DRC yamaganye ibikorwa bya M23 bigamije guhonyora imyanzuro yafatiwe mu nama ya EAC na SADC
Guverinoma ya Repubulika ya Iharanira Demokarasi ya Kongo yahamagariye imiryango mpuzamahanga guhaguruka ikamagana ibikorwa yise iby’ubushotoranyi bikorwa n’umutwe wa M23 byo guhonyora igihe cy’agahenge cyemeranijwe mu nama ihuriweho ya EAC na SADC yabereye i Dar es Salam tariki ya 8 Gashyantare 2025 . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na leta ya Kongo ku munsi wejo tariki…