Paper Talk [Rwanda&Africa]: Rayon Sports itakaje umukinnyi wayo w’ingenzi, Samuel Uwikunda ya Buze Visa imujyana gusifura imikino ya FIFA,Young Africans ikomeje gutera ubwo Simba!

Umusifuzi w’Umunyarwanda Samuel Uwikunda yasimbujwe umunya Ghana Daniel Laryea mu gusifura umukino wo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2026 hagati ya Congo and Morocco nyuma yo kubura Visa imwerekeza Kinshasa aho Congo-Brazzaville biteganyijwe ko izakinira imikino yabo.(#FOOTBALLNEWS) Umunya Malawi Peter Banda w’Imyaka 23 usoje amasezerano ye muri Simba SC yo muri Tanzania ya maze kugera…

Read More

Transfert ziravuza ubuhuha mu Rwanda;Rayon sports Ku isoko ry\’igura n\’igurisha

ikipe ya Rayon sports binyuze ku ushinzwe kubashakira abakinnyi wabo witwa Emmy fire ,iyi ikipe bakunze gutazira Murera yamaze kugaragaza ko yifuza abakinnyi benshi bagiye batandukanye guhera ku umuzamu ,ba myugariro ,abakina hagati ndetse naba rutahizamu . Nyuma yuko Ishyirahamwe ry\’umupira w\’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ifatanije n\’ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bushyizeho ingengabihe ya shampiyona…

Read More

ikipe ya HT Helinski yarashinzwe ku munsi nkuyu,Pickford,Sven Davidson …taliki ya 4/Kamena mu mateka mu isi ya siporo

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 4 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 156 mu igize umwaka, hasigaye 210 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka mu isi ya siporo: 1916 ikipe y\’umupira w\’amaguru yo muri Finland yitwa HT Helinski yarashinzwe ku munsi nkuyu. 1924 umikino wahuje ubufaransa na Hongiriya wari umukino w\’ijana…

Read More

Ali Khamenei yatorewe kuba umuyobozi mukuru wa Repubulika y’igihugu cya Iran,Joseph Kabila Kabange na Angelina Jolie baravuka…taliki ya 4/kamena mu mateka

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 4 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 156 mu igize umwaka, hasigaye 210 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka: 1794: Ingabo z’Abongereza zafashe ikirwa cya Port-au-Prince, mu gihugu cya Haiti. Mu 1812 Inteko Nshingamatego ya Leta Zunze Ubumwe z\’Amerika yemeje itegeko ryo gutangiza intambara ku Bwongereza….

Read More

Paper Talk: Kylian Mbappé yageze muri Real Madrid, Alisson Becker muri Saudi Pro-League! Jadon Sancho ntasha Manchester United

Kylian Mbappé, 25 yamaze gutangazwa nkumukinnyi mushya w’ikipe ya Real Madrid ndetse ngo yahawe imasezerano y’imyaka itanu afite agaciro ka €15m (£12.8m) kumwaka ukuyemo imisoro ndetse azahabwa akayabo karenga  £85m za bonasi zo gusinyira Real Madrid.(#SKYSports) Umusore w’Ikipe ya Liverpool  ukomoka mu gihugu cya Brazil  Alisson Becker, 31, arifuzwa n’isinzi ry’amakipe  yo muri Saudi Pro…

Read More

Uko u Rwanda ruhagaze mu bukungu ku ruhando rw\’isi

Inama y\’ubwanditsi y\’ikinyamakuru Daily Box kuri iyi nshuro yabakoreye raporo ngufi igaragaza uburyo igihugu cy\’u Rwanda gihagaze kuri raporo y\’imiryango mpuzamahanga igiye itandukanye ikora ubushakashatsi bwimbitse ku bukungu bw\’ibihugu . U Rwanda nk\’igihugu gifite ubuso buto bungana na kilometero kare 26,338 kandi kikiri mu nzira ya amajyambere byiyongera ku kuba cyaragiye gica mu mateka asharira…

Read More

Paper Talk: Rutayizamu wari kuza muri APR FC byanze, ibihugu 12 bizatanga amakipe 4 mumikino nya Africa, amakipe 4 azahagararira Africa muri club world cup 2025

Kaizer Chiefs yo muri Africa yepfo  ifite ikizere  cyo kuzabona umutoza wa  AS FAR Nasreddine Nabi  ukomoka  mu gihugu cya Tunisia, gusa izategereza ko shampiyona ya Morocco irangira nyuma yaho  Kaizer Chiefs  ubu nta mutoza ifite kuko iri gutozwa n\’Umutoza w\’Agateganyo Cavin Dennis Johnson umunya South Africa.(#SABC SPORTS) Sadio Mané  ntazagaragara mumikino ibiri yo muri…

Read More

Transfert;Bruno fernandez na Zinchenko bari muri benshi bifuzwa na Bayern Munich ya vincent Kompany

 Nkuko ushinzwe ku mushakira amakipe ( Agent) bita Miguel Pinho yatangarije ikinyamakuru “ O Jogo” cy\’iwabo muri Portugal ko ibiganiro byatangiye n’ikipe ya Bayern Munich ku kuba yasinyisha uyu mukinnyi kugeza ubu ukinira Manchester united. Nyuma yuko Vincent company agizwe umutoza mushya wa Bayern munich dore zimwe mu ntwaro yiteze gusinyisha. Bruno Fernandez yongereye amasezerano…

Read More

Liverpool fc uyu munsi nibwo yashinzwe,neymar asinyira Barcelone,Mohammad ali yitaba imana …taliki ya 3/kamena mu mateka mu isi ya siporo

ibihe by \’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka: uyu munsi kuwa mbere ,Tariki 3 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 155 mu igize umwaka, hasigaye 211 ukagera ku musozo. 1802 ikipe ya Liverpool yo mu bwongereza yarashinzwe . 1971 Ikipe ya Leeds yo mu bwongereza yatwaye igikombe cy\’iburayi itsinze Juventus ibitego 3 kuri 1. 1972…

Read More