Paper Talk[Rwanda&Africa]: Samuel Eto’o Fils  na CAF hasi hejuru agomba kwishyura $200K , Mugiraneza Jean Baptiste (Migi) impamvu itangaje yavuye muri Musanze!

Nyuma  yo  gutandukana  n’Ikipe ya  Petro Luanda yomu gihugu cya Angola  Alexandre Santos yamaze gusesekara mu gihugu cya Tunisia aho  agiye gutangira imirimoye  nk’Umutoza mushya wa  CS Sfaxien yo muri iki gihugu, uy’u mutoza akaba akomoka mu gihugu cya Portugal  afite imyaka 47.(#MickyJr) Akanama kimyitwarire  mu mpuzamashyirahamwe  y’Umupira wa maguru muri Africa “ CAF” ariko…

Read More

BREAKING NEWS : Rayon sports imaze gusinyisha myugariro Oumar Gnign ukomoka muri senegal

Ikipe ya Rayon sports imaze gusinyisha myugariro witwa Oumar Gnign ukomoka mu gihugu cya Senegal wakiniraga ikipe yitwa As Pikine akaba afite imyaka makumyabiri n’itatu akaba ayisinyiye amasezerano y’imyaka ibiri ku kayabo ka milyoni 22 z’amafaranga y’u Rwanda. Mu kanya gashize nibwo amakuru agiye ahagaragara ko uwitwa Oumar Gnign ukomoka mu gihugu cya senegal amaze…

Read More

UBWONGEREZA :Rodney Starmer udakozwa ibyi imikoranire y’u Rwanda n’iki gihugu ku bijyane n’abimukira n’iwe ugiye kuyobora iki gihugu

i Ishyaka ry’Abakozi mu Bwongereza ryatsinze amatora rusange y’Abagize Inteko Ishinga Amategeko, bihita binatuma Sir Keir Rodney Starmer uriyoboye, ahita asimbura Rishi Sunak ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe. Uyu Starme watsinze amatora yigeze kuvuga ko natorwa azasesa amasezerano u Bwongereza bufitanye n’u Rwanda ijyanye n’abimukira. Ni intsinzi yahise ishyira akadomo ku myaka 14 ishyaka ry’aba-Conservateurs…

Read More

ISRAEL : nyuma yo kugabwaho ibitero rutura na Hezbollah ;Netanyahu yatangaje ukwihorera kweruye kuri uyu mutwe

Umutwe wo Hezbollah wo muri Libani waraye urekuriye mu gihugu cya Israel ibisasu n’indege zitagira abapilote (drone) 200 byose hamwe, mu guhorera urupfu rw’umwe mu ngabo nkuru zawo. Igisirikare cya Israel kivuga ko umwe mu basirikare bawo bishwe muri iki gihugu gusa ariko gikomeza kivuga ko hari umusirikare ukomeye nabo batakaje, ariyo mpamvu ngo igiye…

Read More

TODAY IN HISTORY : taliki ya 5/Nyakanga ,Arsenal FC yaciye agahigo ku isoko ry’igura n’igurisha naho Dejan Lovren abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatanu /Nyakanga ni umunsi w’187 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 179 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 2003 Umupiloti w’indege w’umufaransa Sébastien Bourdais yatsindiye irushanwa rya Champ Car ryabereye ku yikibuga cyindege cya Burke…

Read More

TODAY IN HISTORY : [taliki ya 5/Nyakanga], General Major Juvénal Habyarimana yahiritse ku butegetsi Grégoire Kayibanda naho Shane Filan umwe mu bagize westlife abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatanu /Nyakanga ni umunsi w’187 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 179 kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka : 1295: U Bufaransa na Ecosse byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rwo kurwanya u Bwongereza. 1687: Isaac Newton yashyize ahagaragara inyandiko…

Read More

PREMIER LEAGUE : nyuma ya byinshi byavuzwe manchester united yongereye Tenhag amasezerano

Mu kanya gashize Ikipe ya Manchester united imaze kongerera umutoza wayo Eric Tenhag amasezerano y’umwaka umwe azamugeza muri 2026 ,nyuma yo kwitwara neza mu mpera z’umwaka ushize agatwara igikombe cya Fa Cup atsinze Manchester city. Ikipe ya Manchester United yatumye umwaka umwe wongerwa mu masezerano ya Erik icumi Hag yo kumugumana muri iyi kipe kugeza…

Read More

Nigeria yongeye kugabizwa u Rwanda! ukotomora isize “Amavubi” mu rugamba rwo kwerekeza mu gikombe cy’Africa muri Morocco 2025

Ikipe y’Igihugu yu Rwanda “ Amavubi” y’isanze mu itsinda rya kane mugushaka tike y’Igikombe cya Africa kizabera mu gihugu cya Morocco mu mwaka wa 2025 , tombora yabereye  I Johannesburg, muri South Africa ku gicamunsi cyo kuri uyu wa  kane taliki ya 07 Nyakanga 2024. U Rwanda ruheruka mu gikombe cya Africa mu mwaka wa…

Read More

CAMEROUN : umukobwa wa perezida ashobora kuba ari umutinganyi

Umukobwa w’umukuru w’igihugu Cameroun yasohoye amafoto asomana n’uwundi mugore, ibi byatumye abatari bake bacika ururondogoro mu gihe ibikorwa by’abahuje ibitsina muri iki gihugu bihanwa n’amategeko. Ubu ni ubutumwa yacishije ku rubuga rwe rwa Instagram bwerekana Brenda Biya w’imyaka 26 arigusomana n’umunyamiderikazi wo muri Brezili Layyons Valença. Brenda Biya yanditse ati: “Naragupfiriye kandi ndashaka ko isi…

Read More

H.E Paul Kagame: iyo hagize utuzanaho urugomo n’ubushotoranyi, duhagurukira kwirwanaho

Kuri uyu wa 04/07/2024,u Rwanda,abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bizihije umunsi mukuru w’imyaka 30 ishize u Rwanda rwibohoye ingoma y’amacakubiri,ivangura,akarengane n’ibindi byakandamizaga abanyarwanda. Uyu munsi Kandi nibwo abanyarwanda bibuka Ingabo za FPR Inkotanyi zahoze Ari iza RPA zabohoye u Rwanda zikanahagarika Genocide yakorewe abatusi mu 1994.Ku itariki ya 04/07/1994,nibwo ingabo za FPR Inkotanyi,zabohoye u Rwanda,urugamba zari…

Read More