Paper Talk: Arsenal kuri Benjamin Sesko bigeze kure, murumana wa Jude Bellingham kwisoko,Transiferi za Manchester United

Manchester United ira tekereza gutwara umusore w’Ikipe ya Chelsea ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Trevoh Chalobah, 24 ukina mumu tima wa ba myugariro (centre-Back) muri uku kwezi kwa gatandatu (Independent)
Mababa w’Ikipe ya Liverpool ukomoka mu gihugu cya Colombia Luis Diaz ndetse n’Umwongereza ukina nk’a myugariro Joe Gomez, bari kwifuzwa n’ama kipe anyuranye yo muri shampiyona ya Saudi Arbia “Saudi Pro League” aho aya makipe y’Ifuza abakinnyi basa nkaho ari bato muri iyi mpeshyi ya 2024. (Mail)
Tottenham Hotspur izemera amafaranga izahabwa kuri rutayizamu Richarlison, 27 ukomoka muri Brazil, ndetse na Emerson Royal, 25-right-back, nawe ukomoka muri Brazil bose batakibona umwanya uhagije wo gukina .(Standard)
Rutayizamu w’Ikipe ya RB Leipzig na Slovenia Benjamin Sesko, 20 n’umwe muba habwa amahirwe yo kwerekeza mw’Ikipe ya Arsenal y’Umutoza Mikel Artetamuri iyi mpeshyi ya 2024 dore ko Arsenal ihabwa amahirwe menshi yo kugura rutayizamu. (Mirror)
Bitega nyijwe ko Chelsea izaha amasezerano y’Imyaka itanu umutoza mushya wayoEnzo Maresca, 44 bavanye mu ikipe ya Leicester city ndetse hakiyongeraho abahitamo yo kumwongera umwaka umwe n’asoza iyo myaka itanu , uyu mutoza n’uwa 5 ugiye gutoza Chelsea nyuma yigenda ry’a Roman Abramovich. (Telegraph – subscription required)
Rutayizamu wa Chelsea ukomoka muri Albania Armando Broja, 22, biravugwa ko y’Ifuzwa n’Amakipe arimo Wolverhampton Wanderers y’Umutoza Gary O\’Neil ,Crystal Palace y’Umutoza Oliver Glasner,ndetse na Everton. (Ben Jacobs on X)
Everton ya bwiye Manchester United kwibagirwa burundi umudefanseri w’Umwongereza Jarrad Branthwaite n’iba batekereza ko baza mutwara ku busabusa bw’Amafaranga, Everton “The Toffees” irashaka ubwi kube kabiri bwa £40m , gusa Manchester United ifite ikizere ko iza mubona .(Mirror)
Arsenal irategura kwinjira mu isiganwa ryo gutwara myugariro w’Ibumoso (left-back) Quilindschy Hartman, 22, kuva mu ikipe ya Feyenoord yo mu gihugu cy’Ubuhorandi kugirango aze kunga nira igice cy’Ugarira cya Arsenal. (Telegraph – subscription required)
Monaco imaze gutera intambwe igaragara kuruta ikipe ya Watford na AC Milan mu isiganwa ryo gusinyisha rutayizamu wa Chelsea ukomoka muri Albania Armando Broja wari waratijwe n’Ikipe ya Chelsea mu mwaka urangiye w’Imikino. (L\’Equipe – in French)
Crystal Palace iri mu biganiro n’Ikipe ya Sunderland kugirango ibagurishe umusore wabo w’Imyaka 18 ukomoka mu igihugu cy’Ubwongereza Jobe Bellingham akaba umuvandimwe wa Jude Bellingham wa Real Madrid. (Standard)
Brentford nayo irifuza Jobe Bellingham. (Athletic – subscription required)
Everton iratekereza kukugarura umusore wa bakiniye inshuro ibyiri w’Imyaka 30 wa Luton Town Ross Barkley gusa ba mu hanga niye na Aston Villa izakina champions league y’Umwaka utaha w’Imikino wa 2024/2025. (Football Insider)
Manchester United igeze kure ibiganiro n’Umusore wabo w’Imyaka18- English ukina hagati mu kibuga Kobbie Mainoo kugirango asinye amasezerano mashya muri iy’Ikipe y’Umutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubuhorandi Eric Ten Hug. (Football Insider)