MINADEF yahakanye ibirego byo gufata abagore ku ngufu bishinjwa ingabo z’u Rwanda ziherereye muri Centrafrique

Ubuyobozi bwa minisiteri y’ingabo z’ u Rwanda bwahakanye ibirego bishinjwa ingabo z’u Rwanda ziherereye mu gihugu cya Centrafrique byerekeye gufata ku ngufu abana ba abakobwa ndetse n’abagore ndetse iyi minisiteri yongera kwibutsa ko ingabo z’u Rwanda zirangwa n’ikinyabupfura n’ubunyamwuga mu byo zikora byose . Ibi iyi minisiteri y’ingabo ibitangaje nyuma y’inkuru y’ikinyamakuru The New Humanitarian …

Read More

Ubuyobozi bwa Barcelone bwashyize umucyo ku biri kuvugwa hagati yayo na Neymar

Umuyobozi ushinzwe ibijyanye na siporo mu ikipe ya Barcelona, Anderson Luis de Souza “Deco”, yatanze uruvangitirane rw’ibisubizo ubwo yari abajijwe ku ngano y’amahirwe ikipe ye ifite, mu kongera kwiyunga na Neymar. Neymar w’amacenga menshi, amaze iminsi asubiye gukina iwabo mu gihugu cya Brazil,mu ikipe ya Santos dore ko ari nayo yamuzamuye kubmvs akiri muto, ndetse…

Read More

Ibya Mohamed Salah bikomeje kuyoberana,Liverpool yaryumyeho ntacyo ishaka kuvuga

Umunya-Misiri Mohamed Salah akomeje kwemeza ko azasohoka mu ikipe ya Liverpool uyu mwaka w’imikino n’urangira, yabitangaje nyuma y’umukino Liverpool yatsinzemo Manchester City ibitego bibiri ku busa (2-0) mu mpera z’icyumweru gishize. Uyu rutahizamu uri mu bakomeye ukomoka ku mugabane w’Afurika afite amasezerano mu ikipe ya Liverpool azangirana na tariki 30 Kamena 2025, gusa kugeza ubu…

Read More

Umubyeyi wa Bushali yaraye yitabye imana

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Mutarama 2025 , umuhanzi Bushali  umwe mu bagezweho cyane mu rubyiruko mu Rwanda muri iyi minsi yatangiye ibihe by’akababaro gakomeye ko kubura mama we waraye witabye Imana azize impamvu z’uburwayi . Hagenimana Jean Paul  wamenyekanye  muri muzika nka Bushali, abicishije mu butumwa yashyize ku rukuta rwe…

Read More

Umutoza wa Bayern Munich Vincent Kompany yagize icyo avuga ku ntambara iri muri Congo

Umutoza w’ikipe ya Bayern Munich Vincent Kompany yasabye ko abakuwe mu byabo n’intambara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko bagarurwa mu byabo ndetse amahoro akagarurwa. Uyu mutoza uri gutoza ikipe ya Bayern Munich kuva uyu mwaka w’imikino watangira, akomoka muri Congo kuko ibisekuru bye bimwe bikomoka mu gace ka Bukavu ndetse kakaba…

Read More

Nyanza : Abantu 19 bafatiwe muri Operasiyo yibanda kurwanya urugomo

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyanza yatangaje ko mu rukerera rwo ku wa Kane, tariki ya 5 Ukuboza 2024, yakoze operasiyo ikomeye yo guhiga no gufata abantu bakomeje guhungabanya umutekano mu karere, bitewe n’ibikorwa by’urugomo byari bimaze iminsi bihungabanya abaturage.  Iyi operasiyo, yakozwe ku bufatanye n’inzego z’ibanze, yasize hafashwe abantu 19, barimo abagabo…

Read More

Inzira ya Luanda: DRC n’u Rwanda barongera guhura ku ya 9 na 10 Nzeri kugira ngo baganire ku masezerano y’amahoro

ku itariki ya 9 na 10 Nzeri , intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda zizongera guhurira ku meza y’ibiganiro i Luanda hamwe abunzi ba Angola, kugira ngo baganire ku masezerano y’amahoro ku ntambara ibera mu burasirazuba bwa DRC. Nk’uko bigaragara mu itangazo rya nyuma ry’inama ya gatatu y’abaminisitiri yashojwe ku wa kane,…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:APR FC ishobora gukora impinduka muri 11 kuri Pyramids, inama ya CAF irateranira muri Kenya nk’uko byemejwe!

Umunya-Morocco Adil Hala yagizwe perezida mushya w’ikipe ya Raja Club Athletic yo mu gihugu cya Morocca iyi kipe iri mu zikomeye  k’umugabane  w’Afurika  ikaba ifite ibikombe bitatu bya CAF champions League ndetse na  bibiri bya Confederations Cup.(#Mickyjr) Komite nyobozi  y’Impuzamashyirahamwe  y’Umupira  w’Amaguru  k’umugabane w’Afurika iri gutegura inama izaba tariki ya 16 Nzeri 2024  ikabera  mu…

Read More

Paper Talk: Kylian Mbappé yageze muri Real Madrid, Alisson Becker muri Saudi Pro-League! Jadon Sancho ntasha Manchester United

Kylian Mbappé, 25 yamaze gutangazwa nkumukinnyi mushya w’ikipe ya Real Madrid ndetse ngo yahawe imasezerano y’imyaka itanu afite agaciro ka €15m (£12.8m) kumwaka ukuyemo imisoro ndetse azahabwa akayabo karenga  £85m za bonasi zo gusinyira Real Madrid.(#SKYSports) Umusore w’Ikipe ya Liverpool  ukomoka mu gihugu cya Brazil  Alisson Becker, 31, arifuzwa n’isinzi ry’amakipe  yo muri Saudi Pro…

Read More