Nigeria : abanyeshuri 22 bahirimiwe n’ishuri bahita bapfa

Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko abana 22 bapfuye abandi barenga 130 barakomereka nyuma y’inyubako y’ishuri yasenyutse muri Nijeriya yo muri leta ya Plateau rwagati. ishuri rya Saint Academy riherereye mu murwa mukuru wa leta ya Jos ryahirimye mugihe abanyeshuri bari mwishuri mugitondo cyo kuwa gatanu. Abana benshi bahita bisanga munsi y’ibinonko by’iyi nyubako. Abakorerabushake bari…

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA : taliki ya 13 /Nyakanga,hasojwe inama ya Berlin mu Budage yarangiye hasinywe amasezerano yo kwigabanya ibihugu bitandukanye ku isi [Berlin Conference naho Claude Antoine Capon de Château-Thierry abona izuba

Ku wa Kane, tariki ya 13 Nyakanga 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 06 Kamena 2023. 2. Inama y’Abaminisitiri yagejejweho amavugururwa y’ingenzi ateganyijwe mu rwego rw’ubuzima. 3. Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira: •…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:APR FC ikomeje kwereka igihandure  amakipe muri Tanzania, Fiston Kalala Mayele yongeye  kwandika amateka akomeye mu mupira  wo muri Africa

Mu mukino wa karahabutaka  mu gihugu cya Misiri  ikipe ya  Al Ahly  byarangiye itsinze Pyramids FC  ibitego 3-2  gusa Pyramids FC   yagumanye umwanya wa  mbere, gusa ubu irarusha amanota 8 gusa kandi ikipe ya Al Ahly  ifite imikino 4 y’ibirarane.(# Egyptian Premier League) Fiston Kalala Mayele Umunya-Repubulika Iharanira  Demokarasi ya Congo yamaze kuzuza  ibitego 100…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :igikombe cy’isi cyabaye ku nshuro yacyo ya mbere naho Ariel Silvio Zárate abona izuba

Ku ya 13 Nyakanga 1930, Ubufaransa bwatsinze Mexico ibitego 4-1 naho Amerika itsinze Ububiligi ibitego 3-0 mu mikino ya mbere y’igikombe cyisi, yakinnye icyarimwe i Montevideo, muri Uruguay. Umukino w’Ubufaransa na Mexico wakinwe kuri Estadio Pocitos imbere y’imbaga y’abantu bagera ku 3.000, mu gihe abantu bagera ku 15,000 bareba Amerika n’Ububiligi kuri Estadio Parque Central….

Read More

Ntwari Fiacre ashobora kwisanga agiye gutozwa nu umutoza watozaga “Mangwende” doreko arimunzi zisohoka mu ikipe yakiniraga!

Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda  “Amavubi”  Fiacre Ntwari yaba agiye kwerekeza mu ikipe ya  Kaizer Chiefs yomu gihugu cya Africa y’Epfo avuye mu ikipe ya TS GALAXY yomuri icyo gihugu n’ubundi aho ashobora gutangwaho asaga $400K Hirya nohino ku isi isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rirarimbanyije  ndetse no mu gihugu  cya  Africa y’Epfo ahabarizwa uyu mukinnyi…

Read More

Burkina Faso nayo yiyongereye ku rutonde rw’ibihugu byinshi byo muri Africa byamaganye ubutinganyi

Leta ya Burkina Faso yamaze gushyiraho itegeko rihana abaryamana  bahuje ibitsina bazwi nka abatinganyi nyuma y’ibindi bihugu byinshi muri Africa byafashe iki cyemezo Leta y’inzibacyuho  ya  Burkina Faso  iyobowe na  Kapiteni Ibrahim Traoré  kuva yajyaho nyuma yo guhirika kubutegetsi bwa Paul-Henri Sandaogo Damiba  hari muri 2022  yatangiye kuvugurura imiyoborere ndetse n’amwe mu mategeko iki gihugu cyigenderaho ,…

Read More

BREAKING NEWS : Umuyobozi wa Polisi ya Kenya Japheth Koome yeguye ku nshingano ze ;umwungiriza we ahita amusimbura

Umuyobozi wa Polisi ya Kenya, Japheth Koome, yeguye ku nshingano ze ahita asimburwa by’agateganyo na Douglas Kanja wari Umwungirije. Koome yeguye kuri uyu wa Gatanu nyuma y’uko Polisi ya Kenya yanenzwe uko yitwaye mu guhosha imyigaragambyo y’abaturage ,Umugenzuzi mukuru wa Polisi Japhet Koome yeguye naho Umuyobozi wungirije akaba n’umugenzuzi mukuru w’igipolisi cya Kenya Douglas Kanja…

Read More

Harabura Iminsi 3 ngo amatora abe: Uko umunsi wa 20 wo Kwiyamamaza ku bakandida perezida n’abakandida Depite wagenze na gahunda y’umunsi ukurikiyeho.

Uyu munsi wo kwiyamamaza,abakandida perezida bose batatu n’abakandida depite mu byiciro bitandukanye , bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, bageza ku baturage imigabo n’imigambi yabo muri iyi manda izatorerwa ku wa 15 Nyakanga,2024. Umukandida wingenga Philipe Mpayimana yakomeje ibikorwa bye byo Kwiyamamaza mu karere ka Kicukiro i Gikondo. Uyu mukandida Kandi…

Read More