KWIBUKA 30: Ambasade y\’u Rwanda muri Niger yifatanije n\’inshuti z\’u Rwanda kwibuka jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994

Kuri uyu wa gatandatu w\’icyumweru dusoje abanyarwanda baba mu gihugu cya Niger nabo bongeye kuzirikana abarenga miliyoni imwe y\’abanyarwanda baburiye ubuzima muri jenoside yakorewe abatutsi muri Mata ,1994. Muri izi impera z\’icyumweru dosoje nibwo abagize diyasipora nyarwanda batuye mu gihugu cya Niger giherereye muri Afurika y\’iburengerezuba bifatanije na abakozi b\’imiryango mpuzamahanga ,abahagarariye ibihugu byabo muri…

Read More

Jean Baptiste Mugimba ufungiye Jenoside yatangaje ko adafashwe neza muri gereza afungiyemo

Urukiko rw’ubujurire mu Rwanda rwategetse urwego rw’ubushinjacyaha gukurikirana ibikorwa by’iyicarubozo bwana Jean Baptiste Mugimba avuga ko ari gukorerwa na gereza nkuru ya Nyarugenge iri i Mageragere. Ibyo byatumye Mugimba kuri uyu wa Kabiri yanga kuburana avuga ko gereza yasuzuguye ibyemezo by’urukiko bituma atabasha gutegura urubanza. Iki cyemezo urukiko rw’ubujurire rwagifashe nyuma y’aho Jean Baptiste Mugimba…

Read More

Sobanukirwa n’amateka ya Rukara Rwa Bishingwe uvugwaho kuba yaba yarishe umuzungu

Amateka y’ibihangange byabayeho mu Rwanda harimo abagiye bagira imyitwarire ifite amateka yihariye n’imvugo zikakaye zifite byinshi zihatse mu mibereho yabo ndetse no mu mateka y’igihugu.Ubimburiye abandi tugiye gutekererezwa imyifatire yamuranze n’imvugo ze, ni Rukara rwa Bishingwe. Icyivugo cye ari na cyo cyari gikubiyemo ibigwi n’ibirindiro bye cyari “Rukara rw’igikundiro, urwa Semukanya Intahanabatatu.” Rukara Rwa Bishingwe…

Read More

Perezida Kagame yatangije ku mugaragaro inama y’abacamanza bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza [Commonwealth]

Perezida Kagame yageze muri Kigali Convention Centre, aho agiye gutangiza ku mugaragaro Inama y’Abacamanza bo mu Muryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth.Iyi nama izwi nka ‘Commonwealth Magistrates’ and Judges’ Association Conference’ yitabiriwe n’abarenga 300 baturutse mu bihugu 45. Uyu munsi tariki ya 9 /Nzeri Muri Kigali Convention Centre hari kubera Inama y’Abacamanza bo mu Muryango w’Ibihugu…

Read More

Sudan : abarenga 60 bapfiriye mu mwuzure watewe n’iturika ry’urugomero rw’amashanyarazi

Abantu benshi bishwe nyuma y’urugomero rwasenyutse mu majyaruguru y’amajyaruguru ya Sudani, byatewe nuko muri iki gihe iki gihugu gihanganye n’imvura nyinshi itera umwuzure uteye ubwoba. Minisiteri y’ubuzima yabanje kuvuga mu itangazo ryagiye ahagaragara ritinze ku cyumweru ko urugomero rwa Arbaat ruherereye mu majyaruguru ya Port Sudani rwasenyutse, rugahitana abantu bane mu mazi y’umwuzure ndetse ko…

Read More

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinzwe irushwa n’iya Nigeria imbere y’Umukuru w’Igihugu

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatakaje umukino wayo wo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, imbere ya Kagoma za Nigeria umukino wa bereye kuri sitade mpuzamahanga yitiriwe Amahoro. Ni umukino wagiye kuba Abanyarwanda bawukaniye ndetse baje ari benshi mu gihe Nigeria yo yarwanaga no kureba uburyo yagaruka muri Kuruse mu itsinda, dore ko bari…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]: Dr Patrice Motsepe uyobora CAF arashaka kwiyongeza indi manda,Aziz Bassane utaremerwaga na Abareyo benshi akomeje kwitwara neza!

Umunyezamu ukomoka muri  Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Lionel Mpasi-Nzau yatsindiye ikipe ye igitego mu minota y’anyuma byatumye ikipe ye ya Rodez ibona inota rimwe imbere  ya  Lorient, hari ku mupira wari uvuye muri koruneri nawe yavuye mu izamu aje gushaka igitego yanabonye ku munota wa 90+7’ w’umukino.(France League 2) Umunya-Africa y’Epfo Dr Patrice Motsepe…

Read More