Rutahizamu Danny Usengimana avuga ko atabonye umwanya uhagije wo gutanga ibyo yari afite byose mu ikipe y’igihugu ‘Amavubi’
Rutahizamu wa ekipe y’igihugu y’u Rwanda ‘amavubi’ ,Danny usengimana avuga ko atigeze abona amahirwe ndetse n’umwanya uhagije wo gukinira ikipe y’igihugu cye kugirango atange ibyo yari afite byose. Rutahizamu Danny usengimana uri kubarizwa mu gihugu cya Canada muri ekipe ya AS Laval yaraye atangaje ko atigeze abona umwanya uhagije wo gukina muri ekipe y’igihugu amavubi…