Paper Talk[Rwanda&Africa] Nyuma y’uko perezida anenze umugi wa Kigali ubu uri kwemeza ko byakemutse! Wydad AC  yongereye amafaranga kuri Clement Mzize

Abicishije ku rukuta rwa X yahoze yitwa twitter perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame  yakebuye umugi wa kigari awibutsa ko  ikibazo cya moteri icana amatara kuri sitade cyakabaye cyarakemutse mbere y’uko umwaka w’imikino utangira.(#DailyBox) Umujyi wa Kigali wemeje ko washatse moteri izifashishwa kuri Kigali Pelé Stadium mu gihe iyo watumije itaragera mu Rwanda. Imikino…

Read More

Florentino Perez mu nzira zo kongera kwiyayamariza kuyobora Real Madrid

Umuyobozi mukuru w’ikipe ya Real Madrid Florentino Perez aherutse gufungura ku mugaragaro igikorwa cyo kwiyamamaza mu matora y’umuyobozi w’iyi kipe mu gikorwa cyabaye ku wa Kane, ndetse yaboneyeho ahamagaramo inama nkuru y’ ubuyobozi bw’iyi kipe. Ubusanzwe amatora agena umuyobozi w’ikipe ya Real Madrid aba buri myaka 4, mu gihe Florentino Perez ataratsindirwa mu matora na…

Read More

Polisi y’u Rwanda yatangije  ubukangurambaga bwo kurwanya ikwirakwizwa ry’intwaro

Mu Rwanda hatangijwe ubukangurambaga bw’ukwezi bugamije kurwanya gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko ku mugabane w’Afurika (AAM2024), bufite intego yo gucecekesha imbunda mu bihugu biwugize. Ni ubukangurambaga bwatangirijwe mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari, mu Karere ka Rwamagana, muri gahunda y’icyerekezo cy’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe cy’amahoro n’umutekano birambye ku mugabane by’umwihariko bishingiye ku…

Read More

Nta gihugu na kimwe gikwiye guhagarika cyangwa gufatira icyemezo  isi yose : Amb . Nduhungirehe

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane , Amb. Olivier Jean Patrick  Nduhungirehe yatangaje ko umugabane wa Afurika ugomba kwishakamo ibisibuzo byo gukemura ibibazo ufite udategereje kujya gushaka ubufasha bw’amahanga . Ibi Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yabitangaje kuri uyu wa gatandatu tariki ya 12 Mata 2025  muri Türkiye aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga kuri Dipolomasi, Antalya Diplomacy…

Read More

Utavuga rumwe na Leta y’Ubufaransa agiye gufungwa anamburwe uburengazira bwo kwiyamamaza

Madame Marine Le Pen uzwiho kutavuga rumwe n’ubutegetsi bw’Ubufaransa yahamijwe ibyaha birimo kunyereza umtungo w’Umuryango w’Ibihugo by’Ubumwe bw’Iburayi, bituma atazabasha kwiyamamaza mu matora ari imbere. Urukiko rw’I Paris rwasomye umwanzuro warwo kuri uyu wa Mbere, rwemeza ko uyu Marine Le Pen, akatirwa imyaka ine irimo ibiri y’igifungo ndetse n’indi ibiri ari hanze acungishwa ikoranabuhanga. Ni…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Samuel Eto’o Fils ahanganye na CAF, Rayon Sports yemeje ko iri mu biganiro n’abakinnyi bane! APR FC transfer

Umukimo w’ishiraniro wari guhuza ikipe ya Al Ahly  n’ikipe Zamalek kuri uy’u wa kabiri byarangiye utabaye kuberako Zamalek  ibyifuzo bine  ya gejeje ku ishyirahamwe ry’umupira wa maguru mu gihugu cya Misiri b’itigeze bishyirwa  mu bikorwa  Al Ahly  yahawe amanota atatu imbumbe.(#King Fut) Mamelodi Sundowns  yo mu gihugu cya  Africa yepfo  mu rwego rwo kwitegura umwaka…

Read More

Muhire Kevin azakomeza gukinira Rayon Sports cyangwa azerekeza ahandi?

Kapiteni wa Rayon Sports umwaka ushize w’imikino, Muhire Kevin biteganyijwe ko atazakomezanya na Rayon Sports bivuze ko azakinira indi kipe mu Rwanda igihe atakwerekeza hanze y’u Rwanda. Uyu musore amasezerano ye yarangiranye n’impera z’uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025 , ubu yemerewe kwerekeza mu ikipe iyari yo yose ashaka. Igihe umunyamakuru ukomoka mu gihugu cya Ghana,…

Read More

Nyuma  ya  perezida Uwayezu Jean Fidèle  undi mu yobozi muri Rayon Sports yafashe ikemezo cyo kuyisezera!

Umunyamabanga  w’ikipe ya Rayon Sports  Bwana Namenye Patrick biteganyijwe ko   atazakomeza  kuri  izi nshingano  akaba asigaje igihe kingana n’ukwezi kumwe kugirango ave  kuri izi nshingano. Ikipe  ya Rayon Sports  ni  imwe   mu makipe   ataratangiye umwaka w’Imikino neza  wa 2024-2025   aho mu mikino ibiri imaze gukinwa itarabona itsinzi  dore ko umukino  ufungura  wa  shampiyona  banganyijemo n’ikipe ya …

Read More

AMATORA MURI USA: Perezida Biden yegetse umugogoro ku umunaniro nka nyirabayazana y’intsinzwi ye mu kiganiro mpaka

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Joe Biden, yatangaje ko ukwitara nabi ndetse no kugaragaza intege nke mu kiganiro mpaka abona byaratewe n’umunaniro nyuma yo gukora ingendo ebyiri mbere yo kujya mu kiganiro mpaka cyabereye i Atlanta kuri CNN. Perezida Biden yegetse kwitwara nabi kwe mu kiganiro mpaka mu cyumweru gishize ku munaniro yatewe no…

Read More