Diaspora Bariraye Ku ibaba: Uko umunsi wa Nyuma wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’amatora y’abanyarwanda baba mu mahanga.

Uyu munsi wanyuma wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Gasabo Uyu mukandida Kandi nk’uko…

Read More

Isreal – Hamas War : Imibare mishya iratangaza ko nibura abagera kuri 71 bapfiriye mu bitero bya Israel k’umutwe wa Hamas

Abanyapalestina nibura 71 biciwe mu gitero cyo mu kirere cyakozwe na Israel ahitwa al-Mawasi ,gusa israel ivuga ko yari igamije kwivugana inyeshyamba nkuru zibarizwa mu mutwe wa Hamas zari zicumbitse muri aka gace. Kugeza ubu ,imibare igera kuri Daily box dukesha inzego z’ubuzima n’uko abarenga 289 bakomerekeye muri ibi bitero , mu minsi ishize Igisirikare…

Read More

PaperTalk[Europe]:Ibura ry’indege  riratuma bamwe batareba final ya EURO! umuyobozi wa  La Liga yavuze amagambo yahumurije abafana ba Barcelona kuri  Nico Williams

Newcastle United  iratekereza  gutanga ubundi busabe bwabo  mu ikipe ya  Everton ku umusore wabo witwa Dominic Calvert-Lewin  w’Imyaka 27 akaba akomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  nyuma yuko  amafaranga batanze bwa ambere  yanzwe n’ikipe ya Everton y’umutoza Sean Dyche . (Football Insider) Napoli  iracyakomeje umugambi wayo wo   gatwara umusore w’ikipe ya Chelsea bakunze gutiza  cyane witwa Romelu Lukaku…

Read More

CAF yongeye gushimangira ubushongore bwa sitade amahoro

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika, CAF yashyize hanze urutonde rwa za Sitade zishobora gukinirwaho imikino mpuzamahanga y’iyi Mpuzamashyirahamwe, aho u Rwanda rwisanze rufite ebyiri, ibintu byaherukaga mu myaka ine ishize. CAF yashyize Stade Amahoro na Kigali Pelé ku rutonde rw’ama-Stades yemerewe kwakira imikino y’ijonjora rya mbere n’irya kabiri, mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yabaye aya…

Read More

Gambia : Leta igiye gutora itegeko ritegeka ikatwa ry’imwe mu myanya ndangagitsina ku abagore

Mu gihugu cya Gambia hagiye kongera gushyirwaho itegeko ritegeka abakobwa n’abagore bose gukorerwa umuhango wo gukata bimwe mu bice byabo ndangagitsina . Gambiya, igihugu gito cyo muri Afurika y’iburengerazuba gituwe n’abantu batageze kuri miliyoni 3, nicyo gihugu cya mbere ku isi cyongeye kwemeza FGM[female genital mutilation] nyuma y’uko umuryango w’abibumbye ubibuzanyije,iri tegeko bitegenijwe ko riraza…

Read More

Sudan : abanyamahanga batuye i Khartoum bahawe nyirantarengwa yo kuba bavuye mu gihugu

Abanyamahanga batuye mu mujyi wa Khartoum bahawe gasopo ko bagomba kubatashye bitarenze iminsi 15 mu rwego rwo kubungabunga umutekano wabo. igipolisi cyo muri Sudan, cyasabye abanyamahanga bari muri iki gihugu by’umwihariko abari mu murwa mukuru i Khartoum no mu nkengero zaho kuhava byihuse ku bw’umutekano wabo. uru rwego rufite mu nshingano umutekano w’abantu n’ibyabo imbere…

Read More

Nigeria : abanyeshuri 22 bahirimiwe n’ishuri bahita bapfa

Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko abana 22 bapfuye abandi barenga 130 barakomereka nyuma y’inyubako y’ishuri yasenyutse muri Nijeriya yo muri leta ya Plateau rwagati. ishuri rya Saint Academy riherereye mu murwa mukuru wa leta ya Jos ryahirimye mugihe abanyeshuri bari mwishuri mugitondo cyo kuwa gatanu. Abana benshi bahita bisanga munsi y’ibinonko by’iyi nyubako. Abakorerabushake bari…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 13 /Nyakanga,hasojwe inama ya Berlin mu Budage yarangiye hasinywe amasezerano yo kwigabanya ibihugu bitandukanye ku isi [Berlin Conference naho Claude Antoine Capon de Château-Thierry abona izuba

Ku wa Kane, tariki ya 13 Nyakanga 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 06 Kamena 2023. 2. Inama y’Abaminisitiri yagejejweho amavugururwa y’ingenzi ateganyijwe mu rwego rw’ubuzima. 3. Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira: •…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:APR FC ikomeje kwereka igihandure  amakipe muri Tanzania, Fiston Kalala Mayele yongeye  kwandika amateka akomeye mu mupira  wo muri Africa

Mu mukino wa karahabutaka  mu gihugu cya Misiri  ikipe ya  Al Ahly  byarangiye itsinze Pyramids FC  ibitego 3-2  gusa Pyramids FC   yagumanye umwanya wa  mbere, gusa ubu irarusha amanota 8 gusa kandi ikipe ya Al Ahly  ifite imikino 4 y’ibirarane.(# Egyptian Premier League) Fiston Kalala Mayele Umunya-Repubulika Iharanira  Demokarasi ya Congo yamaze kuzuza  ibitego 100…

Read More