TODAY IN SPORTS : taliki ya 3 /Nyakanga,Romania yakuyemo Arijantine mu gikombe cy’isi naho Sebastian Vettel abona izuba

Uyu munsi Taliki ya gatatu /Nyakanga ni umunsi w’185 mu igize uyu mwaka ukaba usigaje iminsi 181kugirango ugere ku musozo dushingiye kuri calendar ya Gregor . Bimwe mu byaranze iyi taliki mu isi ya siporo: 1927: Gerard de Courcelles yapfuye azize impanuka mu birori byabereye muri Grand Prix y’Abafaransa i Montlhery. 1932 Nyuma yimyaka 30…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda yasinyiye ikipe izakina CAF Confederations Cup

Myugariro w’Umunyarwanda, Buregeya Prince, wakiniye AS Kigali mu mwaka ushize w’imikino 2024-2025, yamaze kwerekeza muri Nairobi United FC yo muri Kenya. Iyi kipe igiye gukina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya (Kenyan Premier League) mu mwaka mushya w’imikino tugiye kwinjiramo, ikaba izanahagarari Kenya mu mikino Nyafurika ya CAF Confederations Cup umwaka w’imikino 2025-2026. Nairobi United…

Read More

Paper Talk: Erling Haaland Kuba muri city! ibyo Hansi Flick atekereza kuri Joao Felix,Paris St-Germain kuri NapoliKhvicha Kvaratskhelia

Manchester City ntakindi kintu irigutekereza usibye kongerera amasezerano umunya  Norway Erling Haaland, 23, nyuma y’uko Real Madrid ya muvugwagaho ya maze kugura  Kylian Mbappé byo ngerera amahirwe  Manchester city ko ya mugumisha  Etihad. (#Mirror) Arsenal  ya tangiye gukusanya amakuru ku musore wa FC Barcelona w’Imyaka,19, Mikayil Faye myugariro ukomoka mu gihugu cya  Senegal, Mikel Arteta ari gutekereza…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko Umujyi wa Kigali ugiye gucutsa Kiyovu Sports na Gasogi United

Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Claudine yatangaje ko nta gahunda ihari yo kureka gutera inkunga amakipe awubarizwamo basanzwe bakorana harimo nka, Gasogi United, Kiyovu Sports, ngo basigarane na AS Kigali gusa. Aya makipe yombi, akina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda “Rwanda Premier League” asanzwe abona amafaranga avuye mu mujyi wa Kigali mu rwego…

Read More

Paper Talk[Rwanda&Africa]:Ikipe ya Mangwende igiye kubona umutoza mushya, APR FC na CECAFA KAGAME CUP 2024  byashyushye!

Umunya-Tanzania Yusuph Kagoma w’Imyaka  28  yamavuko yamaze gusinyira ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania nubundi yo mu gihugu yari avuyemo dore ko yatozaga ikipe ya Singida , uyu musore ukina mu kibuga hagati yugarira  ,Simba ikomeje gukora ibishoboka byose ngo izahangane na Young Africans mu mwaka utaha w’Imikino nyuma yuko Young Africans yegukanye ibikombe bitatu…

Read More

Ali Khamenei yatorewe kuba umuyobozi mukuru wa Repubulika y’igihugu cya Iran,Joseph Kabila Kabange na Angelina Jolie baravuka…taliki ya 4/kamena mu mateka

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 4 Kamena mu mateka, ni umunsi wa 156 mu igize umwaka, hasigaye 210 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu mwaka mu mateka: 1794: Ingabo z’Abongereza zafashe ikirwa cya Port-au-Prince, mu gihugu cya Haiti. Mu 1812 Inteko Nshingamatego ya Leta Zunze Ubumwe z\’Amerika yemeje itegeko ryo gutangiza intambara ku Bwongereza….

Read More

Gasabo : Umukobwa arashinjwa kubyara agata uruhinja mu musarane

Mu karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umwana w’umukobwa w’imyaka 17 wataye umwana we yari amaze kubyara mu musarani ndetse akaba yarabifashijwemo n’umusore w’imyaka 33 wari waramuteye inda . Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje ko rwakiriye ikirego cy’umwana w’umukobwa ufite imyaka 17 ukirikanyweho icyaha cyo kwiyicira umwana yabyaye amunigishije igitambaro hanyuma akamuta mu bwiherero…

Read More

CAF yadabagije amakipe azitabira ‘CHAN’ kubera amafaranga yashyizwemo

Mu gihe guhera tariki 02 kugeza ku ya 30 Kanama 2025, hategerejwe itangira ry’igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo ‘CHAN’ hamaze kongerwa amafaranga azahabwa amakipe azitabira iri rushanwa. Impuzamashyirahamwe ya Ruhago muri Afurika “CAF” yongereye muri rusange amafaranga ryashyiraga muri iri rushanwa aho yagejejwe kuri miliyoni 10.4 z’amadorali gusa amakipe azabona amafaranga hakurikijwe…

Read More