Usengimana Faustin yabonye ikipe nshya

Myugariro wa ekipe y’igihugu y’u Rwanda [Amavubi ] Faustin USENGIMANA yamaze gusinyira ikipe ya Masafi Al-Wasat yo mu gihugu cya Iraq isanzwe ikina shampiyona y’ikiciro cya mbere muri iki gihugu izwi nka Iraqi Premier Division League . Masafi Al-Wasat ibarizwa Bagdad mu murwa mukuru, ikakirira imikino yayo kuri Masafi Stadium yakira abantu 5000,Faustin ari mu…

Read More

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yatangije ku mugaragaro Inama y’Ihuriro Nyafurika ryita ku Biribwa

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yafunguye ku mugaragaro Inama Nyafurika yiga ku Biribwa (Africa Food Systems Forum) .Iyi nama iri kubera i Kigali hagati ya tariki 2-6 Nzeri 2024, yitabiriwe n’abayobozi mu nzego zitandukanye ndetse n’abikorera bo mu buhinzi n’ubworozi baturutse mu bihugu bitandukanye by’afurika . iyi nama Nyafurika yiga ku Biribwa (Africa Food System…

Read More

FIFA yashyize ahagaragara ibibuga bizaberaho imikino y’igikombe cy’isi cy’amakipe [Clubs]

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [FIFA] yatangaje ko umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cy’amakipe [clubs] cya 2025 uzabera muri leta ya New Jersey ho ,muri leta zunze ubumwe z’ Amerika. iyi Sitade yateguriwe kuzakira umukino wanyuma, yafunguwe ku mugaragaro mu mwaka wa 2010 kandi ifite ubushobozi bwo kwakira abarenga 82,500, yanakinweho umukino wanyuma wa Copa…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ibyo Ntwari Fiacre yaganiriye n’umuzamu wa Nigeria,ikipe yo muri Morocca nayo igiye gutegura umunsi w’Igikundiro!

Nyuma ya gahunda yatangijwe n’amakipe yo muri Tanzania ariyo Simba SC ndetse na Young Africans , ikipe ya Wydad Athletic Club  yo muri Morocco kuri  uyu  w’Agatandatu na  yo irakora umuhango wo kwerekana abakinnyi yaguze ndetse n’umutoza.(#MickyJr) Ishyirahamwe ry’Aruhago muri Africa ryamaze  kwambura uburenganzira  sitade  ya  Baba Yara Stadium ikaba sitade iherereye  mu gace ka…

Read More

APR FC yagize imibare mibi itishimiwe n’abakunzi bayo kumukino batsinzwemo na Simba mu buryo bworoshye

Ikipe y’Ingabo z’igihugu  “APR FC”  yagize imibare mu mukino wa yihuje na Simba SC itashimishije abafana bayo aho yabashije kugumana umupira kurwego rwa 29% mu gihe Simba yagize 71%. Kuri uyu wa gatandatu ikipe ya Simba SC yo mu gihugu cya Tanzania yakoze ibirori bidasanzwe byo kwerekekana abakinnyi izakoresha umwaka utaha w’imikino ibirori byabereye kuri…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : taliki ya 2 /Nyakanga, Luis Suarez yahesheje Uruguay intsinzi imbere ya Ghana naho umubiligi Maarten Martens abona izuba

Uyu munsi Taliki ya kabiri /Nyakanga ni umunsi w’184 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 182 kugirango ugere ku musozo . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu mateka y’isi byumwihariko mu isi ya Siporo : 1932 Muri Tennis , umunyamerika Ellsworth Vines yatsindiye ku mukino wa nyuma Bunny Austin mugenzi we bahuje ubwenegihugu amaseti atatu…

Read More

Jose Mourinho yashyize umucyo kuri Transfert ya Cristiano Ronaldo muri Fenerbahce

Jose Mourinho yashubije ibihuha bivuga ko Cristiano Ronaldo ashobora kwerekeza mu ikipe ya Fenerbahce asanzwe atoza mu gihe amasezerano ya Ronaldo yaba arangiye mu mpeshyi y’umwaka utaha . Umutoza w’umunya – Porutugali yageze muri Real Madrid mu mwaka wa 2010 ari nabwo yaherukaga gutoza Cristiano Ronaldo, ndetse banagerana ku mukino wa nyuma wa Champions League …

Read More