Kigali : U Rwanda rwashyikirije Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, inyubako izakoreramo Icyicaro Gikuru cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Leta y’u Rwanda yashyikirije Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, inyubako izakoreramo Icyicaro Gikuru cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti, African Medicines Agency (AMA). Ni inyubako y’amagorofa umunani iherereye mu Mujyi wa Kigali izajya ikoreramo Icyicaro Gikuru cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti, African Medicines Agency (AMA) yatashywe ku mugaragaro n’abarimo minisitiri w’ubuzima…

Read More

Champions League: Ibyo wamenya ku mukino ugiye guhuza Liverpool na Real Madrid

Ku munsi wa Gatanu wa UEFA Champions League ikipe ya Liverpool y’umutoza Arne Slot igihe kwakira Real Madrid kuri Anfield ibura inkingi z’amwamba zirimo n’Umunya-Brazil Vinicius Junior, ukaba umukino uteganyijwe mu masaha make ari imbere ku isaha y’isayine z’umugoroba (22:00 PM). Ikipe ya Liverpool kuva uyu mwaka wa Champions League watangira ntiratakaza umukino numwe aho…

Read More

Premier League : Hashyizwe hanze abakinnyi n’abatoza bahatanira ibihembo by’Ugushyingo

Abakinnyi umunani baturutse mu makipe atandatu atandukanye nibo bashyizwe ku rutonde rw’abahatana, ni mu gihe kandi bishoboka cyane ko iki gihembo cyakwegukanwa n’umukinnyi mushya ku nshuro ya kane muri uyu mwaka w’imikino nyuma y’aho Chris Wood wa Nottingham forest atagaragaye ku rutonde. Nuno Espirito Santo utoza Nottingham forest nawe ntiyagaragaye ku rutonde nyuma yo kwegukana…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY : Arnold Schwarzenegger wakinaga umukino wo guterura ibiremereye yabaye umunyamerika

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi tariki muri siporo 1892 club yo koga ya Amsterdam yiswe “The Y”. 1906 Kaarlo Nieminen yatsinze marato ya 1 yo muri Finlande. 1938 Umushoferi wo gusiganwa mu Bwongereza George Eyston yashyizeho amateka yo gukoresha umuvuduko w’imodoka mwinshi ku isi [357.5 MPH]. 1979 Ryder Cup Golf, The Greenbrier: Amerika yatsinze,…

Read More

Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wayo wungirije

Goverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Goverinoma y’u Rwanda, witabye Imana kuri uyu wa Gatanu wa tariki 04 Mata 2025, azize guhagarara k’umutima. Goverino y’u Rwanda Kandi yatangaje ko yitabiye Imana mu bitaro Byitiriwe Umwami Faisal(KFH), iboneraho no kwihanganisha umuryango we, inshuti ze, ndetse n’abagize amahirwe yo gukorana nawe….

Read More

BOBI WINE yashubijwe i Kampala ikubagaho.

Kuri uyu wa gatatu igipolisi cya Uganda cyateye ibyotsi byiryana mu maso bizwi nka tear gas mu muhanda wacagamo imodoka zari zitwaye Robert Kyagulanyi uzwi nka BOBI Wine utavuga rumwe n\’ubutegetsi buriho mu gihugu cya Uganda ubwo yararimo yinjira mu karere ka KAMULI ;aho byari biteganijwe kuza guhura n\’abarwanashyaka bashyigikiye uyu muhanzi mu rwego rwo…

Read More

Paper Talk: Kylian Mbappé yageze muri Real Madrid, Alisson Becker muri Saudi Pro-League! Jadon Sancho ntasha Manchester United

Kylian Mbappé, 25 yamaze gutangazwa nkumukinnyi mushya w’ikipe ya Real Madrid ndetse ngo yahawe imasezerano y’imyaka itanu afite agaciro ka €15m (£12.8m) kumwaka ukuyemo imisoro ndetse azahabwa akayabo karenga  £85m za bonasi zo gusinyira Real Madrid.(#SKYSports) Umusore w’Ikipe ya Liverpool  ukomoka mu gihugu cya Brazil  Alisson Becker, 31, arifuzwa n’isinzi ry’amakipe  yo muri Saudi Pro…

Read More

abarenga 25 baguye mu bitero bya Isiraheli kuri Gaza

Umuryango, w’abana batandatu, wishwe mu karere ka Gaza rwagati ,uyu muryango waburiye ubuzima mu bitero simusiga biheruka kugabwa na Isiraheli ku butaka bwa Palesitine. Ku cyumweru, Minisiteri y’ubuzima ya Gaza yavuze ko byibuze Abanyapalestine 25 bishwe mu masaha 24 ashize, ubuyobozi bw’ibitaro byabahowe bya Al-Aqsa byavuze ko ababyeyi n’abana babo batandatu biciwe i Deir el-Balah…

Read More

USA yategetse bamwe mu bakozi bayo kuva muri Sudan Y’epfo

Leta zunze ubumwe z’Amerika yategetse abakozi bayo bakoraga muri serivisi n’mirimo itari iyo gutabara imbabare muri Sudan Y’epfo kuhava kubera icyuka cy’intamabara gikomeje gututumba muri iki gihugu . Ku munsi wejo nibwo Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Amerika yavuze ko imirwano ikomeye igiye kongera kubura umurego muri iki gihugu hagati y’impande zihanganye ndetse ko hari n’amakuru…

Read More

Ibiciro ku masoko y’u Rwanda byongeye kuzamuka

Ikigo cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, National Institute of Statistics of Rwanda(NISR), cyagaraje ko ibiciro ku masoko y’u Rwanda bikomeje kuzamuka Kandi mu bintu bitandukanye birimo ibyo kurya , ibinyobwa bidasembuye, iby’ingufu nka gazi , amaresitora ndetse n’iby’ingendo. Ibi bikubiye muri raporo y’iki kigo igaragaza ihindagurika ry’ibiciro ku masoko y’u Rwanda, ndetse n’itakaza gaciro k’ifaranga ry’u Rwanda…

Read More