DRC yamaganye ibikorwa bya M23 bigamije guhonyora imyanzuro yafatiwe mu nama ya EAC na SADC

Guverinoma ya Repubulika ya Iharanira Demokarasi ya Kongo yahamagariye imiryango mpuzamahanga guhaguruka ikamagana ibikorwa yise iby’ubushotoranyi bikorwa n’umutwe wa M23 byo guhonyora igihe cy’agahenge cyemeranijwe mu nama ihuriweho ya EAC na SADC yabereye i Dar es Salam tariki ya 8 Gashyantare 2025 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na leta ya Kongo ku munsi wejo tariki…

Read More

Kiyovu Sports yongeye guhura n’ibibazo bishobora gutuma yongera kuregwa

Umutoza ukomoka mu gihugu Cy’Uburundi Joslin Bipfubusa watozaga Kiyovu Sports ntakiri umutoza wayo ndetse uyu mutoza bidatinze arazakurega iyi kipe byakwiyongera ku bindi bihano iyi kipe isanganywe. Byagenze bite Ku itariki ya 13 Ukuboza 2024, nibwo Joslin Bipfubusa yafashe ikemezo cyo gusezera ikipe ya Kiyovu Sports nyuma yibaruwa umuhagarariye witwa Kpkoudioue yandikiye iyi kipe ku…

Read More

PAPER TALK[RWANDA&AFRICA]: Abakinnyi 2 b’Abanyarwanda bakinaga i Burayi baje gukina muri Africa, ishyirahamwe ry’aruhago muri Congo ryahagaritswe na FIFA

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku isi ‘FIFA’ yahagaritse amashyirahamwe abiri kubera kunyuranya n’amabwiriza y’ayo ayo ni ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Congo-Brazzaville( FECOFOOT0 ni rya Pakistan (PFF) . [FIFA] Umunya-Ivory Coast Aubin Kramo Kouamé w’imyaka 28 yamaze kwerekeza mu ikipe ya Ittihad Alex SC mu gihugu cya Misiri, ku masezerano y’umwaka umwe n’amezi atanu, uyu musore akaba yarakiniye…

Read More

CAF yadabagije amakipe azitabira ‘CHAN’ kubera amafaranga yashyizwemo

Mu gihe guhera tariki 02 kugeza ku ya 30 Kanama 2025, hategerejwe itangira ry’igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo ‘CHAN’ hamaze kongerwa amafaranga azahabwa amakipe azitabira iri rushanwa. Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika “CAF” yongereye muri rusange amafaranga ryashyiraga muri iri rushanwa aho yagejejwe kuri miliyoni 10.4 z’amadorali gusa amakipe azabona amafaranga hakurikijwe…

Read More

Ikigo cy’ubutasi cya Koreya yepfo cyemeje ko Koreya ya ruguru yohereza ingabo mu Burusiya

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza muri Koreya yepfo cyemeje ko amato y’Uburusiya yimuye abasirikare 1,500 bo muri Koreya ya Ruguru aberekeza muri Vladivostok. Ikigo cy’ubutasi cya Koreya yepfo cyatangaje ko Koreya ya Ruguru yohereje ingabo zo gushyigikira igihugu cy’ Uburusiya mu intambara y’Uburusiya na Ukraine. Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza cya Koreya yepfo (NIS) cyemeje ibi mu…

Read More

MINEDUC yatangaje uburyo bushya bwo kugena amanota ashingirwaho kugira ngo abanyeshuri bakomeza muri kaminuza !

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 / Ugushyingo ,Minisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya bwo kugena amanota ashingirwaho kugira ngo abanyeshuri bakomeza muri kaminuza, aho uzajya yemererwa ari uwagize 50% mu masomo yose. Ubu ni uburyo butandukanye n’ubwari busanzweho, aho uwemererwaga kujya muri kaminuza ari uwabaga yatsinze amasomo abiri y’ingenzi. ibi iyi minisiteri ireberera uburezi…

Read More

Mugimba Jean Baptiste wari wahamijwe icyaha cya Jenoside  yajuririye igihano yari yahawe

kuri uyu wa Mbere, tariki ya 16 Nzeri 2024 Urukiko rw’Ubujurire rwatangiye kumva ubujurire bwa Jean Baptiste Mugimba wakatiwe imyaka 25 ahamijwe ibyaha byo gucura umugambi wa Jenoside no kuba icyitso cya Jenoside. Jean Baptiste Mugimba yari yakatiwe igifungo cy’imyaka 25 nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kuba icyitso cya Jenoside ndetse n’icyo gucura imigambi yo…

Read More

Nyamasheke : Ubujurire bwa Sgt Minani Gervais bwateshejwe agaciro

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2024 ,Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwategetse ko igifungo cya burundu cyari cyarahanishijwe Sgt Minani Gervais, kigumaho nyuma yo gushimangira ko ahamwa n’ibyaha byo kwica abantu batanu abarashe ku bushake.  Sgt Minani wari wajuririye icyemezo cy’Urukiko rwa Gisirikare kandi yari yarahanishijwe kwamburwa impeta zose za gisirikare, tariki 9…

Read More