Diaspora Bariraye Ku ibaba: Uko umunsi wa Nyuma wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’amatora y’abanyarwanda baba mu mahanga.
Uyu munsi wanyuma wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Gasabo Uyu mukandida Kandi nk’uko…