Dore abakinnyi icumi bari guhabwa amahirwe yo kwegukana Ball d’or

Nyuma y’isozwa ry’amarushanwa akomeye y’iburayi yaba igikombe cy’uburayi n’amashampiyona atandukanye ,ubu hari kwibazwa ugomba kwegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi cyizwi nka Ballon d’or. Euro 2024 na Copa America zombi byaje kurangira ku cyumweru nijoro nyuma yukwezi kose kwimikino, ibihangange bitandukanye ku mugabane w’iburayi biri gutekereza uko byakitegura umwaka utaha w’imikino mushya. Ku cyumweru, Espagne…

Read More

Ubufaransa : Ubwegure bwa minisitiri w’intebe bugiye guteshwa agaciro kubera imikino olempike

Minisitiri w’intebe w’ubufaransa ashobora kuza kuguma kuri izi nshingano by’agateganyo n’ubwo yari yatangaje ubwegure bwe kubera imikino olempike igiye kubera muri iki gihugu . Biteganijwe ko Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, araza guha umugisha ubwegure bwa minisitiri w’intebe we Gabriel Attal bitarenze ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nyuma y’uko ishyaka ryabo ry’abakristu ryatsinzwe mu…

Read More

ECUADOR : toni 6 za cocaine zasanzwe muri kontineri zari zijyanye ibitoki mu budage

Polisi ya Ecuador yatangaje ko imbwa zicunga umutekano zo mu bwoko bwa Sniffer zasanze toni 6.23 za cocaine zihishe mu ibitoki byari bigiye koherezwa mu mahanga. Polisi yavuze ko basanze ibiyobyabwenge byinshi bya Cocaine mu gihe cyo kugenzura buri kontineri yagombaga koherezwa ku cyambu cy’amazi maremare ya Posorja mu majyepfo y’iburengerazuba bw’umujyi munini wa Ecuador…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Arafunze acyekwaho kwiba Kwizera Olivier, nyuma yo kubafasha gutwara Afcon yahisemo kubasezera!

Augustin Senghor wari pereZida w’ishyirahamwe  rya ruhago  muri Senegal  yamaze gutangaza ko yavuye kuri izi nshingano zo kuyobora umupira wa  Senegal, kungoma ye ikipe y’igihugu ya Senegal yatwaye  igikombe cya Africa ndetse hazamuka  na bakinnyi benshi babanya Senegal bagiye Iburayi.(#MickyJr) Wydad yo mu gihugu cya Morocco mu rwego rwo kwitegura umwaka  utaha w’Imikino wa 2023-2024…

Read More

APR FC imanuye abataka babiri bakomoka muri Nigeria

APR FC biravugwa ko iri mu biganiro n’aba rutahizamu bagera kuri babiri bakomoka mu gihugu cya Nigeria kugira ngo bazayifashe mu mwaka w’imikino utaha wiganjemo amarushanwa nyafurika iyi ikipe y’ingabo z’igihugu izitabira.  ikipe y’ingabo z’igihugu yamaze kumvikana byose na rutahizamu wa Enugu Rangers yo muri Nigeria witwa Chidiebere Johnson Nwobodo kuzayikinira mu mwaka w’imikino utaha….

Read More

UYU MUNSI MU MATEKA;Washington DC yabaye umurwa mukuru wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika naho Larry Sanger abona izuba

uyu munsi kuwa kabiri tariki ya 16/Nyakanga ni umunsi w’ijana na mirongo icyenda na karindwi hakaba hasigaye igera kuri 168 umwaka ukagera ku musozo . Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka: 622: Hatangiye gukoreshwa ingengabihe ya Islam (Islamic calendar). 1377: Umwami Richard II yambitswe ikamba ry’ubwami bw’u Bwongereza. 1790: District of Columbia(Washington DC), yabaye…

Read More

Icyo ishyaka ritavuga rumwe na Leta rya Green Party of Rwanda rivuga kuby’ibanze byavuye mu amatora ya perezida wa Repubulika

Kuri uyu wa mbere nibwo komisiyo y’Igihugu ya amatora yatangaje ko Paul Kagame  ari we uri imbere y’abandi mu majwi y’agateganyo ku mwanya wa perezida wa repubulika, ishyaka Green Party of Rwanda ryemeza ko ryemera ibyavuye mu amatora Ni amatora yabaye guhera ku itariki ya 14 Nyakanga 2024 ku banyarwanda batuye hanze y’igihugu mu gihe…

Read More

TODAY IN SPORTS HISTORY :Urguay yatwaye Brazil igikombe cy’isi naho John Hollins watojeho chelsea abona izuba

Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1950 Umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cya FIFA wabereye kuri Estádio do Maracanã, iherere mu mujyi wa Rio de Janeiro muri Berezile: Alcides Ghiggia yatsinze igitego ku munota wa 79 cyafashije Uruguay gutsinda Brezil, ibitego 2-1. 1955, Juan Manuel Fangio wo muri Arijantine yegukanye…

Read More