DailyBox

Dore urutonde rw’Abakinnyi umwe kuri umwe Rayon izakoresha muri 2024-2025 haba mu bagore na bagabo

Kuri uyu wa gatandatu Rayon Sports yerekanye abakinnyi izakoresha mu mwaka utaha w’imikino haba mu bagabo ndetse no mu bagore umuhango wabereye kuri Kigali Pele Stadium mu kiswe umunsi w’igikundiro “Rayon Day”. Urutonde rw’Abakinnyi   Rayon Sports izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2024-25 Abazamu: Ndikuriyo Patient, Khadime Ndiaye. Bamyugariro: Serumogo Ali, Bugingo Hakim, Nsabimana Aimable, Ishimwe…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Adolf Hitler yabaye umuyobozi w’ikirenga w’u Budage naho umwami Frederik William III abona izuba

Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 1492: Abayahudi bari batuye muri Espagne birukanwe n’ubwami Gatolika bwaho. 1852: Hatangiye amarushanwa yo gusiganwa mu bwato, kuva hagati ya Yale na Havard muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. 1934: Adolf Hitler yabaye umuyobozi w’ikirenga w’u Budage, ibi yabigezeho nyuma yo kuba Perezida na Chancelier w’iki gihugu…

Read More

Apr fc igiye kuzajya yambara ‘Visit Rwanda’ ku myambaro yayo

Ikipe ya Apr fc yatangaje ko igiye kongera ibirango bya “Visit Rwanda ” ku myambaro izajya yambara mu mwaka utaha nka gahunda yo gukomeza gutuma u Rwanda rumenyeka i bwotamasimbi. iyi kipe y’ingabo z’igihugu yari isanzwe yambara uruganda rukora ibikomoka ku gihingwa k’ingano rwo mu gihugu cya Tanzania nk’umuterankunga wayo w’imena nyuma ya minisiteri y’ingabo…

Read More

Dore bimwe mu byatumye itorero ‘Umuriro wa Pentekote’ ryari ryiyomoye kuri ADEPR rihagarikwa

 ibikorwa by’Itorero Umuriro wa Pentekote mu Rwanda byahagaritswe n’urwego  rw’igihugu rw’Imiyoborere nyuma y’ibibazo by’imikorere bitandukanye birimo Gucamo ibice no kubiba amacakubiri n’amakimbirane by’urudaca mu bakristo. Ifungwa ry’iri Torero, rigaragara mu ibaruwa y’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, yashyizweho umukono n’Umuyobozi Mukuru warwo, Dr Usta Kaitesi  yandikiye Pasiteri Ntawukuriryayo Corneille wariyoboraga .  icyemezo uru rwego ruvuga ko rwafashe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Neymar Jr yabaye umukinnyi uhenze ku isi y’umupira w’amaguru naho Brahim Diaz abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo. 1949 icyahoze ari Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Amerika (BAA) na National Basketball League (NBL) byishyize hamwe bishyiraho Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball ririho ubu rya (NBA), naho Maurice Podoloff yatorewe kuba umuyobozi wa mbere w’iyi shampiyona nshya. 1952 Umushoferi wakiniraga Ferrari w’umutaliyani witwa Alberto…

Read More

Conor Gallagher ashobora kuza kwerekeza muri Atletico Madrid

Ikipe ya Atletico Madrid yo muri esipanye irifuza gusinyisha Conor Gallagher usanzwe ukinira ikipe ya Chelsea fc mu kibuga hagati kuri miliyoni 36 z’amayero n’ubwo hari n’andi makipe arimo  Tottenham  ari kumwifuza. Gallagher yabwiye chelsea ko yifuza kuba umwe mu bakinnyi b’iyi ekipe izaba iyobowe n’umutoza mushya Enzo Maresca kandi ko yishimiye imikinire y’umutoza mushya…

Read More

Ikigero cy’ubushomeri gikomeje kwiyongera muri Leta zunze ubumwe z’Amerika

Muri leta zunze ubumwe z’Amerika ubushomeri bwiyongereyeho kane n’ibice bitatu ku ijana mu myaka itatu ishize mu gihe itangwa ry’akazi ryagabanutse kubera impungenge ko isoko ry’umurimo rishobora kumera nabi ndetse n’ubukungu bukaba bwasubira inyuma. Raporo ku itangwa ry’akazi kandi yerekana ko inyongera ya buri mwaka ku mishahara y’abakozi yabaye mu kwezi gushize, ari yo yari…

Read More

South Africa: Hagaragaye abanyeshuri b’abirabura bagurishwa mu cyamunara birakaza benshi!

Byibuze abana b’abanyeshuri bane bari gukorwaho iperereza kubyaha byivanguraruhu bakoreye bagenzi babo b’abirabura igihe bakoraga igisa nko kubagurisha muri cyamunara. Aba banyeshuri biga mu kigo cya Pineland High School I Cape Town muri Africa y’epfo bamenyekanye binyuze muri videwo yasakaye kumbuga nkoranyambaga ubwo abana b’abibirabura basaga nkabashyizwe muri cyamura ndetse barikugenda bagerekwa amafaranga bagurwa nk’uko…

Read More