Paper Talk[Europe]: Manchester City ifite ubwoba bwo kubura Julian Alvarez, Liverpool igiye kuzana myugariro witwaye neza mu igikombe cy’uburayi!
Marc Guehi nyuma yo gusoza igikombe cy’Uburayi ari kwifuzwa n’ikipe ya Liverpool ndetse biravugwa ko ibiganiro byamaze kuba bitangira kugirango uyu musore w’Imyaka 24 wa Crystal Palace ndetse n’ikipe y’Igihugu ya Bongereza yerekeze muri Liverpool. (Fabrizio Romano via GiveMeSport) Umwongereza ukina hagati mu kibuga Adam Wharton w’imyaka 20, biteganyijwe ko azanga amahirwe yo kwerekeza muri imwe…