uyu munsi tariki 20 /kanama mu mateka : senegal yabonye ubwigenge!

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1878: Hashinzwe ishyirahamwe ry’abanyamategeko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rizwi ku izina rya American Bar Association. 1959: Perezida Dwight D. Eisenhower wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasinye amasezerano yemeza Hawaii nka Leta ya 50 muri Amerika. 1968: James Anderson Jr yahawe umudali w’ishimwe nk’umwirabura wa mbere wabaye umusurikare wa…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Bamwe mu bafana ba Rayon bararebana ayingwe na Robertinho,umukinnyi wanyuze muri Murera yaguzwe $100k!

Rutahiza  w’umunya-South Africa Cassius Tumelo Mailula, 23,    yamaze  gusohoka mu ikipe  ya  Toronto FC  ibarizwa muri shampiyona  ya  Leta  zunze Ubumwe Z’Abanyamerika  Major League Soccer  aho agiye gusinyira ikipe  ya  Wydad AC yo muri Morocco, ibi bijenyuma y’uko umutoza w’iyi kipe  Umunya-Africa y’Epfo  Rulani Mokwena afashe rutema ikirere agiye gushaka abakinnyi .(#MickyJr) Umunya-Cameroon  Onana Essomba…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester City iri gusaba  Pep Guardiola kuvuga niba azaguma muri iyi kipe, Chelsea igiye kurekura umukinni wayo mwiza!

Abahagarariye  ikipe ya  Brentford  na  Ivan Toney  bari mu biganiro  n’ikipe yo muri   Saudi Pro League  ya    Al-Ahli  kugirango uyu musore w’umwongereza w’imyaka  28 yerekezeyo  . (Teamtalk) Manchester United  yavuzwe cyane   kuri Ivan Toney   ntago ikiri muri gahunda yo gutwa  uyu Mwongereza  dore ko yamaze kugura undi rutahizamu  bavanye muri Bologna mu gihugu cy’Ubutaliyani  Joshua Zirkzee…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : ikipe y’igihugu y’ubudage yegukanye umudali wa zahabu mu mikino olempike

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1995 mu iteramakofe ,Mike Tyson yagarutse muri ring nyuma yo gufungwa imyaka 3. 2001 Umushoferi w’umudage ukinira ikipe ya Ferrari, witwa Michael Schumacher, yegukanye igikombe cya Grand prix ya Hongiriya . 2008 Umwongereza Victoria Pendleton yasigiye Anna Mears ku murongo wa nyuma wo gusorezaho…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Nyuma yo gusifurirwa mu buryo benshi batishimiye APR FC igiye kumenyesha CAF! Pyramids iri kunyagira APR FC na Azam n’ukoga magazi!

Kuri iki Cyumweru, ikipe ya APR FC yatsindiwe na AZAM FC igitego 1-0 kuri stade ya AZAM Complex mu mukino ubanza wa Total CAF Champions League. Umukino wo kwishyura uzaba kuri uyu w’agatandatu taliki ya 24 kanama 2024 ubere I Kigali mu Rwanda.(#APRFC) Ikipe y’Ingabo  z’igihugu  APR FC iri gutegura  kugira icyo ikora (imenyesha CAF)…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester City  iri kurwana no kugumana Rodri utekerezwa na Real Madrid, Liverpool  igiye kubona umuzamu mushya

Kuri uyu  w’agatandatu  Joe Gomez  yavuye  mu bakinnyi  ba Liverpool   nyuma  y’uko  hari amakuru  ari kumwerekeza mu  makipe atandukanye arimo  Newcastle, Aston Villa, Fulham  ndetse  na  Chelsea . (Times – subscription required) Liverpool ntago iri gutekereza  kugurisha  Joe Gomez   nk’ibintu  byibanze  dore ko umutoza  wayo  mushya  Arne Slot   atekereza ko na we yahatanira umwanya  wo gukina  muri iyi kipe …

Read More

Uyu munsi mu mateka :  Pervez Musharaf wari Perezida wa Pakisitan, yeguye ku mirimo ye.

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : Mu 293 Mbere y’ivuka rya Kirisitu: Urusengero rw’Abaromani rw’ahitwa Venus ni bwo rwashinzwe, ibi byatangiranye n’ikigo cya Vinalia Rustica. 1201: Hashinzwe Umujyi wa Riga ukorerwamo ubucuruzi n’inganda muri Baltics. 1891: Muri Martinique habaye imyigaragambyo ikomeye yiswe Major hurricane, yasize ihitanye abantu bagera muri 700. 1938: Franklin D. Roosevelt wari Perezida…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Afurika yepfo yabujijwe kongera kwitabira imikino Olempike kubera politiki yayo ya apartheid

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1964 Afurika yepfo yabujijwe kongera kwitabira imikino Olempike kubera politiki yayo ya apartheid . 1965 Ikipe y’umupira w’amaguru yo mu Buholandi yitwa FC Den Bosch yashinzwe ku itariki nk’iyi mu gace ka Hertogenbosch . 1986 Jim Kelly yasinyanye amasezerano ya miliyoni 75 z’amadolari mu…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Police FC yatsinzwe n’Ikipe idafite umutoza, CAF yandikiye amashyirahamwe arigize ubutumwa bukakaye!

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru k’umugabane w’Africa  “CAF” yandikiye  amashyirahamwe yose ubutumwa  bukakaye bayibutsa ibihano bikakaye ku bantu bazagaragarwaho ni ibyaha byo kwijandika mu byaha byo gutega mu mikino y’amahirwe, ivuga ko ibihano bizagera ku myaka itatu ku bakinnyi , abatoza ndetse  n’abasifuzi bazabifatirwamo batagaragara mu bikorwa ibyari byo byose by’umupira w’amaguru.(#MickyJr) Umunya -Cote d’Ivoire  Michael Kouablan…

Read More

Paper Talk[Europe]: Chelsea igiye kurekura Noni Madueke, Arne Slot wa Liverpool yatanze itegeko ridasanzwe abakinnyi bose bagomba kubahiriza!

Crystal Palace   irategura kwanga  ubusabe bw’ikipe ya Newcastle  United   kuri Marc Guehi Umwongereza w’imyaka 24 bizaba bibaye kunshuro ya kane. ububusabe bw’Akane bukaba bufite agaciro ka  £65m . (Sky Sports) Gusa nubwo bimeze bityo  ikipe ya Newcastle  United ntago iteganya kuva muri gahunda ya  Guehi ahubwo ngo bagiye gusha ubundi buryo bushoboka bakoramo iyi gahunda  . (, externalThe…

Read More