Mu migiririre ,Leta ya Tshisekedi ntikozwa iby’amahoro ;  ese bisaba iki ngo agaruke mu Karere?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) imaze igihe kirekire mu ntambara n’imitwe yitwaje intwaro iyobowe na M23 , ibi bidindiza ituze n’amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari. Nubwo ibiganiro by’amahoro byagiye bitangizwa, ubushake bwa DRC mu kubigiramo uruhare ntibugaragara neza. Ahubwo, icyo gihugu gikomeje guhitamo inzira y’intambara no gushaka inyungu za dipolomasi aho gushyira imbere igerwaho…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY: taliki 24/Kamena, Lionel Messi yavutse uyu munsi naho Abakinnyi b’abakobwa basiganwa ku maguru bemerewe guhatana mu mikino Olempike yabereye mu barabu.

Uyu munsi ku wa mbere,Taliki ya 24/Kanama 2024 ni umunsi wa 176 w’umwaka ubura iminsi 190 ngo urangire. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 1922 Ishyirahamwe ryumupira wamaguru wabanyamerika[American Professional Football Association] yahinduriwe iri izina yitwa Ligue yumupira wamaguru [ National Football League] 1968, mu iteremakofe ,Joe Frazier yahigitse umurywanyi wo muri Mexico Manuel Ramos…

Read More

🛑LIVE UPDATES : RIB imaze kuvuga ko Jeanne d’Arc Mujawamariya ari gukorwaho iperereza adafunze

Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko Jeanne d’Arc Mujawamariya ari gukorwaho iperereza adafunze. Amakuru Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B Thierry yerekeranye ibyo Hon Mujawamariya Jeanne d’Arc akurikiranweho,Dr. Thierry yavuze ko ari kubazwa ibyaha akekwaho kuba yakoreye muri Minisiteri y’Ibidukikije, ariko ko ntacyo yatangaza kirenzeho ngo bitabangamira iperereza rigikomeje. Yagize ati:”Nibyo koko…

Read More

#KWIBUKA31 :  Abatutsi bamariwe ku icumu muri kiliziya ya Paruwasi Gatolika ya Kiziguro  [ ubuhamya ]

Kuva kuwa 07/04/1994 kugeza kuwa 10/04/1994 Abatutsi batangiye guhunga hirya no hino bahungira kuri  Kiliziya i Kiziguro bahageze babeshywa ko bajyiye kuharindirwa ariko barabareka bariyegeranya baragwira maze  ku itariki ya 11 Mata 1994 barabica guhera 10h00 kugera 16h00.  Bishwe n’ Interahamwe  zoherejwe na Burugumesitiri Gatete Jean Baptiste afatanyije na Rwabukombe Onesphore wari burugumesitiri wa Muvumba,…

Read More

World cup 2026 Qualifiers;Cameroun ibifashijwemo bikomeye na Onana yatsinze Cape verde

Ikipe y\’igihugu ya Cameroun ibifashijwemo n\’Andre anana baraye banyagiye ekipe y\’igihugu ya Cape Verde ibitego 4-1 mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy\’isi cya 2026 amakipe y\’ibihugu y\’Africa akomeje guhatana ashakisha itike iyajyana mu mikino y\’igikombe cy\’isi 2026 kizabera muri America y\’epfo mu bihugu bya; Canada, Mexico na Leta zunze ubumwe za…

Read More

umujyi wa Kigali watangiye kugenzura niba ahantu hahurira abantu benshi hari ubukarabiro

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangiye kugenzura ko ahantu hahurira abantu benshi nko mu nyubako z’abikorera n’iza Leta, ku masoko, ahategerwa imodoka no mu nsengero hashyizweho ubukarabiro rusange. Ni icyemezo cyashyizweho mu kwimakaza isuku cyane cyane iy’ibiganza mu kwirinda no kugabanya indwara zirimo n’iy’Ubushita bw’Inkende yugarije Isi Kugeza ubu ,abantu bane ni bo bamaze kugaragarwaho virusi…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Robertinho yavuze kurwego rwa rutahizamu mushya wa Rayon , dore abanyacyubahiro baza kwitabira umuhango wo gushyingura Issa Hayatou

Umunya-Cameroon Issa Hayatou wayoboye impuzamashyirahamwe y’aruhago muri Africa “CAF”   Issa Hayatou uherutse kwitaba Imana arashyingurwa none, akaba ari umuhango uzakwitabirwa n’abanyacyubahiro batandukanye mu mupira w’isi harimo umuyobozi wa CAF Dr Patrice Motsepe , Ahmad Ahmad wayoboye nawe CAFA  ndetse n’umuyobozi w’impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi Giovanni Vincenzo Infantino.(#CAF) Umunya-Cameroon Leonel Ateba  w’imyaka 25 yamaza gusinyira…

Read More

Perezida Paul Kagame yavuze ko Ubwenge buhangano (AI) bukoreshejwe  nabi muri politike z’ibihugu byaba bibi kurushaho

Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye inama ivuga uruhare rw’ubwenge buhangano (AI) mwiterambere ry’ubukungu bw’Afurika, Perezida Paul Kagame yavuze ko nubwo ubu bwenge buhangano ari ingenzi cyane ku iterambere ry’uyu mugabane, bukoreshejwe nabi byabyara ikintu kibi. Yagize ati” mfite ikizere ko dufatanyije, bishoboka yuko twakoresha neza ubu bwenge buhangano, ndetse no mu mibanire y’ibihugu byacu, nizera…

Read More

SUDAN : Umutwe wa RSF wasabwe n’umuryango w’abibumbye guhagarika Ibitero ku mujyi wa al-Fashir

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko atewe impungenge n’amakuru yerekeye ibitero bikomeye ingabo z’umutwe wa Rapid Support Forces zigometse kuri leta muri Sudani zirimo kugaba ku mujyi wa al-Fashir wo muri icyo gihugu. Umuryango w’Abibumbye ugereranya ko ahagana mu 2000 abantu bagera ku 300 000 bishwe n’abarwanyi b’aba Janjaweed mu ntara ya Darfur….

Read More