BaL 2024,umusimbura wa juvenal,inteko rusange ya Ferwafa, muri kenya ,ninde uzasohokera iki igihugu?

Basketball Africa League Al Ahly ifite igikombe giheruka yasezerewe , Uyu mukino wa mbere wa ¼ wabaye ku Cyumweru, tariki 26 Gicurasi 2024 wari umwe mu yitezwe cyane ko wahuzaga ikipe ifite igikombe giheruka n’indi nshya ariko yagaragaje imbaraga zikomeye.(#Igihe) Kiyovu Sports Club Nkurunziza David yatorewe kuba perezida wa Kiyovu Sports mu nama y’Inteko rusange…

Read More

Apr fc yananiwe kuvuga rumwe na zimwe mu nkingi za mwamba zayo.

Nyuma yo gusoza uyu umwaka w\’imikino mu byishimo byo kwegukana igikombe cya shampiyona, iyi ikipe y\’ingabo z\’igihugu yatangiye gutegura umwaka w\’imikino utaha iganiriza bamwe mu bakinnyi bayo bagenda begera ku musozo w\’amasezerano yabo bari basanzwe bafite muri iyi ekipe . Kwikubitiro habanjwe kuganirizwa bamwe mu bageze ku musozo wa amasezerano yabo ariko benda kujya kwitabira…

Read More

inkomoko y\’umuryango wa OTAN na amakimbirane hagati yawo n\’ubu-Russia

Iki gitekerezo cya generali marshall ntabwo cyoroheje kwishyira hamwe kwubukungu bw’ibihugu by’i Burayi gusa ahubwo byateje imbere igitekerezo cy’inyungu n’ubufatanye hagati y’Amerika n\’Uburayi. Abasoviyeti banze kugira uruhare muri gahunda ya Marshall cyangwa kwemerera ibihugu by’icyogajuru mu Burayi bw’iburasirazuba kwakira ubufasha bw’ubukungu byafashije gushimangira amacakubiri yiyongera hagati y’iburasirazuba n’iburengerazuba mu Burayi.Mu 1947–1948, ibintu byinshi byatumye ibihugu…

Read More

BOBI WINE yashubijwe i Kampala ikubagaho.

Kuri uyu wa gatatu igipolisi cya Uganda cyateye ibyotsi byiryana mu maso bizwi nka tear gas mu muhanda wacagamo imodoka zari zitwaye Robert Kyagulanyi uzwi nka BOBI Wine utavuga rumwe n\’ubutegetsi buriho mu gihugu cya Uganda ubwo yararimo yinjira mu karere ka KAMULI ;aho byari biteganijwe kuza guhura n\’abarwanashyaka bashyigikiye uyu muhanzi mu rwego rwo…

Read More

Byinshi byihishe inyuma y\’uruzinduko rwa Perezida Ruto i Washington.

Perezida William Ruto wa repubulika ya kenya na mugenzi we Joe Biden kuri uyu wa kane batangaje imbonerahamwe y\’ishoramari ryagutse ry\’amamiliyari menshi muri KENYA ryakomotse kubuhahirane hagati y\’ibihugu byombi mugihe cy\’imyaka 60 y\’ubu buhahiranire,Uyu mushinga w\’ishoramari rishya muri iki gihugu ryatangajwe ku munsi wanyuma w\’uruzinduko rw\’iminsi ine uyu mukuru w\’igihugu cya kenya yaramaze asura leta…

Read More

Ronaldo yongeye kwereka mu bworo bw\’ ikirenge mukeba we messi

Christiano Ronaldo yongeye kuyobora ibindi birangirire muri siporo mukwinjiza agatubutse ku nshuro ya kane muri career ye yo guconga ruhago. Rurangiranwa w\’umunya – Portigal Christiano Ronaldo w\’imyaka 39 ukinira al – Nassir yo muri SAUDI ARABIA yongeye guca agahigo ko kuyobora abindi muri siporo birangirire muri siporo byinshiza amafaranga menshi mu gihe cy\’ukwezi nkuko raporo…

Read More

Perizida IDRISS yatsinze amatora; Masra ahita yegura.

Minisitiri w’intebe wa Tchad Masra yeguye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe aho Deby yemejwe ko yatsinze. Minisitiri w’intebe wa Tchad akaba n’umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi nyakubahwa Succes Masra, yeguye ku mirimo ye nyuma y’uko Perezida w’agateganyo Mahamat Idriss Deby yemejwe ko yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu yo ku ya 6 Gicurasi, nk\’uko Masra yabitangaje kuri uyu wa…

Read More

Ni abaperezida bangahe bamaze kuyobora u Rwanda nyuma y\’ingoma ya cyami ?

Nyuma y’uko u Rwanda rurekuranye n’ubutegetsi bwa cyami rukagana inzira ya Repubulika yiswe iya Demokarasi, imyaka ibaye 63, ruyobowe n’abaperezida 6 guhera 1960 kugera taliki 5 ukwakira 2016-…? Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda rubimburirwa na: Dominique Mbonyumutwa: Yabaye perezida umwaka umwe gusa (28/01/1961 – 26/10/1961) Perezida Dominique Mbunyumutwa, niwe wabaye Perezida wa mbere wayoboye u Rwanda…

Read More

By\’amaherere president RAISI atakarije ubuzima mu mpanuka.[full report]

Kajugujugu yari itwaye Perezida wa Irani, Ebrahim Raisi na minisitiri w’ububanyi n’amahanga yakoze impanuka ubwo yari avuye mu burasirazuba bwa Azaribayijan. Perezida wa Irani, Ebrahim Raisi, yapfiriye hamwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu, Hossein Amirabdollahian, nyuma yuko kajugujugu yari ibatwaye hamwe n’abandi bayobozi baguye mu gace k’imisozi n’amashyamba muri iki gihugu mu bihe byiganje…

Read More