Manchester united yemeje ko imaze gusinyisha rutahizamu Joshua Zirkzee

Manchester United yemeje ko yasinyishije rutahizamu wa Bologna Joshua Zirkzee kuri miliyoni 36.5 Z’amayero. Uyu mukinnyi w’imyaka 23 w’umuholandi yasinyanye amasezerano y’imyaka itanu na Manchester united agomba kugeza muri Kamena 2029 ndetse hakaba harimo n’indi ngingo yo kuba yakongererwa andi mezi 12 y’amasezerano mu gihe aya maremare yaba ageze ku musozo. uyu abaye umukinnyi wa…

Read More

Umunye -congo watozaga Rayon sports mu myaka itatu ishize ashobora kuba agiye kuyigarukamo nk’umutoza mukuru nanone!

Guy Bukasa ashobora kongera kwisanga ari umutoza wa Rayon sports yigeze gutozaho mu mwaka wa 2021,aho biteganijwe ko ntagihindutse azahita azasinya umwaka umwe w’amasezerano. Amakuru agera kuri daily box avuga ko Bukusa Guy ukomoka mu gihugu cya repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ari mu mazina aza ku isonga mu yafite amahirwe yo kuba yasimbura umufaransa…

Read More

KENYA : abapolisi bamwe bakuwe mu birindiro mu gihe bari gukorwaho iperereza rifitanye isano n’imirambo yabonetse mu myanda mu minsi ishize

igipolisi cya kenya cyatangaje ko abapolisi bakoreraga mu gace katoraguwemo imirambo mu minsi ishize bimuwe bakajyanwa gukorera mu kandi gace kugira ngo batabangamira iperereza rikomeje kubakorwaho nyuma y’uko bakomeje gushyirwa mu majwi n’abatari bake mu ku kuba bari inyuma y’ubu bwicanyi. Umugenzuzi mukuru w’igipolisi w’agateganyo wa Kenya yavuze ko abapolisi bari kuri sitasiyo ya polisi…

Read More

u Rwanda na Kenya byasabwe gutanga ubusobanuro bwimbitse ku ishimutwa rya Yusuf Ahmed Gasana

impuguke zigenga z’umuryango mupuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu zavuze ko Kenya n’u Rwanda bigomba gutanga ubusobanuro bujyanye no n’ishimutwa rya Yusuf Ahmed Gasana  . Ku ya 30 Gicurasi 2023, nibwo bivugwa ko Gasana yashimuswe ubwo yari iwe i Nairobi,agashimutwa n’abantu batamenyekanye kugeza ubu akaba ntawuzi irengero rye ,kuva icyo gihe Umuryango wa Gasana ntiwahwemye kumenyesha ibura…

Read More

Paper Talk[Europe]: Ederson  Moraes  agiye kwerekeza muri Saudi Arabia, Manchester United igiye kugura umukinnyi utozwa na Jose Mourinho w’umuhanga  cyane!

Manchester United  ikomeje umugambi wayo wo kugurisha  umunya-Sweden wayo myugariro  Victor Lindelof, 29,  muri iy’impeshyi  ndetse  izumva  ubusabe bwa bifuza gutwara  Christian Eriksen  Umunya- Denmark  w’Imyaka 32 ukina hagati mu kibuga. (Manchester Evening News) Chelsea yamaze kwinjira muri gahunda yo guhanganira  Umufaransa ukina hagati mu kibuga w’Imyak 19 Desire Doue  dore  ko hari n’amakipe yandi menshi…

Read More

uyu munsi tariki ya 14 Nyakanga mu mateka;Louis VIII yabaye umwami w’igihugu cy’u Bufaransa naho Goodwill Zwelithini Kabhekuzulu, umwami w’Ubazulu abona izuba

Ku itariki ya 14 Nyakanga 1994 ab’i Kigali na Butare babyinaga intsinzi, ab’i Byumba bari mu mudendezo. Igihe cyari kigeze ngo abo mu yahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri nabo bikirize intero y’amahoro. Ruhengeri y’imisozi miremire yakomokagamo abategetsi benshi b’u Rwanda muri Repubulika ya Kabiri. Niho hari hubatse gereza yafungirwagamo abitwaga ibyitso batavugaga rumwe n’ubutegetsi. Kuba…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Mashami Vincent afite icyizere cyo kugera mu matsinda!  ikipe  Mangwende yakiniraga  yabonye umutoza mushya

Umunya-Poland  Czeslaw Michniewicz yamaze  kuba umutoza mushya w’ikipe ya AS FAR yomu gihugu cya Morocco nyuma yo gutandukana na Nasreddine Nabi Umunya-Tunisia  wabatozaga guhera mu mwaka wa  2023, uyu munya Poland yatoje amakipe atandukanye arimo ikipe y’Igihugu ya Poland, Legia Warsaw, Abha Club yomuri Saudi Arabia  ndetse  n’ayandi.(#Sports.PL) Nyuma y’uko  impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru k’umugabane  wa…

Read More

TODAY IN SPORTS :Lewis Hamilton yanditse amateka muri Formula 1 naho Serge Gnabry wa Bayern Munich abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo : Ikipe ya Elche yo muri Espagne yatsinzwe ubujurire ku cyemezo cyo kubavana muri La Liga mu cyiciro cya kabiri kubera ko batishyuye imisoro n’umushahara ku bakinnyi. Urukiko nkemurampaka rwa siporo (CAS) rwanze ubujurire bw’iyi kipe, bivuze ko bazasimbuwe na Eibar. 1949…

Read More

Donal trump yari apfiriye mu bikorwa byo kwiyamamaza muri leta ya Pennsylvania

Kuri uyu mugoroba wo ku wa 13/07/2024,uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Donald Trump yarasiwe aho yiyamamarizaga muri Leta ya Pennsylvania aho yiyimamazaga ku matora azaba mu minsi iri imbere. Ubwo yiyamamazaga, humvikanye urusaku rw’isasu maze rinyura iruhande rwa Donald Trump maze ahita yikubita hasi agwa igihumure. Abashinzwe umutekano nabo bahise bivugana…

Read More

Byagenze gute kugira ngo “Mangwende “  wari mu muryango winjira muri  APR FC  habe hari amahirwe menshi yo gusinyira  Rayon Sports!

Umukinnyi w’ikipe  y’igihugu y’u Rwanda Imanishimwe  Emmanuel “Mangwende” ari mumuryango winjira muri Rayon Sports  nyuma yokutumvikana  na  APR FC kandi ibiganiro byari bijyeze kure. Imanishimwe  Emmanuel “Mangwende” numwe mubakinnyi  bakomeye babanyarwanda bakinye kurwego rw’iza kandi  bamaze igihekirekire bari kurwego rwiza kuva yava mu ikipe ya Rayon Sports akajya muri APR FC yasohotsemo yerekeza hanze y’u…

Read More