Twagirumukiza Janvier

Paper Talk [Rwanda&Africa]: Rayon Sports itakaje umukinnyi wayo w’ingenzi, Samuel Uwikunda ya Buze Visa imujyana gusifura imikino ya FIFA,Young Africans ikomeje gutera ubwo Simba!

Umusifuzi w’Umunyarwanda Samuel Uwikunda yasimbujwe umunya Ghana Daniel Laryea mu gusifura umukino wo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2026 hagati ya Congo and Morocco nyuma yo kubura Visa imwerekeza Kinshasa aho Congo-Brazzaville biteganyijwe ko izakinira imikino yabo.(#FOOTBALLNEWS) Umunya Malawi Peter Banda w’Imyaka 23 usoje amasezerano ye muri Simba SC yo muri Tanzania ya maze kugera…

Read More

Paper Talk: Kylian Mbappé yageze muri Real Madrid, Alisson Becker muri Saudi Pro-League! Jadon Sancho ntasha Manchester United

Kylian Mbappé, 25 yamaze gutangazwa nkumukinnyi mushya w’ikipe ya Real Madrid ndetse ngo yahawe imasezerano y’imyaka itanu afite agaciro ka €15m (£12.8m) kumwaka ukuyemo imisoro ndetse azahabwa akayabo karenga  £85m za bonasi zo gusinyira Real Madrid.(#SKYSports) Umusore w’Ikipe ya Liverpool  ukomoka mu gihugu cya Brazil  Alisson Becker, 31, arifuzwa n’isinzi ry’amakipe  yo muri Saudi Pro…

Read More

Paper Talk: Rutayizamu wari kuza muri APR FC byanze, ibihugu 12 bizatanga amakipe 4 mumikino nya Africa, amakipe 4 azahagararira Africa muri club world cup 2025

Kaizer Chiefs yo muri Africa yepfo  ifite ikizere  cyo kuzabona umutoza wa  AS FAR Nasreddine Nabi  ukomoka  mu gihugu cya Tunisia, gusa izategereza ko shampiyona ya Morocco irangira nyuma yaho  Kaizer Chiefs  ubu nta mutoza ifite kuko iri gutozwa n\’Umutoza w\’Agateganyo Cavin Dennis Johnson umunya South Africa.(#SABC SPORTS) Sadio Mané  ntazagaragara mumikino ibiri yo muri…

Read More

Paper Talk: Percy Tau akomeje kuba igihangange muri Africa! Tunisia kuri sitade habaye akavuyo, Ani Elijah muri Rayon Sports

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya south Africa Percy Muzi Tau, 30 ya hawe igihembo cy’Umukinnyi mwiza w’Umwaka wa COSAFA, ishyirahamwe ry’Ibihugu byo mu majyepho ya Africa, uyu musore asanzwe abarizwa muri shampiyona ya Misiri.( COSAFA) Ikipe ya Al-Gharaf  ibarizwa mu gihugu cya Qatar irifuza umusore ukomoka mu gihugu cya Angola Agostinho Cristóvão Paciência “Mabululu”  gusa…

Read More

Paper Talk: Erling Haaland Kuba muri city! ibyo Hansi Flick atekereza kuri Joao Felix,Paris St-Germain kuri NapoliKhvicha Kvaratskhelia

Manchester City ntakindi kintu irigutekereza usibye kongerera amasezerano umunya  Norway Erling Haaland, 23, nyuma y’uko Real Madrid ya muvugwagaho ya maze kugura  Kylian Mbappé byo ngerera amahirwe  Manchester city ko ya mugumisha  Etihad. (#Mirror) Arsenal  ya tangiye gukusanya amakuru ku musore wa FC Barcelona w’Imyaka,19, Mikayil Faye myugariro ukomoka mu gihugu cya  Senegal, Mikel Arteta ari gutekereza…

Read More

Paper Talk:Karim Benzema yaje gusura ku ivuko,BAL 2024 yashyizweho akadomo! abatoza muri Africa bakomeje kwirukanwa

Petro de Luanda yo muri Angola yegukanye BAL 2024 itsinze Al Ahly Benghazi amanota 107-94, mu mukino warebwe na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, mu gihe Rivers Hoopers ya twaye umwanya wa gatatu muri BAL 2024.(#BAL 2024) Karim Mostafa Benzema,36 ya geze iya Béjaïa muri Algeria aho aba byeyi be bakomoka  kuri uyu wa…

Read More

Paper Talk:Chelsea yabererekeye Arsenal, Ederson Moraes arasohoka muri city? Akazoza ka Mason Greenwood

Borussia Dortmund  biragoye ko ya twara mu buryo bw’a burundu intizanyo ya  Manchester united  Jadon Sancho, 24 kubera ibibazo by’Ubushobozi buke bw’Amafaranga,  uyu musore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza. (#Sky Sports) Umusore ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Kobbie Mainoo, 19, biteganyijwe ko ashobora gusinya amasezerano mashya muri Manchester United nyuma y’Igikombe ki Burayi kiza tangira muri uku kwezi…

Read More

Paper Talk: Amavubi abonye undi mukinnyi wo kubafasha, Espoir FC itewe mpaga 16! Simba ikomeje amavugurura adasanzwe

Umusore w’Imyaka 25 Jojea Kwizera usanzwe ukinira ikipe yo muri reta zunze  ubumwe za America ya Rhode Island FC ya maze guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu “Amavubi” iri kwitegura imikino ibiri yo gushaka tike y’Igikombe kisi cya 2026. (#IMFURAYACU Jean Luc) Ikipe ya Espoir FC yakinanga muri shampiyona y’Ikiciro cya kabiri yamanuwe mu cyiciro cya gatatu…

Read More

Paper Talk: Arsenal kuri Benjamin Sesko bigeze kure, murumana wa Jude Bellingham kwisoko,Transiferi za Manchester United

Manchester United ira tekereza gutwara umusore w’Ikipe ya Chelsea ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza  Trevoh Chalobah, 24 ukina mumu tima wa ba myugariro (centre-Back) muri uku kwezi kwa gatandatu (Independent) Mababa w’Ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cya Colombia Luis Diaz ndetse n’Umwongereza ukina nk’a  myugariro Joe Gomez, bari kwifuzwa n’ama kipe anyuranye yo muri shampiyona ya…

Read More

Paper Talk: Mvuyekure Emmanuel kurega Rayon Sports muri FIFA, John Bocco yasezeye Ruhago! Police ku bakinnyi baba nyamahanga

Martin Ndtoungou wari washyizweho nk’u mutoza w’Umusigire w’Ikipe y\’Igihugu ya Cameroon, nawe ya kuweho adatoje umukino n’Umwe nyuma y’Ubwiyunge bwa baye hagati ya Samuel Eto’o Fils umuyobozi wa federasiyo ya ruhago muri Cameroon(FECAFOOT) na  Marc Brys.(#BBC Sports Africa) Umunya Cameroon André Onana Onana,28 ukinira ikipe ya Manchester United y’Ibereye mu byaro by’Iwabo aho akomoka , ya garagaye…

Read More