Paper Talk:Transfer ya mbere ya Liverpool, Barcelona Kuri Joao Felix, Mason Greenwood

Ama ekipe menshi yo muri  Saudi Pro League muri Saudi Arabia harimo  Al Nassr, Al Ahli na Al Qasidiya, zi komeje gukurikirana umugabo w’Imyaka 32-Brazil ukina hagati mu kibuga yu garira (Defensive Midfielder) Carlos Henrique Casimiro, ukinira ekipe ya Manchester United  mu gihugu cy’Ubwongereza muri iyi mpeshyi ya 2024 kugirango aza mutware. (#Goal – in…

Read More

Ish kevin yahaye gasopo anakurira agahuru ku nzira Moses Turahirwa

Umuhanzi Ish Kevin amaze guha gasopo na nyirantarengwa Moses nyiri Moshion kutazongera kuzana izina rye mu ngeso ndetse n\’ibiganiro byerekeye ubitinganyi nyuma yuko uyu Moses avize ko umuntu yifuza kuzamarana igihe cy\’ubuzima bwose asigaje ari uyu muhanzi ish kevin. Semana Kevin Ishimwe wamenyekanye ku mazina yubuhanzi nka ish kevin yongeye kwikoma ndetse anihanangiriza Turahirwa Moses…

Read More

iby\’ingenzi wamenya ku 100 zikunzwe mu rw\’imisozi igihumbi [Rwanda music billboard]

Inama y\’ubwanditsi bw \’ikinyamakuru Daily BOX bufatanyije ni inzobere zigiye zitandukanye mu ruganda rw\’imyidagaduro hano iwacu m\’u Rwanda ndetse no mukarere ka Afurika y\’uburasirazuba bwaricaye butegura imbonerahamwe ngaruka kwezi izajya yibanda ku ndirimbo ijana zakunzwe hano mu gihugu .[RWANDA MUSIC BILLBOARD Hot 100+]. RWANDA MUSIC BILLBOAD ni urutonde ngaruka kwezi rw\’indirimbo ijana zikunzwe za abahanzi…

Read More

Paper Talk:Onana,Ojera muri Rayon Sports,Umukinnyi w\’a Mavubi muri Champions League,Samuel Eto\’o Fils

Umunyezamu w’Amavubi Maxime Wenssens agiye gukora amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere ukinnye irushanwa rya UEFA Champions League, rihuza amakipe yabaye aya mbere mu bihugu byayo ku mugabane w’i Burayi.Uyu munyezamu yabigezeho nyuma yaho ikipe ya Union Saint-Gilloise isoje imikino ya shampiyona( Regular season) iyoboye ku manota 70.(#Kigali To Day) Ikipe ya Patriots BBC iri…

Read More

Arsenal yandagajwe na chelsea,Sir Bobby Charlton,juventus itwara UCL…uyu munsi taliki 29/gicurasi mu mateka mu isi ya siporo

Uyu munsi ni ku wa gatatu, 29 Gicurasi, umunsi wa 150 wa 2024. Hasigaye iminsi 216 mu mwaka. Uyu ni umunsi wo kwibuka. Ibihe by\’ingenzi byaranze uyu munsi mu isi ya siporo: 1922 Urukiko rw\’Ikirenga rwo muri Amerika rwemeje ko umukino wa baseball ko ari siporo ntabwo ari ubucuruzi bityo ntibigengwa n\’amategeko abuza kwishyiriraho ibiciro….

Read More

Urupfu rwa Manuel Noriega ,cuba ,umubano wa amerika na abasoviyete…., uyu munsi mu mateka taliki ya 29 / Gicurasi

Uyu munsi ni ku wa gatatu, 29 Gicurasi, umunsi wa 150 wa 2024. Hasigaye iminsi 216 mu mwaka. Uyu ni umunsi wo kwibuka. ibihe by\’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka: Ku ya 29 Gicurasi 1988, Perezida Ronald Reagan wa Amerika yahuriye n\’umuyobozi w\’leta zunze ubumwe z\’Abasoviyeti Mikhail S. Gorbachev mu inama yabo yamateka i Moscou….

Read More

Ese Israel ntiyaba iri gukorera jenoside abaturage muri Rafah isi irebera?

Kuri uyu wa kabiri,  Isiraheli yagabye igitero ku nkambi y’ihema mu gace k’impunzi mu burengerazuba bwa Rafah yahitanye nibura abantu 21, nk\’uko abashinzwe ubuzima muri Gaza babitangaje binyuze kuri Mohammad al-Mughayyir, umuyobozi mukuru mu kigo gishinzwe kurengera uburenganzira bwa baturage muri kariya gace ka Rafah , yavuze ko abantu abarenga 21 baguye muri ibi bitero”….

Read More

Ni iki U bubiligi bwa Kevin De Brune buhatse muri EURO 2024 budafite Courtois ariko bwagaruye witsel ?

Umukinnyi wo hagati wa Manchester City, Kevin De Bruyne, azayobora ikipe y’Ububiligi yasubiwemo harimo na Alex Witsel wigeze gusezera muri Shampiyona y’Uburayi ukwezi gutaha. Kuri uyu wa kabiri, De Bruyne na Witsel baje ku rutonde rw\’abakinnyi 25 bashyizwe ahagaragara n\’umutoza Domenico Tedesco. Umunyezamu wa Real Madrid, Thibaut Courtois, witegura umukino wa nyuma wa Champions League….

Read More

Chelsea,Manchester United na Brighton mu ntambara z’Abatoza! liverpool kuri rutayizamu n’Umuzamu mu shya, Everton mu nzira zo Kugurishwa[paper talk Europe]

Manchester United ya vuganye n’uwahoze ari umutoza wa  Brighton ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani Roberto de Zerbi haramahirwe y’Uko ariwe ushobora gusimbura umutoza w’Umuhorandi  Erik ten Hag nyuma yuko hari ibihuha byinshi ko ashobora kwirukanwa. (#Guardian) Ariko na none Manchester United ira natekereza ku mugumana . (#Manchester Evening News) Ipswich Town iherutse kuzamuka mu kicyiciro cya mbere…

Read More

Mucyo Didier Junior muri Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Mandela National Stadium izakira mikino ibiri ya Uganda cranes, Basketball Africa League(BAL)

Rayon Sports, Myugariro wo ku ruhande rw’iburyo wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, Mucyo Junior Didier agiye kujya mu igeragezwa mu ikipe ya Al Jazira muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, agomba gukora igeragezwa ry’iminsi 30.(#Isimbi) Rayon Sports, Nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko nubwo ari mu biganiro n’iyi…

Read More