Uganda Cranes mu rugendo rwo gushakisha itike y\’igikombe cy\’ isi 2026.

Ikipe y\’igihugu ya Uganda \”Uganda Cranes\” itozwa n\’ umubiligi Paul Josep Put, mu myiteguro yo gushakisha itike y\’igikombe cy\’isi kizabera mu bihugu bitatu byo muri America y\’ epfo aribyo; canada, Mexico na USA. harabura iminsi ibiri iyi misambi ya Uganda igacakirana na ekipe y\’igihugu ya Botswana batazira Dipitse \”The Zebra\” itozwa n\’umutoza w\’umuFaransa Didier Gomez…

Read More

Rustiro ihoreye mwenewabo wo mu burengerazuba! yongera no gukora ku uburyohe bw’ikiciro cya mbere[ibyaranze imikino yombi yabaye]

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 05 kamena,2024 hakinwaga umunsi wa gatanu w’imikino  ya kamarampaka(play-offs) y’ikiciro cya kabiri mu Rwanda 2023/2024 harebwa amakipe abiri azakina icyiciro cy\’ambere umwaka utaha w’imikino aho Vsion na Rutsiro zazamutse mu cy’iciro cya mbere . Rutsiro 2-0 AS Muhanga, n’umukino wari ukomeye cyane kubera ko As Muhanga ya gombaga gutsinda…

Read More

Transfert ziravuza ubuhuha mu Rwanda;Rayon sports Ku isoko ry\’igura n\’igurisha

ikipe ya Rayon sports binyuze ku ushinzwe kubashakira abakinnyi wabo witwa Emmy fire ,iyi ikipe bakunze gutazira Murera yamaze kugaragaza ko yifuza abakinnyi benshi bagiye batandukanye guhera ku umuzamu ,ba myugariro ,abakina hagati ndetse naba rutahizamu . Nyuma yuko Ishyirahamwe ry\’umupira w\’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ifatanije n\’ubuyobozi bwa Rwanda Premier League bushyizeho ingengabihe ya shampiyona…

Read More

Uko u Rwanda ruhagaze mu bukungu ku ruhando rw\’isi

Inama y\’ubwanditsi y\’ikinyamakuru Daily Box kuri iyi nshuro yabakoreye raporo ngufi igaragaza uburyo igihugu cy\’u Rwanda gihagaze kuri raporo y\’imiryango mpuzamahanga igiye itandukanye ikora ubushakashatsi bwimbitse ku bukungu bw\’ibihugu . U Rwanda nk\’igihugu gifite ubuso buto bungana na kilometero kare 26,338 kandi kikiri mu nzira ya amajyambere byiyongera ku kuba cyaragiye gica mu mateka asharira…

Read More

Transfert;Bruno fernandez na Zinchenko bari muri benshi bifuzwa na Bayern Munich ya vincent Kompany

 Nkuko ushinzwe ku mushakira amakipe ( Agent) bita Miguel Pinho yatangarije ikinyamakuru “ O Jogo” cy\’iwabo muri Portugal ko ibiganiro byatangiye n’ikipe ya Bayern Munich ku kuba yasinyisha uyu mukinnyi kugeza ubu ukinira Manchester united. Nyuma yuko Vincent company agizwe umutoza mushya wa Bayern munich dore zimwe mu ntwaro yiteze gusinyisha. Bruno Fernandez yongereye amasezerano…

Read More

Abakristu Gatolika batambagije Isakaramentu ritagatifu banashengerera Yezu kristu wazutse, Ese iri sakaramentu rivuze iki kuribo ?

Kuri iki Cyumweru cya cyenda gisanzwe ku ngengabihe ya Kiliziya Gatolika, abakrisitu hirya no hino mu ma paruwasi atandukanye baramukiye mu muhango wo gutambagiza isakaramentu ritagatifu. Uyu ni umwe mu minsi ikomeye muri kiliziya gatolika kuko ni umwe muyibukwa ikanazirikanwaho nk\’ugucungurwa kwa muntu n\’isezerano Umwami Yezu kristu yagiranye na bene muntu abaha umugati na Divayi…

Read More

Uefa Champions League final; Dortimund vs Real Madrid,11 bashobora kubanzamo ,kuraguza intsinzi umutwe ndetse n\’andi makuru avugwamo

Kuri uyu wa gatandatu, taliki 1/ kamena, Real Madrid na Borussia Dortmund ziraza guhura kumukino wanyuma wa Champions League .uyu mukino ugiye guhuza aya amakipe yombi mu gihe Real Madrid iraza kuba ihatanira gutwara igikombe cyayo 15 mu mateka yayo ndetse kikaba icya mbere kuguhera mu 2022 kuko nibwo igiheruka , Borussia Dortmund irashaka gutwara…

Read More