DailyBox

Tanzania : abaturage bo mu bwoko bwa Maasai bari mu myigaragambyo bamagana ihonyorwa ry’uburenganzira bwabo

Mu gihugu cya Tanzania , Abaturage bo mu bwoko bw’aba maasai bari mu bukangurambaga bwo gushaka abaterankunga mpuzamahanga kugirango babafashe gusaba guverinoma yabo no guhagarika ihohoterwa ry’uburenganzira bwa muntu nyuma yo kwirukanwa ku gahato mu butaka bwabo . Abayobozi bavuga ko uku kwirukanwa kw’aba baturage ari mu buryo bwo kubungabunga inyamaswa zo mu gasozi, ariko…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : Thomas Sankara yahiritswe ku ubutegetsi naho Harold Holt abona izuba

uyu munsi ku wa mbere , tariki 5 Kanama ni umunsi wa 218 w’umwaka ugendeye kuri kalendari ya Geregori; Hasigaye iminsi 147 kugira ngo umwaka ugere ku umusozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1916: Mu ntambara ya mbere y’isi yose, mu gitero cyabereye muri Romaniya, ingabo zishyize hamwe zari ziyobowe na Archibald Murray zakubiswe…

Read More

Mali yahagaritse imigenderanire na Ukraine kubera ibirego ishinja umutwe wa Wagner

Mali ivuga ko yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga n’igihugu cya Ukraine, nyuma y’uko umuyobozi w’ingabo za Mali avuga ko leta ya Kyiv yagize uruhare mu mirwano yabereye hafi y’umupaka uhuza iki gihugu na Alijeriya mu kwezi gushize. Abasirikare n’abacanshuro benshi bo mu mutwe wa Wagner w’Uburusiya bivugwa ko bishwe mu minsi y’imirwano yagiranye n’inyeshyamba zo mu…

Read More

Dufite insengero ziruta amashuri ari muri iki gihugu : Dr. Kaitesi Usta

Umuyobozi Mukuru wa RGB, Dr. Kaitesi Usta, asanga mu kubaka insengero hakwiye no kubaho kugabanya ubucucike ahubwo ubwo butaka bugakoreshwa ibindi. Yatanze urugero kuri ADEPR, avuga ko muri Kigali ihafite insengero zingana n’utugari tuyibarizwamo. Iri torero rifite insengero zisaga 3000 mu Gihugu hose. Dr. Kaitesi Usta aho yagize ati : “Dufite insengero ziruta amashuri ari…

Read More

Paris Olempics : ese  Clementine Mukandanga niwe u Rwanda rwategaho amakiriro yo kubona nibura umudali ?

 imikino olempike yinjiye mu cyumweru cyayo cya nyuma, u Rwanda rusigaje umukinnyi umwe uzaseruka ku munsi wa nyuma w’iyi mikino,bakinnyi batandatu baserukiye u Rwanda, batanu bamaze gusezererwa nta mudali begukanye mu marushanwa yo koga, kwiruka, gusiganwa ku igare n’inkota. Ku wa gatandatu kandi Eric Manizabayo yasiganwe mu bagabo 273km ariko ageze kuri 245 akurwa mu isiganwa na…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Barcelona yatangaje ko Lionel Messi azasohoka muri iyi ikipe naho Salomon Kalou abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo. 1986 Ingrid Kristiansen wo muri Noruveje yashyizeho amateka mu mukino wo kwiruka muri metero 5000 ku isi i Stockholm, muri Suwede . 1995 Amarushanwa yabaga ku nshuro ya gatanu yimikino ngororamubiri yafunguwe i Gothenburg, muri Suwede . 2005 NBA yatangaje ko umujyi wa Las…

Read More

Paper Talk[Europe]:Arsenal yashyizeho igiciro kuri Eddie Nketiah, Julian Alvarez ibye bikomeje kuyoberana muri  Manchester City!

Newcastle United  irifuza gutwa Umwongereza w’ikipe ya  Crystal Palace Marc Guehi, 24  nyuma yo kwitwara neza mu gikombe cy’Uburayi ndetse  Arsenal ikaba isa nk’iyavuye muri gahunda yo gutwa uyu myugariro  . (Mail) Gusa Crystal Palace  yamaze kubwira   Newcastle ko niba yifuza gutwa Marc Guehi igomba gutanga  £50m. (Football Insider) Bournemouth yamaze kumenyesha ikipe ya  Tottenham Hotspur ko igomba…

Read More

Ukraine imaze kwakira indege za mbere za F-16 : Perezida Zelensky

Perezida Volodymyr Zelensky yavuze ko Ukraine yakiriye indege zayo za mbere zakozwe na Amerika zo mu bwoko bwa F-16. Umukuru w’igihugu wa Ukraine yashimiye ibihugu bishuti byatanze ibyo bahoze batinya gutanga anatangaza ko kuza kw’indege byerekana intambwe ikomeye mu kuzamura ubushobozi bw’ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine, ahanini zari zigikoresha indege za kera z’Abasoviyeti. Izindi…

Read More