DailyBox

Guverinoma y’u Burundi irasaba abaturage bayo bahungiye muri Tanzania gutahuka

Guverinoma y’u Burundi ikomeje guhamagarira impunzi zose zahungiye mu gihugu cya Tanzaniya gutahuka ndetse inabizeza umutekano wabo n’ibyabo. Ibyo bikubiye mu ijambo rya na Nibona Valentino Celestin umuyobozi wungirije muri minisiteri ishinzwe intwaro z’imbere mu gihugu cy’u Burundi yavugiye mu nama yahuje Leta ya Tanzaniya, u Burundi n’abahagarariye umuryango w’abibumbye wita ku mpunzi [ UNHCR…

Read More

Etincelles FC yiyongereye kuri Mukura vs mu kubuzwa kugira igikorwa cya ruhago icyo ari cyose gitegurwa ku munsi wa Super Coupe

FERWAFA imaze kumenyesha ikipe ya Etincelles FC ko umukino wa gicuti yari guhuramo na Musanze FC ku wa Gatandatu saa Cyenda udashobora kuba kuko kuri uwo munsi hari umukino wa Super Cup ugomba guhuza APR FC na Police FC kuri Kigali Pele Stadium. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyesheje Etincelles FC ko umukino wa…

Read More

Tanzania : Polisi irimo gukora iperereza ku bakekwaho gufata ku ngufu umugore mu mashusho yakwirakwiye kuri muri andasi

Polisi ya Tanzania irimo gukora iperereza ku bagabo batanu bafashwe amashusho muri videwo yahererekanyijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga bivugwa ko iberekana barimo gufata ku ngufu mu kivunge umugore ukiri muto. Igipolisi cya Tanzania cyatangaje ko amaperereza yacyo arimo gukorwa, ariko ntiyemeje amakuru yuko hari abatawe muri yombi gusa kugeza ubu abashinzwe umutekano nta cyo bari…

Read More

Igikoni cy’imwe cyo muri restaurant ikorera mu nyubako ya 2000 Hotel cyafashwe n’inkongi y’umuriro

mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ,Igikoni cy’imwe muri restaurant ikorera mu nyubako ya 2000 Hotel cyafashwe n’inkongi y’umuriro . Ni inkongi bivugwa ko yaturutse ku mavuta yo gutekesha muri iyo nyubako iherereye mu igorofa rya Gatanu. Abakozi bo muri iyo restaurant bahise bakora ibishoboka bazimya umuriro utarangiza byinshi. iyi nkongi ije nyuma y’iyo…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Kepa Arrizabalaga yabaye umuzamu uhenze ku isi naho Louis Saha abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1992 umukinnyi wakinaga hagati wa Espagne witwa Kiko yatsinze ibitego bibiri binafasha Esipanye yari murugo kwegukana umudari wa zahabu mu mikino Olempike itsinze Polonye ibitego 3-2 imbere y’abarenga 95,000 kuri sitade ya Camp Nou, iherereye mu mujyi wa Barcelona . 2008 Imikino Olempike yo…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Chelsea ikomeje kuyobora isoko ry’igura ni gurisha,United yanze amafaranga bari kuyiha kuri Scott McTominay!

Brighton irashaka gutwara Mats Hummels, 35, ubu udafite ikipe akaba yaranyuze mu makipe atandukanye arimo   Bayern Munich ndetse na  Borussia Dortmund umwe mubagize  ibihebyiza mu bihe yari akiri muto dore ko yari mu ikipe y’igihugu ya Badage  yatwaye igikombe cy’isi  muri 2014 batsinze ikipe y’igihugu ya Argentine   . (Sky Sports) Manchester United  irashaka gutwara Sander Berge,…

Read More

Ubudage : abantu babiri bitabye imana abandi bakomerekera mu isenyuka ry’inyubako ya Hotel

Abantu babiri biciwe i Kröv mu Budage, nyuma y’igice kimwe cy’inyubako ya hoteri cyaguye mu ijoro ryo ku wa kabiri, mu gihe abandi benshi bakometse. Ku wa kabiri, igisenge cy’iyo hoteri giherereye hafi y’inkombe z’Uruzi Moselle, cyasenyutse ahagana mu ma saa 23h00 ku isaha yaho (21h00 GMT), kimenagura amadirishya ubwo igorofa yo hejuru y’inyubako yagwaga…

Read More

Amerika yageneye Repubulika ya Demokarasi ya Kongo inkunga yo gufasha abari mu Kaga

Leta zunze ubumwe z’Amerika igiye guha Repubulika ya Demokarasi ya Kongo imfashanyo ingana n’amadolari miliyoni 414 yo kugoboka abaturage bari mu kaga. igice kinini cy’iyi ngengo y’imari kizanyura mu miryango ya ONU n’iyigenga itera inkunga zihutirwa cyane mu biribwa n’imirire, amazi meza no kuyasukura, ubuvuzi n’isuku, n’ubwugamiro. Ikindi gice kizagurira abahinzi-borozi bo muri Leta zunze…

Read More

Nyuma ya Mali ; Igihugu cya Niger nacyo cyimaze gucana umubano n’igihugu cya Ukraine

Igihugu cya Niger cyahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga n’igihugu cya Ukraine nyuma yo kugaragarwaho nyuma yo gushyigikira ibitero by’inyeshyamba ku gisirikare cya Mali cyaguyemo ingabo za Mali mu minsi ishize . iki kikaba ari ikimenyetso cyerekana ko amakimbirane akomeje kwiyongera hagati y’ibihugu bimwe na bimwe byo muri Afurika y’iburengerazuba na leta ya Kyiv.Guverinoma ya gisirikare cya…

Read More

Amakuru mashya : Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagiye ahagaragara

Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe na zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda ,aho igiciro gishya cya litiro ya lisansi ntikigomba kurenga amafaranga y’u Rwanda ni 1629 naho mazutu itagomba kurenga amafaranga 1,652 kuri litiro. Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi mukuru w’uru rwego Rugigana Everste, Urwego…

Read More