Gatete Jimmy

Riderman na Bulldog bagiye gushyira hanze E.P nshya

umuhanzi Gatsinzi Emery wamenyekenye nka Riderman na Ndayishimiye Bertrand uzwi nka Bulldog bamaze gutangaza izina ,umubare ndetse na abazatunganya umuzingo w \’indirimbo (EP) benda gushyira ahagaragara mu iminsi mike . Ni umuzingo w\’indirimbo eshashatu bahaye izina ry\’icyumba cya amategeko ukaba uzagaragaraho abatunganya umuziki bagiye batandukanye b\’imbere hano mu gihugu harimo uwitwa Knox beat wiganje kuri…

Read More

Inkubiri ya amatora muri Afurika yepfo ;ANC ishobora kubura abayoboke

Abanya -afurika yepfo kuri uyu wagatatu baraza kuzindukira mu matora n\’ubwo bigaragara ko bafite umujinya uvanze n\’uburakari buturuka ku cyiguzi cy\’ ubuzima cyazamutse ku rugero rwo hejuru ,ubushomeri mu rubyiruko na ruswa mu nzego za leta ishinjwa ishyaka ANC ( African Nation Congress) riri kubutegetsi nyuma y\’imyaka irenga 10 nelson Mandela Madiba avuye ku butegetsi…

Read More

Kera kabaye sheikh salim Hitimana abonye umusimbura

Mu buryo bugoranye ,Amatora y’Abagize Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) yabaye kuri iki Cyumweru tariki 26 Gicurasi 2024, yasize Sheikh Sindayigaya Mussa abaye Mufti w\’u Rwanda , asimbuye Sheikh Salim Hitimana wari umaze imyaka umunani kuri izi nshingano. Ni amatora yabanjirijwe ni imvururu no kutumvikana hagati ya abagize uyu muryango ushingiye ku myemerere ya kisilamu…

Read More

Apr fc yananiwe kuvuga rumwe na zimwe mu nkingi za mwamba zayo.

Nyuma yo gusoza uyu umwaka w\’imikino mu byishimo byo kwegukana igikombe cya shampiyona, iyi ikipe y\’ingabo z\’igihugu yatangiye gutegura umwaka w\’imikino utaha iganiriza bamwe mu bakinnyi bayo bagenda begera ku musozo w\’amasezerano yabo bari basanzwe bafite muri iyi ekipe . Kwikubitiro habanjwe kuganirizwa bamwe mu bageze ku musozo wa amasezerano yabo ariko benda kujya kwitabira…

Read More

inkomoko y\’umuryango wa OTAN na amakimbirane hagati yawo n\’ubu-Russia

Iki gitekerezo cya generali marshall ntabwo cyoroheje kwishyira hamwe kwubukungu bw’ibihugu by’i Burayi gusa ahubwo byateje imbere igitekerezo cy’inyungu n’ubufatanye hagati y’Amerika n\’Uburayi. Abasoviyeti banze kugira uruhare muri gahunda ya Marshall cyangwa kwemerera ibihugu by’icyogajuru mu Burayi bw’iburasirazuba kwakira ubufasha bw’ubukungu byafashije gushimangira amacakubiri yiyongera hagati y’iburasirazuba n’iburengerazuba mu Burayi.Mu 1947–1948, ibintu byinshi byatumye ibihugu…

Read More

BOBI WINE yashubijwe i Kampala ikubagaho.

Kuri uyu wa gatatu igipolisi cya Uganda cyateye ibyotsi byiryana mu maso bizwi nka tear gas mu muhanda wacagamo imodoka zari zitwaye Robert Kyagulanyi uzwi nka BOBI Wine utavuga rumwe n\’ubutegetsi buriho mu gihugu cya Uganda ubwo yararimo yinjira mu karere ka KAMULI ;aho byari biteganijwe kuza guhura n\’abarwanashyaka bashyigikiye uyu muhanzi mu rwego rwo…

Read More

Byinshi byihishe inyuma y\’uruzinduko rwa Perezida Ruto i Washington.

Perezida William Ruto wa repubulika ya kenya na mugenzi we Joe Biden kuri uyu wa kane batangaje imbonerahamwe y\’ishoramari ryagutse ry\’amamiliyari menshi muri KENYA ryakomotse kubuhahirane hagati y\’ibihugu byombi mugihe cy\’imyaka 60 y\’ubu buhahiranire,Uyu mushinga w\’ishoramari rishya muri iki gihugu ryatangajwe ku munsi wanyuma w\’uruzinduko rw\’iminsi ine uyu mukuru w\’igihugu cya kenya yaramaze asura leta…

Read More

Ronaldo yongeye kwereka mu bworo bw\’ ikirenge mukeba we messi

Christiano Ronaldo yongeye kuyobora ibindi birangirire muri siporo mukwinjiza agatubutse ku nshuro ya kane muri career ye yo guconga ruhago. Rurangiranwa w\’umunya – Portigal Christiano Ronaldo w\’imyaka 39 ukinira al – Nassir yo muri SAUDI ARABIA yongeye guca agahigo ko kuyobora abindi muri siporo birangirire muri siporo byinshiza amafaranga menshi mu gihe cy\’ukwezi nkuko raporo…

Read More