PaperTalk[Rwanda&Africa]:Rayon Sports ya ryohewe n’isoko ry’Iburundi! APR FC Y’umvikanye n’umuzamu mushya, Aliou Cisse wa Senegal aciye agahigo

Aliou Cisse umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal  yongeye  guca agahigo mu mwuga we w’ubutoza aho y’ujuje imikino 100 arumutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal, uy’u mutoza iy’imikino ya y’ujuje ku mukino ikipe y’igihugu ya Senegal ya nganyejemo na  DR Congo.(#AOL) Al Ahly SC  yo mu gihugu cya Misiri yaje kumwanya wa 18 ku rwego rw’isi mu…

Read More

Abanyarwanda batareba, Benin ishyize akadomo kudatsindwa kwa  Frank Spittler Torsten

Ikipe y’Igihugu y’Urwanda “ Amavubi “ ntiya hiriwe n’urugendo mu mukino wa gatatu w’itsinda wo gushaka tike y’igikombe cy’isi cya 2024 aho yatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Benin 1-0 mu mukino w’ishiraniro wa bereye kuri sitade y’itiriwe  Félix Houphouët-Boigny mu gihugu cya Côte d\’Ivoire. N’umukino wa giye kuba ikipe y’igihugu y’Urwanda iyoboye  itsinda rya  gatatu  nyuma…

Read More

Batatu ni bo bonyine bemerewe byagateganyo kwiyamamaza ku mwanya wa perezida

Kuri uyu wa kane komisiyo y\’igihugu y\’amatora [NEC] yatangaje urutonde rwa agateganyo rwa abakandida bemerewe kwiyamamariza amatora yo ku mwanya w\’umukuru w\’igihugu ndetse n\’aya abadepite ateganijwe kuba hagati ya taliki 14-16/nyakanga /2024. Komiseri mukuru wa Komisiyo y\’igihugu y\’amatora Hon. Oda Gasinzigwa yatangaje ko abakandinda batatu bonyine aribo bujuje ibisabwa aribo: Kurundi ruhande ,uyu muyobozi yanakomeje…

Read More

Abarenga 40 baburiye ubuzima mu gitero cya Israel ku ishuri rya U.N riherereye mu gace ka GAZA

Ku wa kane, indege kabuhariwe z\’intambara zo muri Isiraheli zagabye igitero ku ishuri ry\’umuryango w\’abibumbye riri hagati muri Gaza gihitana byibuze abantu 30, nk\’uko byatangajwe n\’umuyobozi wo mu bitaro byegereye ako gace. Abayobozi b\’inzego z\’ibanze bavuga ko iki igitero cy\’indege cya Isiraheli cyagabwe ku ishuri riyobowe n\’umuryango w\’abibumbye ryacumbikiraga Abanyapalestine bimuwe mu nkambi ya Nuseirat…

Read More

Paper Talk[Europe]: Arsenal umukinnyi yari kuvanamo amafaranga byanze! icyemezo cya Manchester City kuri Pep Guardiola

Atletico Madrid nyuma yo gutunga abanya Argentina benshi barimo Angel Correa, Rodrigo de Paul Nahuel Molina  na bandi  irashaka n’undi munya Argentina w’imyaka 24  wa  Manchester City  Julian Alvarez nyuma yo kubura umwanya uhagije wo gukinga kubera Erling Braut Haaland. (#Marca – in Spanish) Gusa n’anone Paris St-Germain irifuza  Alvarez. (#Fabrizio Romano) Manchester United yamaze kwiyunga kuri Liverpool mu gushaka…

Read More

Manchester city yasinyishije Fernandinho,ubufaransa bwasezerewe na Urguay,FC Barcelona… uyu munsi mu mateka mu isi ya siporo ,taliki ya 6/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 6/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 158 mu igize umwaka, hasigaye 207 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka ya siporo; 1965 inter de milan yatwaye igikombe cya shampiyona ya abataliyani cyayo cya cyenda mu mateka. 1978 icyahoze ari ubudage bw\’iburengerazuba bwatwaye igikombe buhigitse Mexico ibitego 6-0….

Read More

Joseph Bonaparte yambitswe ikamba,Andrew Jackson, Adolf Hitler…..uyu munsi mu mateka taliki ya 6/kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 6/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 158 mu igize umwaka, hasigaye 207 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1808: Umuvandimwe wa Napoléon Bonaparte, witwa Joseph Bonaparte yambitswe ikamba ryo kuba Umwami wa Espagne. 1833: Andrew Jackson yabaye Perezida wa mbere wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika wagendeye muri…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Young Africans iteye ikirenge mu cya Rayon Sports na Kiyovu Sports, Rayon Sports ibiyibayeho bitumye itangira Transfer zayo kumugaragaro!

Umunya Malawi Peter Banda w’Imyaka 23 usoje amasezerano ye muri Simba SC yo muri Tanzania yamaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Red Arrows yo muri Zambia bisobanuye ko azageza muri 2026 ari umukinnyi  w’iyi kipe .(#Zamfoot) Abakunzi b’umupira w’amaguru muri Cameroun bandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA barisaba ko ryahagarika ikipe y’igihugu yabo ’Lions…

Read More

Transfert i Nyarugenge ziriguca ibintu; Rayon sports na Police fc ku isoko

Nyuma yo gusinyina amasezerano amasezerano na sosiyete ishinzwe gushakira abakinnyi amakipe ikomoka muri senegal ikipe ya Rayon sports ifatanije n\’iyi sosiyete irufuza kumanura intwaro zizayifasha kwiyubaka ndeste no gusibanganya ibihanga bya bamwe mu bakinnyi bagiye batandukana yaba hagati muri uyu mwaka w\’imikino ushize [Luvumbu Hertier, Rwatubyaye Abdul ..] ndetse na nyuma yuko uyu mwaka urangiye…

Read More

Uburusiya Bugiye kwimurira intwaro zabwo hafi y\’Uburayi na Amerika, Putin yabitewe n\’iki?

Perezida w\’Uburusiya Vladimir Putin hashize amasaha ane yemereye isi ko nawe ntakibazo nagito afite cyo kohereza ibitwaro birasa mu ntera ndende ku myisho y\’Uburengerazuba bw\’Isi. Nyuma y\’inama Ngaruka mwaka y\’ihuriro ryiga ku bukungu i St.petersburg,Bwana Putin Yagiranye ikiganiro n\’abanyamakuru maze atangaza ibisubizo n\’imigambi ijyanye no kuba Leta Zunze Ubumwe Za Amerika zaremereye Ukraine gukoresha intwaro…

Read More