Paper Talk[Europe]: Igisubizo  cya Arsenal  kuku rekura Jorginho,Virgil van Dijk  agiye kongera amasezerano muri Liverpool!

Barcelona  irashaka gutwara  myugariro  wa Bayer Leverkusen  Jonathan Tah, 28,  ndetse  na Joshua Kimmich,  29,  w’Ikipe  ya  Bayern Munich  dore  ko  iyi kipe   itizeye  neza ko  izagumana  Frenkie de Jong, 27,  ndetse  na  Ronald Araujo, 25 I  Nou Camp. (Mundo Deportivo – in Spanish) Paris St-Germain ikomeje  umugambi  wo  kongerera  amasezerano  umutoza  wa  yo  Luis Enrique…

Read More

Biramahire Abeddy yashyize umucyo ku mpamvu yagarutse gukina mu Rwanda

Umukinnyi Rayon Sports iherutse gusinyisha Biramahire Abeddy yavuze ko impamvu yavuye mu ikipe yakiniraga mu gihugu cya Mozambique ari umutekano mucye wari muri iki gihugu. Uyu musore ukina nka rutahizamu yaba aciye hagati ndetse no ku mpande yasinyiye ikipe ya Rayon Sports ku mpera y’ifunga ry’isoko ry’ukwezi kwa mbere 2025 ndetse bikaba byaratunguye benshi kuko…

Read More

Full Report: Uko umunsi wa gatandatu wo Kwiyamamaza wagenze ku bakandida Bose ku mwanya w’umukuru w’igihugu na gahunda y’umunsi ukurikiyeho

Ku munsi wa gatandatu wo kwiyamamaza,abakandida perezida bagera kuri batatu n’abakandida depite mu byciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza kuba turage imigabo n’imigambi yabo mu ri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana,yakomereje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu turere twa Ngororero na Muhanga.Philipe…

Read More

ubuyobozi bwa shampiyona y’u Rwanda bwongeye kwibutsa FERWAFA kugira icyo batangaza ku umubare w’abanyamahanga bagomba gukina Shampiyona

Ubuyobozi bwa shampiyona y’u Rwanda bwamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [Ferwafa] burimesha ko bagitegereje igisubizo ku mubare w’Abakinnyi b’abanyamahanga bazakina Shampiyona uyu mwaka. Perezida wa shampiyona y’u Rwanda [Rwanda Premier League] Bwana Hadji Yussuf MUDAHERANWA akaba na Perezida wa ekipe ya Gorilla_fc yandikiye umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] amubwira ko amakipe…

Read More

Muri Guinea abantu benshi bapfiriye mu mubyigano watejwe n’umukino w’umupira w’amaguru

Guverinoma ya Guinea, iratangaza ko byibuze abantu 56, ari bo bamaze kubarurwa ko bitabye Imana bitewe n’umubyigano waturutse ku burakari bw’abafana bwatewe n’ibyemezo by’umusifuzi mu mukino waberaga mu mujyi wa Nzérékoré. Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru BBC, biravugwa ko izi mvururu zaturutse ku cyemezo umusifuzi wo hagati yafashe ubwo yahanishaga amakarita atukura abakinnyi babiri b’ikipe ya Labé,…

Read More

Amabara y’umweru na kaki niyo azifashishwa mu matora ya perezida n’abadepite

Komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora yatangaje ko muri aya matora y’abadepite n’aya perezida hazifashishwamo amabara ya kaki n’umukara ku mpapuro z’itora. Izi mpapuro z’itora mu matora yombi , zizaba zifite amabara abiri atamenyerewe ariyo Umweru na Kaki. Ibinyujije ku rukuta rwayo rw’icyahoze ari twitter rwabaye X iyi komisiyo yatangaje ko mu matora y’abadepite hazakoreshwa ibara rya…

Read More

Paper Talk[Europe]: Liverpool yatangaje ko izagura umukinnyi wo hagati mu kibuga,Tottenham Hotspur  yinjiye mu rugamba rwa  Eberechi Eze

Ikipe ya  Everton  yagaragaje  ko  yiteguye kugumana  na  Sean Dyche  umutoza  wa  yo  kugera umwaka w’Imikino urangiye  nubwo  atari kwitwara neza mu ntangiriro  ya  shampiyona  y’Igihugu y’Abongereza  Premier League. (Telegraph – subscription required) Sporting Director  w’Ikipe  ya  Barcelona  Deco yavuze ko Frenkie de Jong agifitiye amasezerano  ndetse ko bishimanye nyuma y’uko  hari amakuru atandukanye yagiye asohora…

Read More