daily

Ubushita bw’Inkende yamaze kuba indwara yugarije ubuzima rusange muri Afurika

Ikigo Nyafurika gishinzwe kurwanya no gukumira Indwara z’Ibyorezo, Africa CDC, cyatangaje ko indwara y’Ubushita bw’Inkende yugarije ubuzima rusange muri Afurika. Umuyobozi wa Africa CDC, Jean Kaseya, yavuze ko Umugabane wa Afurika ukeneye miliyoni 10 z’inkingo zo guhangana n’iki cyorezo, ari ko kugeza ubu hari izigera ku bihumbi 200 gusa. Kuva mu ntangiriro z’yu mwaka, abarenga…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Imikino Olempike yabaga ku nshuro ya 28 yatangiriye muri Atene naho Alan Shearer abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1948 Johan Gren yatsinze ibitego bibiri mugihe Suwede yatsindaga Yugosilaviya ibitego 3-1 kugirango yegukane umudari wa zahabu wumupira wamaguru mu mikino Olempike yabereye i Londres . 1948 José Beyaert w’umufaransa yatwaye isiganwa ry’amagare mu mikino Olempike yabereye i Londres . 1965 sitade ya Municipal…

Read More

Gareth Southgate watozaga ubwongereza yabonye umusimbura !

Lee Carsley yagizwe umutoza w’agateganyo w’Ubwongereza mu kwezi kugirango azayifashe kwitegura imikinoi itaha iyi ikipe y’igihugu izakina . Abayobozi ba FA bashimishijwe cyane n’umusaruro w’uy’umutoza wahoze atoza abongereza batarengeje imyaka 21 kuva yatangira imirimo mu 2021 kandi akaba ahatanira kwigarurira burundu uyu mwanya wa Gareth Southgate. Uyu wahoze ari umukinnyi wo hagati wa Everton azatoza…

Read More

Danmark : uwakubise Minisitiri w’intebe wa Danemark yakatiwe igifungo cy’amezi ane

Umugabo wo muri Polonye yahamijwe icyaha cyo gukubita Minisitiri w’intebe wa Danemark witwa Mette Frederiksen. Ku wa kabiri, uyu mugabo w’imyaka 39 utaravuzwe izina, yabwiye urukiko ko yari yasinze cyane ku buryo atibuka uko byagenze, gusa Urukiko rwo mu murwa mukuru wa Copenhagen rwamukatiye igifungo cy’amezi ane, koherezwa mu mahanga ndetse no kubuzwa kwinjira muri…

Read More

Transfert : Ikipe ya Liverpool iri mu biganiro bya nyuma na Martin Zubimendi

ikipe ya Liverpool irifuza umunyesipanye Martin Zubimendi ufite imyaka 25 usanzwe ukina mu kibiga hagati muri ekipe ya Real Sociedad yo mugihugu cya esipanye. Uyu musore wimyaka 25 yitwaye neza mu ku mukino wanyuma w’igikombe cy’Uburayi mu ikipe ye y’igihugu ya Espagne ubwo umukinnyi wa Manchester City witwa Rodrigo Hernández Cascante bakunze kwita Rodri yaje…

Read More

Uganda : Abarwanashyaka 14 b’Ishyaka FDC batawe muri yombi na polisi

Polisi ya Uganda ejo yataye muri yombi abantu 14 batavuga rumwe n’ubutegetsi ubwo bari mu myigaragambyo berekeza kuri Ambasade ya Kenya. Bari bajyanywe no kwamagana icyemezo cy’icyo gihugu cyo gufata bagenzi babo ikabasubiza ubutegetsi bwa Uganda. Abo bari bagiye muri Kenya mu mahugurwa nkuko byemezwa n’abababuranira. Batawe muri yombi bashyikirizwa ubutegetsi bwa Uganda bashinjwa ibyaha…

Read More