyakanga ni umunsi w’i 195 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 171 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1099: Umurwa wa Yeruzalemu wigaruriwe n’abarwanyi barwanaga n’abantu bitwazaga imisaraba mu ntambara zitandukanye, aho bigaruriye kiliziya ndetse n’imva. 1149: Hongeye…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ederson  Moraes  agiye kwerekeza muri Saudi Arabia, Manchester United igiye kugura umukinnyi utozwa na Jose Mourinho w’umuhanga  cyane!

Manchester United  ikomeje umugambi wayo wo kugurisha  umunya-Sweden wayo myugariro  Victor Lindelof, 29,  muri iy’impeshyi  ndetse  izumva  ubusabe bwa bifuza gutwara  Christian Eriksen  Umunya- Denmark  w’Imyaka 32 ukina hagati mu kibuga. (Manchester Evening News) Chelsea yamaze kwinjira muri gahunda yo guhanganira  Umufaransa ukina hagati mu kibuga w’Imyak 19 Desire Doue  dore  ko hari n’amakipe yandi menshi…

Read More

uyu munsi tariki ya 14 Nyakanga mu mateka;Louis VIII yabaye umwami w’igihugu cy’u Bufaransa naho Goodwill Zwelithini Kabhekuzulu, umwami w’Ubazulu abona izuba

Ku itariki ya 14 Nyakanga 1994 ab’i Kigali na Butare babyinaga intsinzi, ab’i Byumba bari mu mudendezo. Igihe cyari kigeze ngo abo mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri nabo bikirize intero y’amahoro. Ruhengeri y’imisozi miremire yakomokagamo abategetsi benshi b’u Rwanda muri Repubulika ya Kabiri. Niho hari hubatse gereza yafungirwagamo abitwaga ibyitso batavugaga rumwe n’ubutegetsi. Kuba…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mashami Vincent afite icyizere cyo kugera mu matsinda!  ikipe  Mangwende yakiniraga  yabonye umutoza mushya

Umunya-Poland  Czeslaw Michniewicz yamaze  kuba umutoza mushya w’ikipe ya AS FAR yomu gihugu cya Morocco nyuma yo gutandukana na Nasreddine Nabi Umunya-Tunisia  wabatozaga guhera mu mwaka wa  2023, uyu munya Poland yatoje amakipe atandukanye arimo ikipe y’Igihugu ya Poland, Legia Warsaw, Abha Club yomuri Saudi Arabia  ndetse  n’ayandi.(#Sports.PL) Nyuma y’uko  impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru k’umugabane  wa…

Read More

TODAY IN SPORTS :Lewis Hamilton yanditse amateka muri Formula 1 naho Serge Gnabry wa Bayern Munich abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo : Ikipe ya Elche yo muri Espagne yatsinzwe ubujurire ku cyemezo cyo kubavana muri La Liga mu cyiciro cya kabiri kubera ko batishyuye imisoro n’umushahara ku bakinnyi. Urukiko nkemurampaka rwa siporo (CAS) rwanze ubujurire bw’iyi kipe, bivuze ko bazasimbuwe na Eibar. 1949…

Read More

PaperTalk[Europe]:Ibura ry’indege  riratuma bamwe batareba final ya EURO! umuyobozi wa  La Liga yavuze amagambo yahumurije abafana ba Barcelona kuri  Nico Williams

Newcastle United  iratekereza  gutanga ubundi busabe bwabo  mu ikipe ya  Everton ku umusore wabo witwa Dominic Calvert-Lewin  w’Imyaka 27 akaba akomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  nyuma yuko  amafaranga batanze bwa ambere  yanzwe n’ikipe ya Everton y’umutoza Sean Dyche . (Football Insider) Napoli  iracyakomeje umugambi wayo wo   gatwara umusore w’ikipe ya Chelsea bakunze gutiza  cyane witwa Romelu Lukaku…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 13 /Nyakanga,hasojwe inama ya Berlin mu Budage yarangiye hasinywe amasezerano yo kwigabanya ibihugu bitandukanye ku isi [Berlin Conference naho Claude Antoine Capon de Château-Thierry abona izuba

Ku wa Kane, tariki ya 13 Nyakanga 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 06 Kamena 2023. 2. Inama y’Abaminisitiri yagejejweho amavugururwa y’ingenzi ateganyijwe mu rwego rw’ubuzima. 3. Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira: •…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:APR FC ikomeje kwereka igihandure  amakipe muri Tanzania, Fiston Kalala Mayele yongeye  kwandika amateka akomeye mu mupira  wo muri Africa

Mu mukino wa karahabutaka  mu gihugu cya Misiri  ikipe ya  Al Ahly  byarangiye itsinze Pyramids FC  ibitego 3-2  gusa Pyramids FC   yagumanye umwanya wa  mbere, gusa ubu irarusha amanota 8 gusa kandi ikipe ya Al Ahly  ifite imikino 4 y’ibirarane.(# Egyptian Premier League) Fiston Kalala Mayele Umunya-Repubulika Iharanira  Demokarasi ya Congo yamaze kuzuza  ibitego 100…

Read More