Paper Talk: Percy Tau akomeje kuba igihangange muri Africa! Tunisia kuri sitade habaye akavuyo, Ani Elijah muri Rayon Sports

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya south Africa Percy Muzi Tau, 30 ya hawe igihembo cy’Umukinnyi mwiza w’Umwaka wa COSAFA, ishyirahamwe ry’Ibihugu byo mu majyepho ya Africa, uyu musore asanzwe abarizwa muri shampiyona ya Misiri.( COSAFA) Ikipe ya Al-Gharaf  ibarizwa mu gihugu cya Qatar irifuza umusore ukomoka mu gihugu cya Angola Agostinho Cristóvão Paciência “Mabululu”  gusa…

Read More

Muri Iran kwakira kandidatire kubahatanira umwanya w\’Umukuru w\’igihugu birarangira uyu munsi.

Kuri uyu wa mbere Tariki ya 3, Kamena 2024, muri Iran Kwakira Kandidatire Kubahatanira Umwanya W\’umukuru W\’igihugu Birarangira. Kuva ku wa 30, Gicurasi 2024 nibwo ibi bikorwa byatangijwe ku mugaragaro ,ibi bibaye nyuma Yuko uwari umukuru w\’igihugu cya Iran Ibrahim Raisi aguye mumanuka y\’indege yabaye kuwa 19, Gicurasi 2024 mumajyaruguru y\’igihugu cya Iran , Ibrahim…

Read More

Papa John XXIII ni bwo yitabye Imana,umunyamerika wa mbere yagiye mu isanzure…,uyu munsi taliki ya 3/Kamena mu mateka

uyu munsi kuwa mbere ,Tariki 3 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 155 mu igize umwaka, hasigaye 211 ukagera ku musozo. Ku isi yose hari ibintu bitandukanye byabaye ku munsi nk’uyu haba ku bantu babaye ibyamamare no ku bihugu. Hari kuwa 03 Kamena 1940 u Budage bwateye igisasu mu bufaransa mu mujyi wa Paris gihitana…

Read More

Paper Talk: Erling Haaland Kuba muri city! ibyo Hansi Flick atekereza kuri Joao Felix,Paris St-Germain kuri NapoliKhvicha Kvaratskhelia

Manchester City ntakindi kintu irigutekereza usibye kongerera amasezerano umunya  Norway Erling Haaland, 23, nyuma y’uko Real Madrid ya muvugwagaho ya maze kugura  Kylian Mbappé byo ngerera amahirwe  Manchester city ko ya mugumisha  Etihad. (#Mirror) Arsenal  ya tangiye gukusanya amakuru ku musore wa FC Barcelona w’Imyaka,19, Mikayil Faye myugariro ukomoka mu gihugu cya  Senegal, Mikel Arteta ari gutekereza…

Read More

U Rwanda na Singapore mu mikoranire mishya yo kwagura ikoranabuhanga mu bihugu byombi

U Rwanda na Singapore byatangaje imikoranire mu mushinga wo gutunganya inyandiko ikubiyemo amabwiriza agenga imikoreshereze y’ubwenge bw’ubukorano bizwo nka artificial intelligence. Byatangajwe ku wa Kane mu Nama y’Abaminisitiri baturuka mu bihugu bigize Ihururiro ry’Ibihugu bito mu buso (Small States Forum).Minisitiri w’Itunamaho n’Ihanahanamakuru muri Singapore, Josephine Teo, yavuze ko ubu bufatanye ari ikimenyetso cy’uburyo, binyuze mu…

Read More

Abakristu Gatolika batambagije Isakaramentu ritagatifu banashengerera Yezu kristu wazutse, Ese iri sakaramentu rivuze iki kuribo ?

Kuri iki Cyumweru cya cyenda gisanzwe ku ngengabihe ya Kiliziya Gatolika, abakrisitu hirya no hino mu ma paruwasi atandukanye baramukiye mu muhango wo gutambagiza isakaramentu ritagatifu. Uyu ni umwe mu minsi ikomeye muri kiliziya gatolika kuko ni umwe muyibukwa ikanazirikanwaho nk\’ugucungurwa kwa muntu n\’isezerano Umwami Yezu kristu yagiranye na bene muntu abaha umugati na Divayi…

Read More

Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Seoul muri Koreya yepfo

Iyi nama iteganijwe kuba hagati ya tariki 4-5, Kamena , 2024  aho izahuza abakuru bibihugu bya Afurika naza guverinoma nabahagarariye imiryango mpuzamahanga. iyi nama izayoborwa n\’umukuru w\’igihugu cya Korea y\’epfo Nyakubahwa Yoon Suk Yeol na Mohamed El Ghazouanui wa Mauritania Ari nawe ubu uyoboye umuryango wa Afurika yunze ubumwe,bikaba bitegenijwe ko bazaganira kuhazaza heza hahuriweho…

Read More

Jose Mourinho yageze bwa mbere muri premier legue,Frank Lampard nawe arasezera muri chelsea,Liverpool…iyi taliki ya 2/kamena mu mateka mu isi ya siporo

Iby\’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo: 1869 ikipe ya Cleveland Forest City yakinnye umukino wabo wa 1 wa baseball, aho bahuraga na Cincinnati Red Stockings. 1996: Tennis ,Annika Sorenstam yatsindiye ku nshuro ye ya kabiri yikurikiranya US open . 2004 ,jose Mourinho yasinyiye ekipe ya Chelsea nk\’umutoza mukuru wayo. 2007: Daniel…

Read More