European Transfers : Bayern Munich yeretse chelsea fc ko amafaranga atagura byose kuri Micheal Olise

Mu kanya gashize Ikipe ya Bayern munich imaze kwemeranya na Micheal olisee wa Crystal palace kumusinyisha amasezerano azamugeza muri 2029 muri iyi ikipe itozwa na Vincent Kampony kuri miliyoni 60 z’amayero. Zirikana gusoma ibi mu nkuru : Ikipe y’igihangange ikina shampiyona y’ubudage [Bundesliga] ya Bayern Munich izishyura €60m (£50.7m) harimo inyongera zo kuzana umusore wimyaka…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Dushobora kubona abatoza baremereye batoje Rayon bayigarukamo! Gahunda yo kwigurira Kevin igezehe?

Nasreddine Nabi kumugaragaro yamaze kuba umutoza  mushya  w’ikipe  ya  Kaizer Chiefs yo mu gihugu cya Africa yepfo akaba yasinye amasezerano y’imyaka ibiri  ishobora kongerwaho umwaka umwe wa masezerano, Fernando Da Cruz  n’awe  yamaze gusesekara muri Africa yepfo  aho azaba umutoza wungirije.(#Micky Jr) Abubeker Nassir umunya Ethiopia  w’imyaka 24 yamaze gutandukana n’ikipe ya  Mamelodi Sundowns yo…

Read More

Ubushinwa:Ibihumbi by’abaturage bavuye mu byabo n’abandi bahitanwa n’imyuzure yatewe n’imvura nyinshi

Ibihumbi icumi by’abaturage b’abashinwa bavuye mu byabo kubera imyuzure yo kuri uyu wa 19 kamena 2024, benshi bafite n’ibyago byo kugaburira ubuzima,kuko imvura itaracisha make ahubwo ikaba ikomeje guteza ibyondo byinshi mu mihanda ndetse no kurengerwa n’amazi kw’amazu. Kuri uyu wa Kane nibwo imyuzure yibasiriye ibice by’amagepfo y’iki gihugu,ababarirwa kuri 46 batakaje ubuzima mu gihe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki ya 22/Kamena,Diego Maradona yakoze ku mupira n’ukuboko kw’ibumoso mbere yo kuwukubita umutwe kugira ngo awutereke mu ncundura binatuma Arijantine itsinda Ubwongereza igitego 1-0 naho Darrell Armstrong na Nikolay Shirshov babona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo kuri iyi taliki: Uyu munsi ku cyumweru ,Tariki ya 22 Kanama 2024 ni umunsi wa 174 w’umwaka ubura iminsi 192 ngo urangire. 1921 Paavo Nurmi yaciye agahigo ko kwiruka muri 10,000 akoresheje iminota 30 na amasegonda 40. 1949 ,mu mikino y’iteramakofe Ezzard Charles yatwaye umudali…

Read More

Today in history : taliki ya 22 /Kamena,Mu Bwongereza habaye intambara ya mbere yahuje amoko yabarizwaga muri iki gihugu naho Jomo Kenyatta, wabaye Perezida wa Kenya guhera mu 1964 aratabaruka

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Uyu munsi ku cyumweru ,Tariki ya 22 Kanama 2024 ni umunsi wa 174 w’umwaka ubura iminsi 192 ngo urangire. 1642 : Mu Bwongereza habaye intambara ya mbere yahuje amoko yabarizwaga muri iki gihugu 1775 : George III, umwami w’u Bwongereza yatangaje ko intara za Amerika bari barigaruriye zatangiye…

Read More

EURO 2024: Shaparenko na Yaremchuk bongeye gutuma abatuye Kyiv bongera kugira icyizere cyo kurenga amatsinda

Mu kanya kuri sitade Merkur spiel- Arena, Ikipe y’igihugu ya Ukraine ibonye itsinzi yayo ya mbere iyikuye imbere y’ikipe y’igihugu ya slovakia y’ibitego bibiri kuri kimwe muri EURO 2024. Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Ukraine Serhiy Rebrov yaje asa nkaho yawukaniye bijyanye yabanje hafi intwaro ze zose mu kibuga byumwiahariko abasore bakina mu ma shampiyona akomeye…

Read More

Abakwiye ikipe y’ingabo z’Igihugu nka APR FC batangiye ku hasesekara bahereye kumutoza wajyanye ikipe mu matsinda y’imikino nya Africa!

Nyuma  y’uko ikipe ya APR FC  isoje umwaka w’imikino  wa 2023/2024  igahitamo gutandukana n’uwari  umutoza wayo Umufaransa Thierry Froger  yamaze kubona umutoza mushya  umunya Serbia  w’imyaka 52 Darko Novic. Ikipe y’ingabo z’igihugu  “APR FC “  izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF Champions League mu mwaka utaha w’imikino ifite intego z’iremereye zo kugera  mumatsinda nyuma…

Read More

Chelsea fc ku isoko ry’abakinnyi : ibya Samu Omorodion wa Atheltico Madrid na Michael Olise wa crystal palace berekeza muri iyi ikipe bigeze he ?

Ikipe ya Chelsea yo muri shampiyona y’ubwongereza nyuma yo kuzana umutoza mushya enzo Maresca nayo yamaze gutera amatako ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo muri iki ki, nibande iyi ikipe iri gushaka kungeramo ?… Umutoza Enzo Maresca arashaka abataka bagomba kuzafasha  umunya Senegal Nicolas Jackson,aho ibi byatumye iyi ikipe ikomanga mu ikipe ya Atletico Madrid…

Read More

Ingabo z’ u Rwanda ziri muri Central Africa zongeye kwambikwa umudali ku bw’ubudashyikirwa bukomeje kuziranga

Ingabo z’u Rwanda ziherereye muri central afurika mu butumwa bw’amahoro zongeye guhabwa umudali wishimwe na Loni kubera gukora neza inshingano zazo muri iki gihugu. Ejo ku wa kane taliki 21/Kamena nibwo Umuyobozi wungirije ukuriye Ingabo za Loni zishinzwe kugarura Amahoro muri Santrafurika, Maj Gen Luis Manuel Ricardo Monsanto, yayoboye umuhango wo gushimira byajyanye no kwambikwa…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: Taliki 21/Kanama,ikipe y’igihugu ya Brazil hamwe na Pele batwaye igikombe cy’isi cyabo ku nshuro ya gatatu naho Richard Jefferson na Frank Vogel baravuka

uyu munsi ku wa Kane ,Tariki 21/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 173 mu igize umwaka, hasigaye 193 ukagera ku musozo,uyu munsi ukaba umunsi muremure kurusha indi muyigize umwaka bizwa nka [SOLSTICE] mu ndimi za amahanga. 1954 Umukinnyi wiruka wo muri Ositaraliya John Landy yirutse ibirometero 3 akoreheje amasaha (3: 58.0) i Turku, muri Finlande….

Read More