EuropeHomePaper Talk

Chelsea,Manchester United na Brighton mu ntambara z’Abatoza! liverpool kuri rutayizamu n’Umuzamu mu shya, Everton mu nzira zo Kugurishwa[paper talk Europe]

\"\"

Manchester United ya vuganye n’uwahoze ari umutoza wa  Brighton ukomoka mu gihugu cy’Ubutaliyani Roberto de Zerbi haramahirwe y’Uko ariwe ushobora gusimbura umutoza w’Umuhorandi  Erik ten Hag nyuma yuko hari ibihuha byinshi ko ashobora kwirukanwa. (#Guardian)

Ariko na none Manchester United ira natekereza ku mugumana . (#Manchester Evening News)

Ipswich Town iherutse kuzamuka mu kicyiciro cya mbere I kurikiye Leicester city umutoza wayo      Kieran McKenna aritegura gusinya amasezerano y’Igihe kirekire  dore ko hari ama ekipe yo mu gihugu cy’Ubwongere akomeje kumwifuza harimo Chelsea, Manchester  United ndetse na Brighton(#Athletic – subscription required)

Paris St-Germain y’Iteguye guhangana nama ekipe arimo Manchester City na  Arsenal mu gusinyisha umunya Brazil w’Imyaka,26 wa ekipe ya Newcastle  United Bruno Guimaraes, ushobora gutangwa ho byibuze £100m. (#Goal)

Uwahoze ari umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu ya bongereza  Adam Lallana, 36, akaba akina hagati mu kibuga  ari mu biganiro ana ekipe ya Southampton iherutse kugaruka mu kiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza(premier league)  mu gihe amasezerano ye aza rangira mu kwezi gutaha kwa kamena, 2024 muri ekipe ya   Brighton . (#Telegraph – subscription required)

Chelsea  y’Iteguye guhangana na ekipe ya  Newcastle united mu gutwara myugariro wa ekipe ya Fulham  Tosin Adarabioyo, 26, uza soza amasezerano ye muri iyi ekipe mu kwezi gutaha kwa kamena,2024. (#The i)

Leicester city ifite intego zibanze zo kuzatwara umutoza wa West Brom Carlos Corberan kugirango asimbure uwari umutoza wabo Enzo Maresca ufite amahirwe menshi yo kwerekeza muri  Chelsea gusimbura Moricio Pochettino. (#Talksport)

Newcastle united iratekereza gutanga agera £20m ku musore wa ekipe ya  Burnley, 21-ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akaba yara na kiniye abato bayo (Under-21 ) James Trafford. (#Mail)

Ariko na none Liverpool  nayo irifuza uyu mu zamu James Trafford, mu gihe umuzamu wayo wa kabiri ukomoka mu gihugu cya Republic ya Ireland Caoimhin Kelleher, 25 afite amahirwe menshi yo    gusohoka  . (Football Insider)

Manchester United irateganya kugurisha myugariro wayo wo hagati mu kibuga Casemiro ,32-Brazil mu ma ekipe yo muri shampiyona ya Saudi Arabia (Saudi Pro League ) muri iyi mpeshyi  n’ubwo ishobora kuzahomba. (#Football Insider)

Aston Villa ntago y’Ifuza ku gumana umusore  wa  Fc Barcelona ukina mu mutima wa bamyugariro ( centre-back) Clement Lenglet, 28.uyu mu faransa asoje amasezerano y’Intizanyo y’Igihe kirekire muri iyi ekipe. (#Mundo Deportivo – in Spanish)

Liverpool na Chelsea  ziri mu ma ekipe ya Premier League y’Ifuza gutwara umusore wa Leeds United, 22-Dutch Crysencio Summerville wa tsinze ibitego 20 mu mwaka w’Imikino wa 2023/2024. (#Mirror)

John Textor uri mu bafite  ekipe ya Crystal Palace ya teye intambwe yerekeza imbere yo kugura ekipe ya Everton nyuma y’uko itsinda rya ba shoramari rya ba nyamerika 777 partners ba na niwe gutwara iyi ekipe n’ubwo farhad Moshir usanzwe uyi fite we yemeraga kuyigurisha. (Sky Sports)

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *