DailyBox

Harabura Iminsi 4 ngo amatora atangire: Uko umunsi wa 19 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Bugesera i Mayange.Uyu mukandida kandi nk’uko…

Read More

TODAY IN HISTORY: taliki ya 11/Nyakanga,Hatangiye ibibazo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byavutse nyuma y’aho Intara ya Katanga yiyomoroye ku gihugu naho John Quincy Adams abona izuba

Tariki ya 11 Nyakanga ni umunsi mpuzamahanga w’abaturage, World Population day, uyu munsi ugamije kumenyekanisha ibibazo byugarije abaturage batuye isi nko Kuringaniza imbyaro, uburinganire, ubukene, n’uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Ibarura ryo ku wa 06 Gashyantare 2016 ryagaragazaga ko isi izaba igize abantu 7,400,000,000 ku wa 24 mata 2017. Uyu munsi kuwa kane,Taliki ya cumi n’imwe/Nyakanga ni umunsi…

Read More

Mifotra yavuze ko mu gihe cy’amatora bizaba ari ikiruhuko cy’abakozi haba mu nzego za Leta n’izabikorera

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo [MIFOTRA], yatangaje ko iminsi ibiri ya mbere y’icyumweru gitaha, ari iminsi y’ikiruhuko rusange, mu rwego rwo gutuma Abanyarwanda babasha kuzuza inshingano mboneragihugu z’amatora. iyi Minisiteri yabitangaje ibinyujije mu itangazo yashyize ku rubuga rwa X.Minisiteri y’Abakozi ba Leta yagize iti “Iyo minsi yombi [Ku wa Mbere no ku wa Kabiri] izaba…

Read More

EURO 2024 : Olie Watkins afashije ubwongereza kugera ku mukino wa nyuma

Ikipe y’igihugu y’ubwongereza imaze kugera ku mukino wa nyuma wa EURO 2024 nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu y’ubuholandi les oranges ibitego 2-1. uyu wari umukino watangiye ikipe y’igihugu y’ubuholandi yataka cyane ndetse biza no kuyikundira kuko ku makosa ya Declan Rice aho yari amaze gutsikira aza kwisanga uwitwa Xavi Simons yamupapuje umupira maze nawe arekura…

Read More

Ukraine igomba gutsinda intambara : Joe Biden, inama ya OTAN irarimbanije mu gihe Uburusiya bukomeje kugera amajanja Ibice Byose bya Ukraine.

Kuri uyu wa gatatu abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bagize Umuryango wo gutabarana w’igihugu by’uburengerazuba na Amerika ya ruguru uzwi nka OTAN bitabiriye inama y’uyu muryango ku nshuro ya 75. Uyu muryango wo gutabarana washinjwe mu Kwa Kane mu mwaka wo ,mu 1949,uteraniye I Washington DC,aho nk’ibisabzwe uri kwiga ku rwego rwawo rw’imikoranire y’ibihugu binyamuryango,mu…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY:Arsenal yatangaje ko yasinyishije Alexis Sanchez imuvanye muri Barcelona naho Mario Gómez abona izuba

Ibihe by’ingenzi byaranze uyu munsi muri siporo: 1960 ,Mu gikombe cy’uburayi cyo muri uyu mwaka Viktor Ponedelnik yafashije igihugu cye cya leta zunze ubumwe z’abasoviyeti kwitwara neza ku mukino wanyuma w’iki gikombe imbere ya Yugoslavia aho bayitsinze bibiri kuri kimwe mu mukino waberaga kuri sitade ya Parc des Princes mu bafaransa. 1977 Nyuma y’imyaka ibiri…

Read More

Frank Habineza atanze amazi y’ubuntu ! ; Uko Umunsi wa 18 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.{Inkuru Yose}

Kuri uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ngoma na Huye. Yahereye mu karere…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 10/Nyakanga, Inteko Ishinga Amategeko ya Pakistan, yafashe umwanzuro wo kwemera ubwigenge bwa Bangladesh naho Lt. Emmanuel Butera abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: Uyu munsi kuwa gatatu,Taliki ya cumi/Nyakanga ni umunsi w’i 191 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 175 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . 138: Umwami w’Abami wa Roma, Hadrian, yahitanywe n’indwara y’umutima. 511: Hasojwe inama ya Concile d’Orléans yagennye imikorere ya kiliziya mu bwami…

Read More

Amerika yemeje bidasubirwaho ko u Rwanda rufasha M23 mu guteza intambara muri DR.congo

Leta zunze ubumwe z’Amerika zemereye akanama k’umuryango w’abibumbye ko u Rwanda rufite abasirikare barenga ibihumbi bine muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amerika yashinje u Rwanda kohereza ingabo zirenga 4000 mu gushimangira ubushobozi bwa M23 n’imitwe y’inyeshyamba za Congo River Alliance mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Raporo nshya impuguke za Loni…

Read More