Ikipe ya APR FC umukinnyi yifuzaga yasinyiye indi kipe

Ikipe ya APR FC nyuma yo kubura umukinnyi w’imyaka 18 yifuzaga, Jack Pantoulou Diarra yatandukanye n’abakinnyi batandatu: Taddeo Lwanga, Ismail Nshimirimana(Pitchou), Victor Mbaoma Chukwuemeka, Kwitonda Alain Bacca, Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka ‘Nzotanga’ ndetse na Pavelh Ndzila. Iyi kipe iri muzikomeye ku mugabane wa Afurika cyane ko ifite ibikombe bine bya CAF Champions League ndetse n’ibikombe…

Read More

Icyo amategeko n’amabwiriza bya CAF bivuga ku birego Guinea ishinja Tanzania

Ikipe y’igihugu ya Tanzania bakunze kwita (Taifa stars) irashinjwa na Guinea kuba yarakinishije umukinnyi ufite nimero itandukanye n’iri ku rupapuro rw’umukino, ibintu bihanwa n’amategeko y’umukino mu marushanwa ya CAF. Mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika uherutse kuba ubwo iki gihugu cyatsindaga silly national ya Guinea ndetse bigahita byemezwa ko Tanzania ariyo ibonye itike nyuma…

Read More

Tariki ya 16 /ugushyingo mu mateka : Hashinzwe Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco, UNESCO

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi 2000: Bwa mbere nyuma y’intambara yahuje Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Vietnam, Perezida Bill Clinton yabaye uwa mbere wa USA wongeye gukandagiza ikirenge cye ku butaka bwa Vietnam. 1973: Richard Nixon wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyize umukono ku masezerano yiswe Trans-Alaska Pipeline Authorization…

Read More

Mucyo Didier Junior muri Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Mandela National Stadium izakira mikino ibiri ya Uganda cranes, Basketball Africa League(BAL)

Rayon Sports, Myugariro wo ku ruhande rw’iburyo wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, Mucyo Junior Didier agiye kujya mu igeragezwa mu ikipe ya Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, agomba gukora igeragezwa ry’iminsi 30.(#Isimbi) Rayon Sports, Nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko nubwo ari mu biganiro n’iyi…

Read More

DRC: Igihano cy’urupfu gikomeje gufata indi ntera cyane mu gisirikare n’abandi bayobozi.

Umuryango w’Abibumbye ishami rishinzwe kurengera uburenganzira bwa muntu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko kuva muri Werurwe kugeza muri Kanama uyu mwaka wa 2024, abantu bagera kuri 90 bakatiwe n’inkiko igihano cy’urupfu. Muri Werurwe ni bwo Leta ya Congo ibisabwe na Perezida FĂ©lix Tshisekedi yatangaje ko yasubukuye ishyirwa mu bikorwa ry’igihano cy’urupfu, igaragaza…

Read More

Rayon sports inyagiye Kiyovu sports bibi cyane ndetse inakuraho amateka mabi yari ifite imbere y’iyi kipe !

Ikipe ya Rayon Sports imaze kunyagira mukeba wayo kiyovu sports ibitego bine ku ubusa mu mukino w’umunsi wa munani wa Shampiyona waberaga kuri kuri Kigali PelĂ© Stadium . Mbere yuko aba bakeba bacakirana Amanota umunani ni yo yari ikinyuranyo cy’amakipe yombi dore ko Kiyovu Sports yari ku mwanya wa nyuma n’amanota atatu mu mikino itandatu,…

Read More

Mucyo Antha yatangaje ko atazongera gukora itangazamakuru ukundi !

Umunyamakuru w’imikino witwa Mucyo Anta Biganiro yatangarije ikinyamakuru cya Radio 10 yakoreraga ko ahagaritse umwuga w’intangazamakuru, yemeza ko kuri ubu atazongera kugaragara mu bikorwa byose by’itangazamakuru Uyu mugabo urimo kubarizwa muri South Africa yemereye iyi radio ko ari mu nzira zerekeza muri America . Antha yaretse gukora kuri iki gitangazamakuru nyuma y’ibyo yari amaze iminsi…

Read More

Burera : impagarara zafashe indi ntera nyuma yuko umubyeyi yitiriye umwana we ’Vladimir Putin’

Umugabo utuye mu Karere ka Burera yibarutse amwita izina rya Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin hanyuma abaganga bihita baryaga biteza imvururu kugeza aho hiyambarijwe inzego zitandukanye harimo n’urwego rw’akarere gusa biza kurangira iri ryanditswe ku mwana . Uyu mugabo witwa Telesphore  Munyembabazi usanzwe utuye mu  Akagari ka Nyamabuye ,Umurenge wa Kagogo ho mu Karere ka…

Read More

Vital Kamerhe yerekanye ikarita rukumbi Africa isigaje gucanga ikayigeza ku mahoro arambye

Umunyapolitike wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo , Vital Kamerhe yatangaje ko umugabane w’Afurika utazigera wigobotora ikibazo cy’inzara mu gihe bimwe mu bihugu biwugize nka Mali , DRC ,Burikna Faso na Niger aho kureba ingamba byafata kugirango biyihashye byo bikomeza kuguma mu ntambara ahanini ishingiye ku nyungu za bamwe . Ibi uyu munyapolitike akaba…

Read More